Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n'ibiyobyabwenge

Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)

Uruhare ntagereranywa rwa Imbuto Foundation mu guteza imbere abagore mu Rwanda
Uruhare ntagereranywa rwa Imbuto Foundation mu guteza imbere abagore mu Rwanda

Umugore ni inkingi ikomeye mu iterambere rirambye ry’umuryango, bityo iyo ahawe agaciro, uburenganzira bwe bukubahirizwa, ndetse akitabwaho uko bikwiye umusanzu we uba ntagereranywa mu kubaka igihugu.
Imibare yerekana ko abagore ari 52% by’abaturage b’u Rwanda bangana na miliyoni 11.4, kudaha agaciro ubushobozi bwabo no kubasiga inyuma bisobanura neza ko nta terambere ryagerwaho.
Madamu Jeannette Kagame abinyujije mu Muryango Imbuto Foundation, abereye Umuyobozi w’Ikirenga, yabonye kare (…)

424 Shares 4 Comments
Abarwanyi 44 Ba FDLR N'imiryango Yabo Bahawe Igihe Ntarengwa Cyo Kuba Batashye Mu Rwanda
Abarwanyi 44 Ba FDLR N’imiryango Yabo Bahawe Igihe Ntarengwa Cyo Kuba Batashye Mu Rwanda

Abari abarwanyi ba FDLR bari bacumbikiwe mu nkambi ya Walungu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, basabwe gutaha mu Rwanda bitarenze itariki ya 20 Ukwakira 2018.
Iyo nteguza bayihawe ku wa 26 Mata 2018, n’itsinda ry’abagize Guverinoma ya Congo n’indi miryango nka SADC, CIRGL na Monusco.
Iyi nteguza ireba abari abarwanyi 44 ba FDLR ndetse ikaba inareba imiryango yabo igizwe n’abantu 147, bose bacumbikiwe mu nkambi ya Walungu.
Umujyanama muri (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kim Wa Koreya Ya Ruguru Yagiriye Uruzinduko Hanze Y'igihugu Ku Nshuro Ye Ya Mbere
Perezida Kim Wa Koreya Ya Ruguru Yagiriye Uruzinduko Hanze Y’igihugu Ku Nshuro Ye Ya Mbere

Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-un yagiriye uruzinduko muri Koreya y’Epfo, abe akoze amateka atarigeze abaho kuva mu 1953, yo kuba ari we mu Perezida wa Koreya ya Ruguru uba akandagije ikirenge mu iy’Epfo.
Nk’uko BBC ibitangaza, ngo Korea y’Epfo ivuga ko prezida wayo, Moon Jae-in abonana na perezida Kim ahagana saa 09:30 (00:30GMT) zo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Mata 2018.
Ibi biganiro by’akataraboneka ngo ahanini biribanda ku byo Koreya ya Ruguru iherutse gutangaza ko (…)

424 Shares 4 Comments
Itangazo Ry'ibyemezo By'Inama Y'Abaminisitiri Yo Ku Wa Gatanu Tariki Ya 27 Mata 2018
Itangazo Ry’ibyemezo By’Inama Y’Abaminisitiri Yo Ku Wa Gatanu Tariki Ya 27 Mata 2018

Ku wa Gatanu, tariki ya 27 Mata 2018, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 11 Mata 2018.
2. Inama y’Abaminisitiri yemeje ubutaka bwegurirwa Minisiteri y’Ingabo.
3. Inama y’Abaminisitiri yemeje Imbanzirizamushinga y’Ingengo y’Imari y’igihe giciriritse (Budget Framework Paper) hamwe n’imibare y’ikigereranyo cy’Ingengo y’Imari ya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Urukiko Rwa ICC Rwagiyeho Rushyiriweho Isi Yose Ariko Byarangiye Rubaye Urwa Afurika Gusa- Perezida Kagame
Urukiko Rwa ICC Rwagiyeho Rushyiriweho Isi Yose Ariko Byarangiye Rubaye Urwa Afurika Gusa- Perezida Kagame

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), arakemanga imikorere y’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwa ICC, avuga ko rwashyizweho rwitwa urw’Isi ubu bikaba bisa nk’aho rwashyiriweho gukurikirana Abanyafurika gusa.
Perezida Kagame yagarutse ku mikorere ya ICC ku wa 28 Mata 2018, i Kigali, ubwo yitabiraga umunsi wa kabiri w’ibiganiro mu nama yiswe ”Ibrahim Governance Weekend” aganira na Mo Ibrahim, ku mikorere y’inzego za Leta muri (…)

424 Shares 4 Comments
Ibihugu ntibyabanishwa no kwirengagiza amateka akomeye nka Jenoside – Mushikiwabo
Ibihugu ntibyabanishwa no kwirengagiza amateka akomeye nka Jenoside – Mushikiwabo

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, ubutwererane n’ibikorwa by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Louise Mushikiwabo, yashimangiye ko ubuyobozi bushya bw’u Bufaransa burangajwe imbere na Perezida Emmanuel Macron, buri kugaragaza impinduka zifatika mu kuzahura umubano w’ibihugu byombi.
Umubano w’u Rwanda n’u Bufaransa urimo igitotsi giterwa no kuba bamwe mu bayobozi babwo badashaka kwemera uruhare abari abayobozi ndetse n’abasirikare bagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 igahitana (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ese MININTER ya Sheikh Moussa Fazil ntiyaba iri mu marembera?
Ese MININTER ya Sheikh Moussa Fazil ntiyaba iri mu marembera?

U Rwanda rufite Minisiteri 21 ndetse n’ikigo cy’igihugu gishinzwe Iterambere (RDB) gifatwa nka Minisiteri ukwacyo, aho Umuyobozi wa RDB aba ari umwe mu bagize bagize Guverinoma.

424 Shares 4 Comments
Umwiherero wa 15 usanze hakiri ibibazo byabaye agatereranzamba
Umwiherero wa 15 usanze hakiri ibibazo byabaye agatereranzamba

Kuva tariki 26 Gashyantare kugeza kuya 01 Werurwe 2018 , i Gabiro mu Karere ka Gatsibo hazabera umwiherero wa 15 w’abayobozi bakuru b’u Rwanda mu nzego zose.

424 Shares 4 Comments
feature-top
Zimbabwe: Uwahoze ari Umugaba mukuru w'ingabo yirukanye abaganga bagera 15,000
Zimbabwe: Uwahoze ari Umugaba mukuru w’ingabo yirukanye abaganga bagera 15,000

Vice-Perezida wa Zimbabwe Lt. Gen Constantino Chiwenga yirukanye abaganga bagera ku bihumbi 15 nyuma yo kubabuza gukomeza kwigaragambiriza imishahara iri hasi ariko bakavunira ibiti mu matwi.

424 Shares 4 Comments
Uganda: Abishe intare 11 bakatiwe igifungo cya burundu
Uganda: Abishe intare 11 bakatiwe igifungo cya burundu

Abaroze intare zo mu ishyamba rya Queen Elizabeth National Park bakatiwe igifungo cya burundu nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica no gusiga isura mbi igihugu.

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru