Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n'ibiyobyabwenge

Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)

U Rwanda rwinjiye mu kibazo cya Teta Sandra
U Rwanda rwinjiye mu kibazo cya Teta Sandra

Hashize iminsi ku mbuga nkoranyambaga hagaragara amafoto y’ibisari n’ibikomere by’umukobwa w’umunyarwandakazi uzwi nka Teta Sandra, washakanye n’umuhanzi wo muri Uganda uzwi nka Weasel, ari nawe bivugwa ko amukubita akanamuhoza ku nkeke.
Ni inkuru yahagurukije bamwe mu banyarwanda batari bake, ndetse na bamwe mu banya-Uganda barimo n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka akaba n’umuhungu wa Museveni Gen. Muhoozi Kainerugaba, wagaragaje ko kera nta mugabo wakubitaga umugore. (…)

424 Shares 4 Comments
Congo: UNHCR ntigishoboye kwita ku mpunzi kubera ubushobozi bucye
Congo: UNHCR ntigishoboye kwita ku mpunzi kubera ubushobozi bucye

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye (UN) ryita ku mpunzi UNHCR riri muri Congo, ryatangaje ko kubera ubushobozi bucye ritagishoboye kwita bikwiriye ku bibazo by’impunzi bikomeza kwiyongera nk’uko impunzi nazo zikirimo kwiyongera.
Iri shami rivuga ko kugeza tariki 30 Kamena 2022, kuri miliyoni 225$ yari akenewe gukoreshwa mu mwaka wose 19% gusa ari yo yari amaze kuboneka.
Itangazo rya UNHCR ishami rikorera muri Congo rivuga ko ibi bigira ingaruka zikomeye ku (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Mali yacyuriye Macron ku ruhare u Bufaransa bwagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Mali yacyuriye Macron ku ruhare u Bufaransa bwagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Ubuyobozi bw’igisirikare cyafashe ubutegetsi muri Mali bwarakajwe cyane n’amagambo Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yavugiye muri Guinée Bissau ku wa 28 Nyakanga, bituma bugarura iby’uruhare igihugu cye cyagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Iri tsinda rya gisikare muri Mali ryasabye Macron kureka imyitwarire y’u Bufaransa ya gikoloni no guhagarika kunenga ingabo za Mali rimushinja kwenyegeza urwango rushingiye ku moko.
Umuvugizi wa Guverinoma ya Mali, Colonel Abdoulaye (…)

424 Shares 4 Comments
DR Congo: Abantu 4 bahitanwe n'amashanyarazi mu myigaragambyo ya Uvira
DR Congo: Abantu 4 bahitanwe n’amashanyarazi mu myigaragambyo ya Uvira

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Ubutumwa bw’umuryango w’abibumbye bari kubungabunga amahoro muri Congo, MONUSCO, bwemeje ko abantu bane bapfuye bishwe n’amashanyarazi mu mujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y’Epfo.
Ni mu myigaragambyo ikomeje yo kwamagana ubutumwa bwa UN muri Congo, MONUSCO, byatangiye nyuma gato yah umuyobozi mukuru wabwo avuze ko inyeshyamba za M23 zikomeye kurusha igisirikare gisanzwe bigoye kuzitsinda.
Twitter ya MONUSCO yavuze ko ibyo byabaye ku wa gatatu hafi y’ikigo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
DR Congo: 15 bamaze kugwa mu mvururu n'ubwo MONUSCO ibihakana
DR Congo: 15 bamaze kugwa mu mvururu n’ubwo MONUSCO ibihakana

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Abasivile 12, abapolisi babiri n’umusirikare umwe wa MONUSCO ni bo bamaze gupfira mu mvururu zirimo imyigaragambyo n’ubusahuzi byo kwamagana izi ngabo za UN muri Congo, nk’uko abayobozi babivuga, gusa ngo nubwo bimeze gutyo MONESCO irahakana kwica abo bigaragambya.
Ubutumwa bw’umuryango w’abibumbye buri kubungabunga amahoro muri Congo, MONUSCO, buvuga ko umusirikare umwe n’abapolisi babiri babo biciwe mu gitero bagabweho n’abitwaje intwaro, naho undi (…)

424 Shares 4 Comments
Goma: Inyubako za MONUSCO ziramutse zisahurwa
Goma: Inyubako za MONUSCO ziramutse zisahurwa

Yanditswe na Nimugire Fidelia
I Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa kabiri haramutse ibikorwa byo gusahura inyubako za MONUSCO, nyuma y’imyigaragambyo yo kuwa mbere nayo yabayemo ubusahuzi no gutwika.
MONUSCO yamaganye ibitero ku nyubako zayo i Goma ivuga ko amahoro atazabonekera “mu mvururu”.
Imyigaragambyo ikomeye yabaye mu ijoro ryo kuwa mbere aho yabayemo gusahura no gutwika zimwe mu nyubako za MONUSCO ziherereye i Goma.
Mu gitondo kuri uyu wa kabiri (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
MI6 yavuze ko Uburusiya buri hafi gucika intege muri Ukraine
MI6 yavuze ko Uburusiya buri hafi gucika intege muri Ukraine

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umuyobozi mukuru w’Irwego rw’Ubutasi bw’Ubwongereza mu mahanga, Richard Moore avuga ko Uburusiya buzarushywa no gukomeza igikorwa cya gisirikare cyabwo kuko Ukraine ishobora kuba yabuhindukirana ikabutsinda iriya ntambara bwatangije.
Umukuru wa MI6, yavuze ko Uburusiya bwananiwe bikomeye kugera ku ntego zabwo za mbere, ari zo gukuraho Perezida wa Ukraine, gufata Umurwa Mukuru Kyiv no kubiba umwuka mubi wo kutumvikana muri biriya bihugu byo mu Hurengerazuba (…)

424 Shares 4 Comments
Sultan Makenga wa M23 yavuze icyakorwa ngo abone kwishyikiriza ubutabera
Sultan Makenga wa M23 yavuze icyakorwa ngo abone kwishyikiriza ubutabera

Umugaba Mukuru w’ingabo za M23, Gen Sultan Makenga yavuze ko Leta ya Congo yubahirije amasezerano basinyanye yahita yishyikiriza ubutabera Mpuzamahanga ahora akangishwa amanywa n’ijoro.
Uyu mugabo ufite ubuhanga bwihariye mu bya gisirikare mu gutegura intambara, mu mpera z’ukwezi gushize ingabo za leta ya Congo zatangaje ko zamurashe bikomeye hamwe n’abandi basirikare bakuru ba M23 ngo “biciwe mu mirwano muri Teritwari ya Rutchuru.”
Gusa ntibyateye kabiri Gen. Sultan Makenga yahise (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abakorera mu dukiosque ku mupaka wa Katuna bari mu marira
Abakorera mu dukiosque ku mupaka wa Katuna bari mu marira

Abacuruzi bakorera mu tuzu tuzwi nka kiosk mu karere ka Kabale ku mupaka wa Uganda n’u Rwanda, Uganda bahawe igihe gito nyuma yuko inzego z’ubuyobozi zibabwiye ko zigiye kufunga ubucuruzi bwabo ndetse zisenye n’ibikorwa byabo kubera ko bakorera ku mihanda.
Bwana Josephat Mukamaniwe w’imyaka 44 utuye muri Mayengo-kinyogo ward Katuna town council mu karere Kabale numwe mu bahuye n’iryo fungirwa ry’ibikorwa.
Yavuze ati: "Maze imyaka 18 nkorera muri aka kazu hano ku mupaka, nkora (…)

424 Shares 4 Comments
Abagize ikipe ya Mitsubishi Rwanda bunamiye uwahoze ari Minisitiri w'intebe w'Ubuyapani Shinzo Abe
Abagize ikipe ya Mitsubishi Rwanda bunamiye uwahoze ari Minisitiri w’intebe w’Ubuyapani Shinzo Abe

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Itsinda ry’abagize inama y’abayobozi b’Ubuyapani bakwirakwiza Greenleaf Motors Limited mu Rwanda no mu Uburundi ku wa kane, tariki ya 14 Nyakanga basuye Ambasaderi w’Ubuyapani mu Rwanda, Masahiro IMAI, kugira ngo bamuhumurize nk’ikimenyetso cy’ubuvandimwe bw’Ubuyapani n’ u Rwanda nyuma y’urupfu rw’uwahoze ari Minisitiri w’intebe w’Ubuyapani Shinzo Abe.
Ku wa gatanu ushize, tariki ya 8 Nyakanga, uyu musaza wari ugeze ku myaka 67 nibwo yarasiwe mu ruhame ari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru