Thursday . 16 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 10 April » Michigan yiyongereye kuzindi leta zibuka Jenoside yakorewe Abatutsi – read more
  • 1 April » Perezida w’u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y’uko ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bufashwe n’inkongi y’umuriro – read more
  • 31 March » Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z’intambara z’Amerika – read more
  • 31 March » Gakenke: Bakusanyije Miliyoni zisaga 200 zo kurengera abatishoboye – read more
  • 26 March » Perezida Kagame :Iterambere ry’amadini n’amatorero n’Igihugu gitera imbere – read more

Perezida Kagame yashyizeho Minisiteri w’Uburezi mushya

Wednesday 11 September 2024
    Yasomwe na

Perezida Paul Kagame yashyizeho Minisiteri w’Uburezi mushya, usimbuye Twagirayezu Gaspard.

Ni impinduka zitangajwe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe (Primature), aho Perezida Kagame yashyizeho abayobozi batatu mu nzego za Leta.

Itangazo rivuga ko Joseph Nsengimana yagizwe Minisitiri w’Uburezi, umwanya yasimbuyeho Twagirayezu Gaspard wari utaramara umwaka muri iyi Minisiteri.

Minisitiri w’Uburezi mushya

Twagirayezu Gaspard yahise agirwa Umuyobozi Mukuru w’Urwego rushinzwe idanzure, urwego rushya mu nzego igihugu cyari gifite.

Iri tangazo kandi rivuga ko Nelly Mukazayire yagizwe Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo, umwanya wari umaze iminsi wirukanyweho Zephanie Niyonkuru, uyu kandi ntabwo akaba yari yarangiye muri Minisiteri ya Siporo yirukanywe mu Rwego rw’Iterambere RDB aho yari Umuyobozi Mukuru wungirije warwo.

Izi mpinduka mu bagize Guverinoma y’u Rwanda zibaye mu gihe tariki ya 16 Nzeri 2024 aribwo Perezida Kagame yashyizeho abagize Guverinoma, barahira nyuma y’iminsi itatu gusa.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru