Thursday . 16 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more
  • 6 July » Spain na Portugal ziracakirana i Saa 21:00 mu mukino ukomeye uzakugena ikipe ikomeza muri 1/4 cy’Igikombe cy’Isi – read more

Ntazinda wayoboraga Akarere ka Nyanza yageze mu maboko ya RIB

Wednesday 16 April 2025
    Yasomwe na

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 16 Mata 2025 nibwo habyutse hasakara amakuru yuko umuyobozi w’akarere ka Nyanza yakuwe mu nshingano n’inama njayanama y’akarere, nyuma yo gusanga atubahiriza inshingano ze uko bikwiye.

Byaje gukomeza kuvugwa ko Ntazinda Erasme yaba yanatawe muri yombi n’urwego rw’ubugenzacyaha ariko ntihabonetse igihamya nyacyo kivuye ku rwego rubifitiye ububasha.

Mu masaha make y’igicamunsi, Umuvugizi w’urwego rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr Murangira B. Thierry Bwana Ntazinda afunzwe.

Ati: “Nibyo koko Ntazinda Erasme arafunzwe bishingiye ku iperereza riri kumukorwaho. Nta byinshi twavuga kugeza ubu, kwirinda ko byabangamira iperereza."

Umuyobozi w’Inama Njyanama y’Akarere ka Nyanza, Mukagatare Judith, yabwiye IGIHE ko ihagarikwa rya Ntazinda rishingiye ku myitwarire mibi yagiye imuranga nubwo atasobanuye iyo ariyo.

Ntazinda yari ayoboye Akarere ka Nyanza muri manda ya kabiri, nyuma y’uko mu matora yo mu 2021 yongeye gutorerwa kuyobora ako karere yari amaze imyaka itanu abereye umuyobozi.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru