Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more
  • 6 July » Spain na Portugal ziracakirana i Saa 21:00 mu mukino ukomeye uzakugena ikipe ikomeza muri 1/4 cy’Igikombe cy’Isi – read more

Pasiteri yabiciye arabicikiriza ngo yabonye Malayika mu mashusho yafashwe na Camera [AMAFOTO]

Sunday 9 January 2022
    Yasomwe na

Yanditswe na Mutungirehe Samuel

Pasiteri Ekuma Uche Philips wo muri Benin yabiciye arabicikiriza ku mbuga nkoranyambuga, akwirakwiza amafoto yise aya Malayika, ko yafashwe na Camera zo mu rusengero mu kiswe Croisade muri icyo gihugu.

Ku rubuga rwa Facebook Dynastie Jonsaïque, Pasiteri Ekuma yanditse avuga ko abonye ibitangaza inshuro ebyiri aho malayika yabasuye batabizi.

Yagize ati "Mu by’ukuri ni igitangaza kikubye kabiri kuba Umumalayika yafashwe amafoto na za Camera mu gihe cy’intambara ntagatifu zacu (Croixade) zabaye tariki ya 31 Ukuboza (2021) saa sita zibura 13’.

Nari ntarabona igitangaza kimeze gutya kuva navuka."

Yakomeje agira ati "Ni Imana rwose, wakoze Yesu! "

Muri izo foto yakwirakwije ku rubuga rwa Facebook, zigaragara ari igihu cy’umweru kimeze nk’umuntu wafotowe ari ku muvuduko uhambaye ntubone isura ariko hasi ukabona ko yambaye inkweto nazo z’umweru.

Pasiteri yongeyeho ati "Sinahwema gukomeza kureba inkweto zo mu ijuru zambawe na malayika."

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru