Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n'ibiyobyabwenge

Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)

Uganda hari ibitaro bikorera munsi y'igiti
Uganda hari ibitaro bikorera munsi y’igiti

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Ibitaro bya Atutur mu Karere ka Kumi bikorera munsi y’igiti kubera ibikoresho bike ndetse n’abarwayi bakirirwa munsi y’igiti.
Dr. Sarah Asio akaba ari umuganga muri iki kigo, yabwiye The Monitor ko ivuriro bayobora ryakira abantu 700 bafite indwara yo mu maraso n’abandi 400 barwaye diyabete.
Aho yivugiye uko byatangijwe kubera agahinda yatewe n’abarwayi yabonaga bababaye agira, ati “Nubwo ibintu bitameze neza, nakozwe ku mutima n’imibabaro y’abarwayi. (…)

424 Shares 4 Comments
Ukraine: US iravuga ko Iran igiye guha Russia indege za drones
Ukraine: US iravuga ko Iran igiye guha Russia indege za drones

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Iran iteganya guha Uburusiya indege zitagira abapilote, zizwi nka drones, zishobora kuba zibarirwa mu magana, zo kwifashisha mu ntambara yise ibikorwa bya Gisirikare muri Ukraine, zimwe muri zo zifite ubushobozi bwo gukoreshwa mu ntambara nk’uko umuyobozi mukuru mu biro bya Perezida wa Amerika abivuga.
Jake Sullivan, Umuyobozi wo mu biro bya Perezida, White House mu by’umutekano w’igihugu avuga ko amakuru Leta Zunze Ubumwe za Amerika yerekanye ko Irani (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida wa Sri Lanka yahungiye ku kibuga cy'indege
Perezida wa Sri Lanka yahungiye ku kibuga cy’indege

Ku wa gatandatu, Perezida wa Sri Lanka, Gotabaya Rajapaksa yahunze ingoro ya Perezida i Colombo arinzwe n’amato mbere gato yuko ibihumbi by’abigaragambyaga barenga ikigo bagambiriye kumusanga mu biro ngo bibonanire imbonankubone bamwibarize aho yerekeza ubukungu bw’igihugu.
Amakuru yabyutse kuri uyu wa mbere aravuga ko Perezida wari Gotabaya yari yajyanywe hafi y’ikibuga cy’indege mpuzamahanga, abayobozi avuga ko azahungira mu mahanga.
Nyuma y’amasaha make, umuvugizi w’inteko ishinga (…)

424 Shares 4 Comments
Shinzo Abe byarangiye ahitanywe n'amasasu yarashwe
Shinzo Abe byarangiye ahitanywe n’amasasu yarashwe

Uwabaye Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani, Shinzo Abe, warashwe ari gutambutsa imbwirwaruhame yapfuye azize ibikomere byo kuraswa tariki ya 8 Nyakanga 2022.
Shinzo Abe wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani, warashwe ari gutambutsa imbwirwaruhame muri iki gitondo agahita ajyanwa mu Bitaro igitaraganya, ari naho yaguye.
Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru mu Buyapani, cyatangaje Shinzo Abe w’imyaka 67 y’amavuko, yapfuye nyuma yo kuraswa.
Iki kigo cyatangaje urupfu rwa Shinzo Abe nyuma (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ubuzima bw'uwahoze ari Minisitiri w'Intebe mu Buyapani buri hagati y'urupfu n'umupfumu
Ubuzima bw’uwahoze ari Minisitiri w’Intebe mu Buyapani buri hagati y’urupfu n’umupfumu

Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’Ubuyapani Shinzo Abe yarasiwe mu birori yari arimo mu mujyi wa Nara. Umuyobozi wa Tokyo niwe wavuze ko ubu ubuzima bwe buri hagati y’urupfu n’umupfumu kuko amerewe nabi cyane.
Uyu wahoze ari minisiri w’intebe kuri ubu yari afite imyaka 67. Gusa yarasiwe mubirori muruhame aho kuko yahise yikubita hasi nyuma yo kuraswa amasasu 2 nk’uko BBC ibivuga.
Umunyamabanga mukuru wa guverinoma yavuze igihe yarasiwe anamaganira kure icyo gikorwa cyabayeho akita icya (…)

