Tuesday . 1 July 2025

INKURU ZIGEZWEHO

  • 13 June » Amajyaruguru:Abahinzi n’aborozi barashimira Sonarwa itabatererana mu bihombo bahura nabyo – read more
  • 10 June » AMAVUBI ASOJE IMIKINO YA GICUTI NTA GITEGO YINJIJE. – read more
  • 9 June » URUNTURUNTU I BURAYI, NINDE UKWIYE UMUPIRA WA ZAHABU? – read more
  • 6 June » IKIPE Y’IGIHUGU AMAVUBI YAHEREWE ISOMO RYA RUHAGO MURI ALGERIA – read more
  • 5 June » U Rwanda rwakiriye Inama Mpuzamahanga ku Burezi Bushingiye ku Bumenyingiro, Intambwe Ikomeye mu Guhindura Ubukungu bwa Afurika. – read more

Perezida Kagame yakiriye abayoboye amadini muri DRC

Friday 14 February 2025
    Yasomwe na

Perezida Paul Kagame yakiriye intumwa z’Inama y’Abepisikopi Gatolika muri RDC (CENCO) n’abahagarariye andi matorero ya gikiristu (ECC) bagirana ibiganiro byerekeye ku buryo haboneka amahoro n’imibanire myiza hagati y’ibihugu byombi.

Ni uruzinduko aba bihaye Imana bagiriye mu Rwanda kuri uyu wa Kane, tariki ya 13 gashyantare 2025, nkuko ikinyamakuru Actualite cyabyanditse.

Mu minsi ishize, izi ntumwa zabanje guhura na Perezida wa DR Congo, Felix Anthoine Tshisekedi i Kinshasa, nyuma yaho bahura n’abayobozi b’ihuriro rya AFC/M23 i Goma, barebera hamwe uko amakimbirane yo mu Burasirazuba bwa DR Congo yashakirwa umuti.

Aba bihaye Imana bavuga ko bo nta ruhande rwa Politiki bahengamiyemo, bityo ariyo mpamvu bari gushakira umuti w’ikibazo mu nzira ya gikirisitu bayobotse ngo barebe ko nayo yatanga umusanzu mu kubanisha mu mahoro abaturanyi.

Abahera ku mpande zombi ni abo ku ruhande rw’u Rwanda

Yanditswe na Samuel Mutungirehe

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.

Who are you?
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru