Ubusazwe ya mirimo yo murugo ikorwa n’abagore nko guteka kuvoma, gukora isuku ndetse no kwita kubana, usanga ntagaciro ihabwa n’abagabo kuko bavuga ko ntakazi abagore babo baigira.
Bamwe mu bagore batuye mu cyaro bavuaga ko mu mirimo bakora imirimo izvunanye kandi idahabwa agaciro.
Abagore batuye mu murenge wa Nyanza mu karere ka Gisagara baganiriye n’ikinyamakuru mamaurwagasabo, bavuga zimwe mu mvune bahura zirimo kuvoma kure, kutabona ibicanwa. Sibyo gusa ngo no kutabona umwanya wo kuruhuka n’ingorane kuribo.
Mukamana Mariya yagize ati”iyo tubyutse nkasakumi nimwe jya guhinga umugabo nawe akajya gusha aho akora akaraka, nanjye iyo mbinguye jya gushaka amazi iyo mu kabande akandi tugenda nkamasa atatu kugenda no kugaruka autongeyemo amasaha tumara yo kuko haba agasoko baba bakarwanira ukanga kuvoma ikiziba,navayo nkajya gushaka inkwi mumashyamaba nkotoroguramo ibishangara byibibabi byi nturusi nabyo arukubyiba nyirabyo muhuriyemo yakugira nab, ibyo byose mbikora mpetse umwana urumva ko guteka na byo biba bintegereje niyo utinze guhisha wa mugabo wavuye mukiraka yagiye kwingwera agacupa yasanga utarahisha induru ikarota nkaba muribyo kugeza ijoro riguye nkirambikaho bukaba buracyeye, umugabo ntashobora kujya kuvomo nindi miri nkiyo nubikoze bavuga ko umugore yamuroze ”
Umunyamabangashinga bikorwa w’umurenge wa Nyanza Renzaho Damascene avuga ko ari ikibazo kizwi ariko barimo kugishakira igisubizo, akangurira abagore n’abagabo gufashanya.
yagize ati”Ikibazo cy’amazi turagifite muruyu murenge nubwo hari aho bayabonye hamwe akaza rimwe narimwe ariko amavomero arahari ahubwo n’ukureba uburyo ajya aza burigihe kuko mutubande nikure ikindi n’amazi ntaba yizewe ko arimeza,icyibazo cyinki nikibazo gikomeye cyane pe kukousanga abaturage bose badafite amashyama turimo kubashishikariza gukoresha gaze nkuburyo bworoshye ariko ubushobozi buracyari imbogamizi ariko natwe turabibona ko arikibazo”.
Renzaho akomeza avuga ko akuba abagabo baterana agore muriyo mirimo ikomeye bakora na byo nubungwari kuko umugabo niwe warukwiye kujya kuzana amazi kuko arinawe ufite imbara, ntumwana abahetse cyangwa ngo aratwite ibyose nimyumvire abantu bakwiye guhindura ibyo tubigisha burimunsi munama zihuza abaturage,kandi kwigisha n’uguhozaho.
Abagore basaba ko bakorehezwa mukubona amazi hafi ibicanwa kugirango boroherwe niyo mirimo bamo bashe nokugira icyo bakora cyabaha amafaranga kuko kubona ifara aribokomeye kuribo usibye umugabo aribahaye n’abagabo bafashe kuri yo mirimo n’ubwo bwitwa umuco.

















