Thursday . 16 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

M23 imaze kubona ibikoresho bihagije kubera FARDC

Monday 24 October 2022
    Yasomwe na

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia

Imirwano ihanganishije inyeshyamba za M23 n’ingabo za Leta ya Congo FARDC ikomeje kuba agaterera nzamba [nka kamwe ka Nyina wa Nzamba], ku ko izi ngabo zikomeje gutakaza intwaro zabo ku buryo buteye ubwoba.

Ibi byigaragaje mu mirwano yabaye ku munsi w’ejo, hafi cyane y’umuhanda wa Goma-Rutshuru werekeza GAKO, Kalengera na Rubare.

Izi nyeshyamba zikomeje kugenda zunguka izindi ntwaro zikomeye, ndetse bamwe bakavuga ko gutera izi nyeshyamba ari nko kubagemurira intwaro.

Iyi mirwano yanaje kuvamo gufatwa kwa Ntamugenga, inzira imwe rukumbi abatemberera mu mujyio wa Goma bavuye mu mujyi wa Rutshuru banyuraga.

Ibi byatumye bamwe mubatavuga rumwe na Leta batangira gituka Leta bibaza impamvu izi nyeshyamba ziri kubambura intwaro zabo, aho bivugwa ko bitari bikwiriye.

M23 yambuye izi ngabo intwaro zitandukanye kandi kugeza ubu urugamba ruracyakomeje.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru