Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)
Leta zunze Ubumwe za Amerika (USA), zatangaje ko zigiye guha Ukraine imbunda zirasa ibisasu byiruka ibirometero amagana bishobora kugera i Moscow rwagati mu Burusiya birasiwe muri Ukraine.
Ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, byanditse ko ubu Uburusiya buvuga ko hari ibisasu bijya biraswa na Ukraine bikagera mu bilometero 40 uvuye ku mupaka uhuza ibihugu byombi.
U Burusiya buvuga ko uburyo bwose bwabangamira umutekano wabwo mu gihugu imbere, ari ukwishyira mu byago kw’ibihugu birimo (…)
Abaturage bo mu ntara ya Kivu ya ruguru ya DR Congo bagera ku 80,000 bamaze guhunga imirwano y’inyeshyamba za M23 n’ingabo za leta, FARDC, nk’uko bivugwa n’ishami rya ONU rishinzwe ibikorwa by’ubutabazi, OCHA.
iyi mirwano kandi iherutse no kugiraingaruka ku gihugu cy’u Rwanda, aho bimwe mu bisasu byarahswe n’ingabo za FARDC byaguye ku butaka bw’u Rwaanda mu Kinigi no muri Gahunga mu karere ka Burera binakomeretsa abaturage ndetse imitungo imwe irahangirikira.
Iyi mirwano yahereye muri (…)
News
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yatangaje ko ibitero by’ingabo z’Uburusiya mu gihugu cye byiyemeje gusenya buri kintu cyose kiri mu Mujyi wa Donbas.
Ni mu buryo bwo gucungira umutekano no kwagura ahantu hose ingabo z’Uburusiya zafashe mu Burasirazuba bwa Donbas. Abaturage barimo kuvanwa mu mujyi wa Bakhmut.
Ni umugambi Uburusiya bwihaye muri iki gihe buri kuzuza amezi ane kuri uyu wa Gatatu, ingabo zikaba zirimo gusenya umujyi w’inganda wa Severodonetsk zihazenguruka (…)
Inzego z’umutekano muri Uganda zataye muri yombi Sgt Major Robert Kabera nyuma yo gusaka urugo rwe rwe bikekwa ko atunze imbunda mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
Uyu musirikare wamamaye mu muziki mu Ngabo z’igihugu RDF, yahunze u Rwanda mu mpera za 2020 acitse ubutabera akekwaho gusambanya umwana we w’umukobwa ufite imyaka 15.
Bivugwa ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere aribwo yafashwe agafungirwa ahitwa Masanafu muri Kampala.
Uyu mugabo yabwiye abantu bo hafi ye ko inzego (…)
Sheikh Khalifa bin Zayed Al Nahyan wari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE), yitabye Imana azize uburwayi yari amaranye imyaka myinshi.
Leta ya Abu Dhabi yatangaje uru rupfu yavuze ko nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga muri Perezidanse.
sheikh khalifa bin zayed al nahyan yapfuye afite imyaka 73 y’ubukure
Ibi byatumye ibihugu byo mu bigobe bya Peresi bishyiraho icyunamo cy’iminsi 40 guherakuri uyu wa Gatanu ubwo yari amaze gushiramo umwuka.
Visi Perezida (…)
Kuri uyu wa Mbere Peresida w’Ubufaransa, Emmanuel Jean-Michel Frédéric Macron yavuze ko asanga kwinjira kwa Ukraine mu muryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’uburayi (UE) bizatwara imyaka igera kuri zamirongo.
Ybitangarije mu Nteko Ishinga Amategeko ya EU ku cyicaro i Strasbourg mu Majyaruguru y’Iburasirazuba bw’Ubufaransa. Macron yavuze ko Ukraine ishobora kwinjira mu muryango wundi usa nk’Ukuburayi.
Akomeza agira ati, "Ibi byatuma ibihugu bitari ibinyamuryango bya UE bishobora kwinjira mu (…)
Yanditswe na Kagaju Julienne
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, ONU, Antonio GUTERRES, ntiyumva kimwe n’abashaka kohereza abimukira bageze mu Bwongereza na Danmrk bakoherezwa mu Rwanda kandi narwo ruri mu bihugu bikenye.
Mu kiganiro yagiranye na BBC arimo asoza uruzinduko yarimo muri bimwe mu bihugu by’Afurika ari byo Senegal, Niger, na Nigeria, GUTERRES yabwiye umunyamakuru ko ku masezerano aherutse gusinywa hagati y’u Rwanda n’u Bwongereza yo kuzana abimukira mu Rwanda ko (…)
Umuyobozi w’Ingabo zirimo kurwanira mu ruganda rwa Azovstal ruherereye mu mujyi wa Mariupol muri Ukraine yatangaje ko harimo kuba imirwano y’amaraso ikomeye, kandi muri urwo ruganda hakaba hihishe abasivule benshi bahunze imirwano.
Yabitangarije umunyamakuru wa BBC mbere y’uko itumanaho n’abarimo ricika.
Kuri uyu wa gatatu hari ubutumwa bwa mashusho bwoherejwe na Telegramu, komanda Denis Prokopenko yashimiye abasirake be ku bwitange burenze mu guhangana n’abarusiya kandi rwari urugamba (…)
Yanditswe na Kagaju Julienne
Peresida wa komisiyo y’ubumwe bw’Uburayi (EU) Madamu Ursula von der Leyen, yavuze ku bihano bishya bigera kuri bitandatu uwo muryango wafatiye igisirikare, ubukungu, n’itangaza makuru by’uburusiya.
Madame Ursula yatangaje ko nubwo Peresida Vladimir Putin yifuza gusiba Ukraine ku ikarita y’isi atazabigeraho ahubwo atarebye neza igihugu cye aricyo cyavanwa kuri iyo karita.
Mu magambo ye akomeye yagize ati; "Tuzahuza imbaraga twese n’abahuzabikorwa bacu (…)
Intambara Uburusiya bwise ibikorwa bya Gisirikare kuri Ukraine, ikomeje gusenya ibitagira ingano muri iki gihugu ndetse ibisasu bikomeye byatangiye guterwa mu Murwa Mukuru wa Kyiv.
Ibisasu bya rokete byakubise ku murwa mukuru Kyiv wa Ukraine mu ruzinduko rw’umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye (ONU/UN) muri uwo mujyi, kuri uyu wa Gatatu, aho yanenze akanama k’umutekano k’uyu muryango aboyoboye.
António Guterres yavuze ko ako kanama kananiwe gukumira cyangwa gusoza intambara yo (…)
Mushikiwabo nk’umukandida uzahagarira u Rwanda ku buyobozi bwa OIF
13 January 2026, by Valens NzabonimanaGasabo na Nyarugenge babonye ababahagariye bashya muri Green Party
14 December 2025, by Valens Nzabonimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























