Friday . 17 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 10 April » Michigan yiyongereye kuzindi leta zibuka Jenoside yakorewe Abatutsi – read more
  • 1 April » Perezida w’u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y’uko ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bufashwe n’inkongi y’umuriro – read more
  • 31 March » Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z’intambara z’Amerika – read more
  • 31 March » Gakenke: Bakusanyije Miliyoni zisaga 200 zo kurengera abatishoboye – read more
  • 26 March » Perezida Kagame :Iterambere ry’amadini n’amatorero n’Igihugu gitera imbere – read more

Hamenyekanye umubare w’Imitwe yitwaje intwaro ikorera ku butaka bwa Congo

Wednesday 19 April 2023
    Yasomwe na

Ibarura rimaze iminsi rikorwa mu Burasirazuba bwa Congo ryagaragaje ko hari imitwe yitwaje intwari igera kuri 266.

Hashize imyaka myinshi mu ntara eshanu zo mu Burasirazuba wa Congo hagaragaramo umutekano muke uterwa n’imitwe yitwaje intwaro, irimo iyashinzwe n’abakongomani ubwabo bahoze mu gisirikare cya Leta, FARDC, kimwe n’indi mitwe yaturutse hanze mu bihugu bituranyi na Congo nka Uganda, u Rwanda n’u Burundi.

Muri iyo mitwe 266, igera kuri 252 niyo ifite inkomoko muri Congo mu gihw indi 14 ari yo ifite inkomoko hanze yayo.

Intara zicumbikiye iyo mitwe ni Kivu y’Amajyepfo, iy’Amajyaruguru, Ituri, Tanganyika na Maniema.

Mu kiganiro n’itangazamakuru, Tommy Tambwe Ushinfi ukuriye gahunda yo gusubiza mu buzima busanzwe abahoze ku gisirikare n’indi mitwe yitwara nkacyo (P-DDRDS) yavuze ko iyo ari yo mitwe babashije kumenya.

Yasabye abakongomani bagifite intwaro kuzishyira hasi nkuko bahora babisabwa na Perezida wano Felix Tshisekedi.

Nubwo habarurwa iyo mitwe ariko, Ubutegetsi bwa Congo bivuga ko bubangamiwe cyane n’umutwe wa M23 uyizebgereje, kuko umaze iminsi wubuye imirwano na Leta uyishinja kwica abakingomani benewabo, bityo batazashyira intwaro hasi mu gihe babona benewabo bazira uko bavutse.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru