Friday . 6 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 5 March » Iran yatangije ibitero byo ku butaka ku Ba Kurde bo muri Iraq – read more
  • 5 March » Rura yatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri Peteroli – read more
  • 5 March » Inama y’abaminisitiri yemeje ifungurwa ry’abarenga 1800 – read more
  • 4 March » Santa Kinyera wari wungirije muri Ambasade ya Uganda mu Rwanda yapfuye – read more
  • 4 March » Nyagatare: Barasaba ko igishanga cy’umuceri gitunganywa – read more

Perezida Kagame yakiriye abayoboye amadini muri DRC

Friday 14 February 2025
    Yasomwe na

Perezida Paul Kagame yakiriye intumwa z’Inama y’Abepisikopi Gatolika muri RDC (CENCO) n’abahagarariye andi matorero ya gikiristu (ECC) bagirana ibiganiro byerekeye ku buryo haboneka amahoro n’imibanire myiza hagati y’ibihugu byombi.

Ni uruzinduko aba bihaye Imana bagiriye mu Rwanda kuri uyu wa Kane, tariki ya 13 gashyantare 2025, nkuko ikinyamakuru Actualite cyabyanditse.

Mu minsi ishize, izi ntumwa zabanje guhura na Perezida wa DR Congo, Felix Anthoine Tshisekedi i Kinshasa, nyuma yaho bahura n’abayobozi b’ihuriro rya AFC/M23 i Goma, barebera hamwe uko amakimbirane yo mu Burasirazuba bwa DR Congo yashakirwa umuti.

Aba bihaye Imana bavuga ko bo nta ruhande rwa Politiki bahengamiyemo, bityo ariyo mpamvu bari gushakira umuti w’ikibazo mu nzira ya gikirisitu bayobotse ngo barebe ko nayo yatanga umusanzu mu kubanisha mu mahoro abaturanyi.

Abahera ku mpande zombi ni abo ku ruhande rw’u Rwanda

Yanditswe na Samuel Mutungirehe

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru