Thursday . 16 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Ingabo kabuhariwe z’u Rwanda zabonye umuyobozi mushya

Saturday 15 March 2025
    Yasomwe na

Umutwe w’ingabo kabuhariwe zizwi nka "Special Operations Force" wahawe umuyobozi mushya, Brig. Gen. Stanislas Gashugi,

Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera Col. Stanislas Gashugi, amuha ipeti rya Brig. Gen ndetse ahita amuha kuyobora Umutwe w’Ingabo Udasanzwe (Special Operations Force).

Byaturutse mu itanagzo ryasohowe kuri uyu wa 15 Werurwe 2025 na Minisiteri y’Ingabo z’u Rwanda, rivuga kuri izi mpinduka.

Uyu Muyobozi, yaje asimbura Maj. Gen, Ruki Karusisi wajyanywe gukorera ku Biro bya Minisiteri y’Ingabo.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.