424 Shares 4 Comments
M23 yahakanye ko itazava mu birindiro byayo nk'abenegihugu
M23 yahakanye ko itazava mu birindiro byayo nk’abenegihugu

Ynditswe na Nimugire Fidelia
Umuvugizi w’Umutwe wa M23 , Maj. Willy Ngoma yatangaje ko batiteguye gukurikiza ibyanzuriwe i Luanda muri Angola n’abakuru b’igihugu by’u Rwanda na Congo mu myanzuro yabo, ivuga ko umutwe wa M23 ugomba gushyira intwaro hasi ndetse ukava mu birindiro wihaye ku butaka bwa Congo.
M23 yahise ivuga ko ntahandi bajya hatuma bava mu birindiro barimo kuko nabo ari abenegihugu bakwiye kumvwa icyo bashaka kandi basezeranyijwe.
Ibiro bya perezida wa Congo byavuze ko u (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
M23 yirukanye ingabo za Congo mu duce 15 dukikije ibirindira byayo
M23 yirukanye ingabo za Congo mu duce 15 dukikije ibirindira byayo

Umutwe wa M23 ukomeje gutera ubwoba ingabo za Congo (FARDC) kuva batangira imirwano mu minsi ishize, M23 mu itangazo yatangaje yavuze ko imaze kuvana ingabo za FARDC hamwe n’abazifasha mu duce 15 twegereye ibirindiro byayo.
Aya makuru y’ifatwa rya turiya duce yashimangiwe na Bertrand Bisimwa, Perezida wa M23 mu butumwa buherekeje itangazo yashyize kuri Twitter.
Yanditse ati “Abarwanyi bacu bafashe uduce twinshi nyuma y’uko ingabo za Congo, FARDC n’abazifasha zimaze igihe zirasa ibirindo (…)

424 Shares 4 Comments
Imodoka za Perezida Buhari zagabweho igitero
Imodoka za Perezida Buhari zagabweho igitero

Urukurikirane rw’imodoka rw’itsinda rya Perezida wa Nigeria Muhammadu Buhari zagabweho igitero n’abagabo bitwaje intwaro. Ibyo byabaye igihe bari bagiye mu ruzinduka ku ivuko rya Perezida w’iki gihugu mu gutegura umunsi mukuru Eid-ul-Adha.
Abakomeretse ni abantu babiri bagize itsinda ry’abashinzwe umutekano we n’abashinzwe gutangaza amakuru ni bo bakomeretse, nkuko bikubiye mu itangazo rya Garba Shehu, umuvugizi wa Perezida Buhari.
Urwo rukurikirane rw’imodoka ni urw’izari zagiye imbere (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umusirikare wa Uganda yishe abasirikare babiri muri Congo
Umusirikare wa Uganda yishe abasirikare babiri muri Congo

Yanditswe na Nimugire Fidelia
Umusirikare w’ingabo za Uganda woherejwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yivuganye abasirikare bagenzi be babiri ku butaka bwa Congo mu Burasirazuba bw’umujyi wa Beni.
Ni umusirikare woherejwe muri Congo mu Gushyingo 2021 ku butumwa bwo guhangana n’umutwe witwara gisirikare wa Allied Democratic Forces (ADF) uhora uzengereza ubutegetsi bwa Museveni.
Uyu musirikare yarashe bagenzi be babiri, bakorana mu ngabo z’umutwe uhuriweho w’ibikorwa bya (…)

424 Shares 4 Comments
Amerika yagize icyo ivuga ku mwuka mubi uri hagati y'u Rwanda na Congo
Amerika yagize icyo ivuga ku mwuka mubi uri hagati y’u Rwanda na Congo

Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ububanyi n’Amahanga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Antony Blinken, yashimangiye ko ibiganiro ari byo bizazana amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC.
Blinken yifashishije imbuga nkoranyambaga ze, aho yashimiye Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta, ku musanzu w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba mu gushaka amahoro arambye muri congo.
Yagize ati “Nagiranye ibiganiro uyu munsi na Perezida Kenyatta mushimira uruhare rw’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru