Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Inama y’abaminisitiri yakomoreye ubukwe imodoka zemererwà 75%

Wednesday 11 August 2021
    Yasomwe na

Inama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu yemeje imyanzuro itandukanye irimo ko ingendo zitarenza saa Mbiri mu gihe ibikorwa byemewe bifunga imiryango saa moya mu gihe ibiroro by’ubukwe nabyo byemewe batarengeje abantu 50.

Ni imyanzuro ije isimbura imazeho ibyumweru bibiri irimo niyashyize imirenge itandukanye mu gihugu igera kuri 52 muri Guma mu Rugo.

Muri iyi myanzuro harimo kandi ko inama zihuza abantu imbonankubone zitazarenza kwakira abangana na 30% by’ubushobozi bw’icyumba ibereyemo, nabwo abitabiriye bakerekana ikemezo cyuko bipimishije COVID-19.

Imodoka nazo zitwara abagenzi zemerewe gutwara abantu 75% by’ubushobozi bw’imodoka rusange.

Abitabiriye ubukwe nabo ntibagomba kurenga 50 bipimishije baba ku ishyingirwa rikorewe imbere y’Ubuyobozi bwa Leta cyangwa mu rusengero.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru