Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Ishyaka riri ku butegetsi mu gihugu cya Uganda ryatanze Yoweri Museveni nk’umukandida w’umukuru w’igihugu mu matora ategekanijwe mu 2021. Museveni w’imyaka 74 yaje ku butegetsi mu 1986, azaba agiye kuyobora igihugu cya Uganda kuri manda ya gatandatu.
Mu nama yari iyobowe na Bwana Museveni kuri uno wa gatatu, ishyaka "National Resistance Movement" (NRM) ryumvikanye ariwe ukwiye "gukomeza kuyobora Uganda no muri 2021 na nyuma yaho, kugirango afashe (…)
Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Gashyantare 2019, cyabereye ku kicaro gikuru cya RSSB , umuyobozi mukuru wa RSSB Richard Tusabe , yavuze ko bishimira umusaruro wabonetse mu gihembwe gishize ku bijyanye na serivise batanga ndetse ko ubu hari kunozwa ikoranabuhanga rizabafasha kunoza serivise .
Mu kiganiro cyari gifite intego yo gugaragaza ibyakozwe mu gihembwe cy’ameze atandatu ashize, umuyobozi wa RSSB yabwiye abanyamakuru ko hari ibyo bishimira (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Mu gihe umukuru w’igihugu cya Nigeria Muhammadu Buhari ari gushaka uburyo yakongera wiyamamariza indi manda, ategerezwa kwibagira icatumye atorwa mu myaka ine iheze - kwibagira akahise.
Muri icyo gihe, yari ahagarariye ikiswe "umukubuzo mushyashya", ikimenyetso cy’ishyaka rye ariko ntiyari bwigere atorwa nubwo yari abigerageje inshuro zigera kuri 3. Uyu mugabo akaba yari azwi nk’inyangamugaye utararyaga ruswa ndetse no kuba yari afite ijambo mu (…)
382
Ishyirahamwe ry’iterambere ry’ibihugu byo mu majyepfo y’Afrika (SADC) ryasabye ko hasubira kubarwa amajwi muri Republika ya Demokrasi ya Kongo mu guhosha imishyamirane ituruka ku byavuye mu matora ya prezida.
Iryo shyirahamwe ryo mu karere ririmwo n’igihugu cya Republika ya Demokrasi ya Kongo ryahamagariye abategetsi b’icyo gihugu gushyiraho leta ihuriyemo abakandida baturuka mu mashyakaatandukanye nyuma y’aho hamaganwe ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu.
SADC ivuga ko ishyigikiye ko (…)
Abarwaniye ubwigenge bwa Zimbabwe barasaba ko ikibuga cy’indege mpuzamahanga cy’ingenzi cya Zimbabwe kiri mu murwa mukuru Harare gisiba izina rikigaragaraho rya Robert Mugabe, wategetse iki gihugu mu gihe cy’imyaka 37 agakurwa ku butegetsi mu mwaka ushize wa 2017.
Mu mwaka ushize nibwo iki kibuga cy’indege cyahinduye izina ryacyo rya Harare International Airport, gihabwa izina rishya rya Robert Gabriel Mugabe International Airport habura ibyumweru bicye ngo Bwana Mugabe yegure ku mwanya wa (…)
Mu biganiro byahuje Police n’itangazamakuru, bigamije kunoza imikoranire hagati y’izi nzego zombi, umuyobozi mukurui wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza yashimangiye ko hari abashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda, akaba asanga baba baraye babirose bakifuza gukabya inzozi zidashoboka.
Uyu muyobozi wa polisi yabanje gushimangira ko umutekano w’Igihugu muri Rusange wifashe neza kandi ngo bikeshwa imikoranire myiza hagati yayo, inzego zitandukanye z’ubuyobozi bw’Igihugu, abaturage (…)
Diane Rwigara n’Umubyeyi we Mukangemanyi Adeline, kuri uyu wa Gatatu biteganyijwe ko bitaba Urukiko Rukuru ngo bakomeze kuburana ku byaha bakekwaho birimo gukoresha impapuro mpimbano no kugambirira guteza imvururu. Ni bwo bwa mbere bazaba bagejejwe imbere y’urukiko batambaye imyenda y’imfungwa, nyuma y’umwanzuro wo kubarekura by’agateganyo wafashwe n’Urukiko Rukuru ku wa 5 Ukwakira.
Diane Rwigara ashinjwa gukora no gukoresha inyandiko mpimbano ubwo yashakaga kwiyamamariza kuyobora igihugu, (…)
Ubwo yarahizaga Guverinoma nshya, Perezida Kagame yatangaje ko “Twese dufite ubushobozi n’impano ariko ntabwo umuntu wenyine yatugeza kure ku musaruro dushaka no ku ntego z’igihugu cyacu.”
Mu mpanuro ze ku wa 19 Ukwakira 2018, Kagame yagaragaje ko imbaraga z’abayobozi mu guhuza ibikorwa, bikwiye kuba ishingiro ry’ibyifuzo byinshi by’Abanyarwanda.
Mu baminisitiri 19 bagize Guverinoma n’Abanyamabanga ba Leta barindwi, harimo bane bayinjiyemo bwa mbere na babiri bayigarutsemo.
Dr Sezibera (…)
Perezida Kagame yakomoje ku irekurwa rya Ingabire Victoire na Kizito Mihigo, avuga ko ari impuhwe zigamije gukemura ibibazo, kuko iyo bitaza kuba gutyo hari abantu benshi bishingiye ku kuri, baba bakiri muri gereza.
Umukuru w’Igihugu yabigarutseho ubwo yakiraga indahiro z’abadepite bashya kuri uyu wa Gatatu.
Perezida Kagame yavuze ko abarekuwe byari mu nyungu z’igihugu, ariko aburira abarekuwe cyane Ingabire Victoire, nyuma yo kurekurwa wavuze ko nta mbabazi yasabye.
Umukuru w’Igihugu (…)
Gasabo na Nyarugenge babonye ababahagariye bashya muri Green Party
14 December 2025, by Valens NzabonimanaMushikiwabo nk’umukandida uzahagarira u Rwanda ku buyobozi bwa OIF
13 January 2026, by Valens Nzabonimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























