Thursday . 16 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more
  • 6 July » Spain na Portugal ziracakirana i Saa 21:00 mu mukino ukomeye uzakugena ikipe ikomeza muri 1/4 cy’Igikombe cy’Isi – read more

Perezida Kagame yakiriye abayoboye amadini muri DRC

Friday 14 February 2025
    Yasomwe na

Perezida Paul Kagame yakiriye intumwa z’Inama y’Abepisikopi Gatolika muri RDC (CENCO) n’abahagarariye andi matorero ya gikiristu (ECC) bagirana ibiganiro byerekeye ku buryo haboneka amahoro n’imibanire myiza hagati y’ibihugu byombi.

Ni uruzinduko aba bihaye Imana bagiriye mu Rwanda kuri uyu wa Kane, tariki ya 13 gashyantare 2025, nkuko ikinyamakuru Actualite cyabyanditse.

Mu minsi ishize, izi ntumwa zabanje guhura na Perezida wa DR Congo, Felix Anthoine Tshisekedi i Kinshasa, nyuma yaho bahura n’abayobozi b’ihuriro rya AFC/M23 i Goma, barebera hamwe uko amakimbirane yo mu Burasirazuba bwa DR Congo yashakirwa umuti.

Aba bihaye Imana bavuga ko bo nta ruhande rwa Politiki bahengamiyemo, bityo ariyo mpamvu bari gushakira umuti w’ikibazo mu nzira ya gikirisitu bayobotse ngo barebe ko nayo yatanga umusanzu mu kubanisha mu mahoro abaturanyi.

Abahera ku mpande zombi ni abo ku ruhande rw’u Rwanda

Yanditswe na Samuel Mutungirehe

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru