Thursday . 16 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Hamenyekanye umubare w’Imitwe yitwaje intwaro ikorera ku butaka bwa Congo

Wednesday 19 April 2023
    Yasomwe na

Ibarura rimaze iminsi rikorwa mu Burasirazuba bwa Congo ryagaragaje ko hari imitwe yitwaje intwari igera kuri 266.

Hashize imyaka myinshi mu ntara eshanu zo mu Burasirazuba wa Congo hagaragaramo umutekano muke uterwa n’imitwe yitwaje intwaro, irimo iyashinzwe n’abakongomani ubwabo bahoze mu gisirikare cya Leta, FARDC, kimwe n’indi mitwe yaturutse hanze mu bihugu bituranyi na Congo nka Uganda, u Rwanda n’u Burundi.

Muri iyo mitwe 266, igera kuri 252 niyo ifite inkomoko muri Congo mu gihw indi 14 ari yo ifite inkomoko hanze yayo.

Intara zicumbikiye iyo mitwe ni Kivu y’Amajyepfo, iy’Amajyaruguru, Ituri, Tanganyika na Maniema.

Mu kiganiro n’itangazamakuru, Tommy Tambwe Ushinfi ukuriye gahunda yo gusubiza mu buzima busanzwe abahoze ku gisirikare n’indi mitwe yitwara nkacyo (P-DDRDS) yavuze ko iyo ari yo mitwe babashije kumenya.

Yasabye abakongomani bagifite intwaro kuzishyira hasi nkuko bahora babisabwa na Perezida wano Felix Tshisekedi.

Nubwo habarurwa iyo mitwe ariko, Ubutegetsi bwa Congo bivuga ko bubangamiwe cyane n’umutwe wa M23 uyizebgereje, kuko umaze iminsi wubuye imirwano na Leta uyishinja kwica abakingomani benewabo, bityo batazashyira intwaro hasi mu gihe babona benewabo bazira uko bavutse.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru