Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo Umukuru w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’igihugu cya Venezuela, Juan Guaidó, aremera ko ubutegetsi bushobora guhinduka mu gihe gusa igisirikare cyakwemera kumushyigikira
Mu kwezi kwa mbere uyu mwaka wa 2019, Bwana Guaidó yaritangaje ko ari we mukuru w’igihugu wemewe, ashyigikirwa n’igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Avuga ko ashyigikiwe n’abanyavenezuela "hafi 90 kw’ijana".
Inkuru dukesha BBC ivuga ko ejo ku cyumweru, abategetsi ba Venezuela batangaje (…)
By imfurayabo Pierre Iyo uvuze Donald Trump hari abamwitiranya n’umuntu w’umugome , umutukanyi , mbese udatinya kuvuga ikintu na kimwe muri we. Mu kwiyamamaza habamo kwivuga ibigwi no kugaragaza ibyo uzageza ku bantu ariko umukandida w’umu- Républicain muri Amerika, Donald Trump we yakunze kugaragara mu bikorwa binenga, bisebya ndetse byibasira abakandida, ba perezida bayoboye Amerika, avuga ko bataye iki gihugu mu rwobo we akazagicungura.
1.Gufunga Museveni na Robert Mugabe
2.Gutuka (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo Perezida Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yavugiye i Kigali mu Rwanda ijambo rikomeye akebura abakuru b’ibihugu by’umwihariko n’abandi bayobozi muri rusange, ko bagomba kwirinda ibyatuma ibihugu byabo bitabana neza, kuko bazabisiga nyamara byo bigakomeza guturana iteka.
Ibi Perezida Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo yabivuze mu nama mpuzamahanga yiswe CEOs Forum, mu kiganiro yayoboranye na Mugenzi we Perezida Paul Kagame w’u Rwanda. (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Urubyiruko rw’abakobwa batatu batawe muri yombi mu gihe bategereje urubanza ku cyaha cyo gusiba ifoto y’umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Pierre Nkurunziza umucamanza yatangaje ko byanga byakunda bazabihanirwa.
Iyo foto abo bana bashinjwa gusibanganya ni ifoto yari ishushanyije mu bitabo basanzwe bakoresha kw’ishuri.
Abacamanza bavuze ko abo bakobwa bategereje guhanirwa icyo cyaha hisunzwe amategeko ahana kuvogera ubudahangarwa bw’umukuru w’igihugu. (…)
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yatumiwe mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi, tariki ya 7 Mata 2019, i Kigali. Kugeza ubu ngo u Bufaransa bukaba butaratanga igisubizo kuri ubu butumire bw’u Rwanda.
Ikinyamakuru JeuneAfrique dukesha iyi nkuru, gitangaza ko ubu butumire ari ikimenyetso cyiza kigaragaza ugukomeza kuzura umubano w’u Rwanda n’u Bufaransa wari umaze imyaka myinshi urimo agatotsi, utangiye gusubira kuba mwiza nyuma y’aho Emmanuel Macron (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Umukuru w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi mu Burundi Agathon Rwasa, aranegura abategetsi b’iki gihugu ku ngingo yo kubuza ibikorwa by’ishyaka rye rishya mu murwa mukuru Bujumbura
Avuga ko ibyo byerekana ko hariho bamwe mu bari ku butegetsi bakirimwo agatima bari bafite mu gihe cy’intambara.
Ishyaka rishya Congrès National de Liberté, CNL, riyobowe na Bwana Rwasa wari wateguye ibikorwa byo gufungura ingoro y’ishyaka i Bujumbura.
Mwibaruwa yandikiye (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Félix Tshisekedi, Perezida mushya wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, yavuze ko ashaka gufungura imfungwa zose za politiki mu minsi 10 iri imbere.
Mu ijambo yashyikirije ku wa gatandatu, Bwana Tshisekedi yavuze ko asaba minisitiri w’ubucamanza gufungura abo bose bafungiwe ibitekerezo byabo bya politiki. Bwana Tshisekedi yageze ku butegetsi mu kwezi kwa mbere k’uyu mwaka wa 2019, asimbuye Joseph Kabila wari ubumazeho imyaka 18.
Ariko ibyavuye mu (…)
Perezida wa Uganda, Joweli Kaguta Museveni , umusaza w’imyaka 74 y’amavuko, yashimiye mugenzi we Muhammadu Buhari wongeye gutorerwa kuyobora igihugu cya Nigeria, ku myaka ye 76.
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Gashyantare 2019, nibwo Komisiyo ishinzwe amatora muri Nigeria yatangaje ko Perezida Muhammadu Buhari wari usanzwe ari Perezida wa Nigeria yongeye gutsinda amatora. Yarushije uwo bari bahanganye, Atiku Abubakar amajwi asaga miliyoni enye.
Mu kwishimira Intsinzi ya Buhari, Perezida (…)
Yanditswe na Romeo Imfurayabo Pierre
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika avuga ko inama yamuhuzaga na Kim Jong-un, umutegetsi mukuru wa Koreya ya ruguru, imaze kurangira nta masezerano ashyizweho umukono nyuma yaho Amerika yanze ibyo Koreya ya ruguru yasabaga byo gukurirwaho ibihano.
Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye i Hanoi mu murwa mukuru wa Vietnam, Bwana Trump yagize ati: "Byatewe n’ibihano. Bashakaga ko ibihano byose bikurwaho kandi ibyo ntitwashoboraga (…)
Polisi ya Kenya ivuga ko yatahuye itsinda ry’abagabo barindwi bivugwa ko biganye Perezida Uhuru Kenyatta w’iki gihugu ndetse na bamwe mu bategetsi bakuru, bakambura akayabo k’amafaranga mu buriganya umunyemari ukomeye Naushad Merali.
Ibitangazamakuru byo muri Kenya bisubiramo amagambo ya polisi ivuga ko umwe muri abo bagabo yahamagaye kuri telefone Bwana Merali, umukuru wa sosiyete Sameer Africa ikora ibintu bitandukanye nk’amapine y’ibinyabiziga, yigana ijwi rya Bwana Kenyatta akamusaba (…)
Gasabo na Nyarugenge babonye ababahagariye bashya muri Green Party
14 December 2025, by Valens NzabonimanaMushikiwabo nk’umukandida uzahagarira u Rwanda ku buyobozi bwa OIF
13 January 2026, by Valens Nzabonimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























