Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
By Imfurayabo Pierre
Amakuru ava mu Karere ka Musanze aravuga ko hari hoteli eshatu zafunzwe, abakozi bazo bashyirwa mu kato ndetse barapimwa nyuma y’uko hari abantu batanu basanzwemo icyorezo cya Coronavirus kandi barahanyuze.
Umuyobozi w’aka Karere yabwiye Umuseke dukesha iyi nkuru ko bari gushakisha ababa barahuye na bariya bantu kugira ngo bashyirwe mu kato batanduza abandi.
Amakuru avuga ko hari abantu batanu basanzwemo COVID-19 kandi baranyuze muri hoteli 3 zo mu Karere ka (…)
By Imfurayabo Pierre
Icyorezo cya coronavirus cyugarije isi n’urwanda rurimo kigenda gifata indi ntera aho mu rwanda habarirwa abagera kuri 582 banduye iyindwara ya coronavirus.
Urwanda ruri mu bihugu byafashe ingamba zo guhashya icyorezo cya coronavirus gusa hagiye havuka ibibazo bimwe nabimwe byabantu bagenda baturuka hanze y’igihugu bigatuma mu rwanda umubare wabarwaye coronavirus wiyongera
Mu minsi 7 ishize i Kigali hamaze kuboneka abantu 4 banduye coronavirus
kuva kuri uyu wa (…)
Kuri uyu wa Gatandatu mu Rwanda habonetse abantu 31 banduye coronavirus bituma umubare wose hamwe wabanduye ugera kuri 541
Aba Bose babonetse i Rusumo ho mu karere ka kirehe ndetse no mu karere ka rusizi gasanzwe kari muri gahunda ya guma murugo kubera icyorezo cya coronavirus cyakunze kuhagaragara
Kugeza ubu mu rwanda habarirwa abagera kuri 541 bamaze kwandura coronavirus naho abagera kuri 332 bamaze kuyikira hiyongereyeho 11 bakize uyu munsi, abakirwaye iyi ndwara murwanda ni 207. iyi (…)
By Imfurayabo Pierre
Ubutabera bw’u Bufaransa bwahaye uburenganzira umushakashatsi François Graner bwo kugera ku nyandiko zibitse za François Mitterrand zivuga ku Rwanda.
Inyandiko François Graner yemerewe kugeraho no kuzifashisha mu bushakashatsi bwe ni izivuga ku ruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi, haba mu gihe cya Jenoside, mbere yayo na nyuma yayo.
François Mitterrand wayoboye u Bufaransa hagati y’imyaka ya 1981 na 1995 yitabye Imana tariki 08 Mutarama 1996 afite (…)
By Imfurayabo Pierre
Mwitangazo ry’aturutse mubiro bya minisitiri w’intebe, Perezida Paul KAGAME yategetseko ama bendera y’urwanda nay’umuryango wa afurika y’iburasirazuba y’ururutswa kugera hagati mu rwego rwo kwifatanya n’igihugu cy’uburundi kuzirikana urupfu rwa perezida Nkurunziza uherutse kwitaba Imana.
By Mamaurwagasabo.rw
Ubwo yumvaga gahunda y’Ikigo cy’Ubushakashatsi n’Iterambere ry’Inganda (NIRDA) yo gupiganira kubona imashini zigezweho n’amahugurwa byamufasha kuzamura umusaruro mu ruganda rwe rudoda imyenda binyuze muri gahunda ya Open Calls, Kabera Joy ntiyazuyaje kwinjira mu ipiganwa.
Kabera ufite Uruganda rwa Promota Creations rukorera imyenda mu Mujyi wa Kigali, ni umwe mu banyenganda 50 bagiye mu ipigana ndetse anasoza mu banyamahirwe batandatu bafite inganda baritsinze. (…)
By Imfurayabo Pierre
Mu Kagari ka Kibyimba ko mu Murenge wa Kabacuzi mu Karere ka Muhanga, hari igice kinini kitagerwaho n’umuyoboro w’itumanaho (connection) ku buryo telefone zidakora, bityo kudahanahana amafaranga mu ntoki hirindwa Covid-19 ntibishoboke.
Muri ako gace hari agasanteri k’ubucuruzi, ibiro by’akagari, ikigo cy’amashuri cya GS Kibyimba n’ibindi bikorwa remezo ku buryo haba hari abantu benshi, ariko itumanaho rya telefone rikaba ridashoboka, haba irya MTN cyangwa (…)
By Scovia Mutesi
Bamwe mu bagore bo mu mirenge itandukanye y’akarere ka Musanze baba mu matsinda afashwa n’imiryango itari iya leta iharanira uburenganzira bw’abagore, bavuga ko ubwo coronavirus yari irimbanyije nta bufasha bwihariye bahawe n’iyo miryango, nayo ikavuga ko nta buryo bwihariye bwari buteganyijwe mu iteganyabikorwa ryayo mu bihe bidasanzwe ariko bakavuga ko bagiye kubagoboka.
Aba bagore bo mu mirenge ya Muko na Rwaza yo mu karere ka Musanze baba mu matsinda akora (…)
By Imfurayabo Pierre
Guverinoma y’u Burundi yatangaje ko Perezida usoza manda ye muri iki gihugu, Pierre Nkurunziza, yapfuye aguye mu bitaro bizwi nka Hôpital du cinquantenaire Natwe Turashoboye bya Karuzi, akaba yishwe no guhagarara k’umutima.
Itangazo ryashyizweho umukono n’umunyamabanga Mukuru akaba n’umuvugizi wa Guverinoma, Prosper Ntahorwamiye, rivuga ko Nkurunziza kuwa Gatandatu yari muzima ndetse akareba umukino wa Volleyball i Ngozi ariko byagera nijoro akamererwa nabi akajyanwa (…)
By Imfurayabo Pierre
Unais Bolatolu-Vuniwaqa, umuyobozi uhagarariye abapolisi bari mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye babungabunga amahoro mu gihugu cya Sudani y’Epfo yanditse ubutumwa bw’akababaro ku bw’urupfu rwa Police Costable (PC) Mbabazi Enid. Umupolisikazi w’umunyarwanda uherutse kwitaba Imana azize Koronavirusi.
Mu itangazo rya Vuniwaqa yavuze ko abikuye ku mutima yihanganishije umuryango wa PC Mbabazi kandi akaba yifatanyije nawo mu kababaro.
Yagize ati “Sinabura kubabwira ko (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.




















