Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
By Scovia Mutesi Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Kinigi mu karere ka Musanze usanga basobanukiwe ibijyanye n’icyorezo cya Covid 19 n’uburyo bwo kuyirinda ariko usanga bagisunikirizwa n’ubuyobozi mu kubahiriza amabwiriza yagenwe.
Abatuye muri uyu murenge mu kagari ka Kaguhu gaherereye hafi ya pariki y’igihugu y’ibirunga usanga bafite amakuru ku bijyanye na COVID -19, uko yandura n’uko bayirinda, ukurikije ibiganiro bagiranye na Mamaurwagasabo. Umusore wo muri aka kagari witwa Maniriho (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Abafite inganda zahawe uburenganzira bwo gukora udupfukamunwa baravuga ko bari mu gihombo baterwa no kuba barakoze twinshi tukaba twaraheze mu bubiko kubera kubura isoko.
Tariki 18 Mata 2020, ubwo Minisitiri w’Ubuzima Dr. Daniel Ngamije yari kuri Televiziyo y’u Rwanda yasobanuye ingamba nshya z’ubwirinzi bwa COVID-19 zasabaga buri muturarwanda kwambara agapfukamunwa.
Yagize ati “Ingamba nshya turi gushishikariza Abanyarwanda muri iyi minsi ni uko twese (…)
Yanditswe na Scovia Mutesi
Bamwe mu bagore bakora ubucuruzi buciriritse bo mu karere ka Musanze mu murenge wa Remera,baravuga ko bagizweho ingaruka n’icyorezo cya Coronavirusi, cyatumye igishoro bacungiragaho kibashirana , bagasaba ko bafashwa.
Muri uyu murenge hagaragara abagore bakoraga ubucuruzi buciriritse burimo gucuruza imboga n’imbuto, abadoda n’abakoraga ubundi bucuruzi bwatumaga babasha gutungwa n’inyungu nto babaga babonye. Aba nibo bavuga ko bakeneye ubwo bufasha.
Umwe (…)
By Imfurayabo Pierre
Imiryango igera ku bihumbi 9000 yo mu turere twa Nyarugenge na Kicukiro yatejwe imbere n’inkunga y’amafaranga yatanzwe na CathoricRelief Services (CRS) mugufasha abaturage bakorana n’u mushinga USAID-Gikuriro Program kugira ngo babashe guhangana n’ingaruka bagizweho no kuguma murugo kubera koronavirusi.
Bamwe mubahawe iyi nkunga y’amafaranga angana n’ibihumbi makumyabiri y’u Rwanda (20 000) nubundi bakaba ari n’abagenerwa bikorwa bahoraho ba gahunda ya Gikuriro, (…)
By Imfurayabo Pierre
Perezida wa Tanzaniya, John Pombe Magufuli, yashimiye Abanyatanzaniya kuba batambara agapfukamunwa mu ruhame, ibintu bifatwa nkuburyo buhangayikishije bwo kutubahiriza amabwiriza yo kurwanya icyorezo cya Coronavirus yashyizweho n’umuryango wita k’ubuzima ku isi (OMS).
Perezida Magufuli ubwo yagezaga ijambo ku mbaga y’abantu i Dodoma, yatangiriye abashimira ku kuba batambaye udupfukamunwa, akomeza anenga abatwambara avuga ko ari tubi cyane ugereranije n’amabere yataye (…)
By Imfurayabo Pierre
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere, Meteo Rwanda, cyatangaje ko muri Kamena 2020, imvura izagabanuka ku buryo bizagira ingaruka ku bwatsi bw’amatungo.
Meteo Rwanda yatangaje ko mu ukwezi kwa Kamena 2020 hateganyijwe imvura nke iri hagati ya milimetero 0 na 30 mu Rwanda hose. Mu turere twa Rubavu n’ igice cy’uturere twa Musanze, Rutsiro, Nyabihu, Burera, Nyamagabe, Nyaruguru, Rusizi na Nyamasheke hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 20 na 30 muri (…)
By Imfurayabo Pierre
Umudipolomate wari ushinzwe ibikorwa bya gisirikare n’Umujyanama wa Mbere muri Ambasade y’u Bubiligi mu Rwanda, bahamagajwe n’igihugu cyabo nyuma yo kujya kwibuka abasirikare b’Ababiligi biciwe mu Rwanda mu 1994, bakabikora mu buryo bunyuranyije n’amategeko butashimishije ubuyobozi bw’u Rwanda.
Buri mwaka mu Rwanda haba igikorwa cyo kwibuka Abasirikare b’u Bubiligi icumi bari mu butumwa bwo kugarura amahoro mu Rwanda (MINUAR) mu 1994, bakicwa ku munsi wa mbere wa (…)
By Imfurayabo Pierre
Kabuga w’imyaka 84, ariko we wabwiye urukiko ko afite imyaka 87, abamwunganira bavuga ko ashaje kandi arwaye bityo ku mpamvu z’amagara ye adakwiye kuvanwa mu Bufaransa ko ari ho yaburanishirizwa.
Mu iburanisha riheruka, ku nshuro ya mbere mu myaka irenga 20 ishize ashakishwa ashinjwa ibyaha bya Jenoside, Bwana Kabuga yahakanye ibyaha aregwa abyita ibinyoma.
Abunganizi be bahanganye n’ingingo itegeka ubutabera bw’Ubufaransa gutanga abafashwe bisabwe n’ubutabera (…)
By Imfurayabo Pierre
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa 02 Kamena mu Rwanda habonetse umuntu wa kabiri witabye Imana azize Coronavirus, aho yari Umupolisikazi w’imyaka 24 wari waragiye mu butumwa bw’akazi mu mahanga, aza kugarurwa mu gihugu arembye cyane nyuma yo kwandurira aho yari.
Itangazo ryashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’Ubuzima rivuga uwapfuye ari “umupolisikazi w’imyaka 24 wari mu butumwa bw’akazi mu mahanga aho yanduriye Coronavirus aza kugarurwa mu Rwanda nyuma yo (…)
By Imfurayabo Pierre
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kabiri iyobowe na Perezida Paul Kagame, yemeje ko ingendo zihuza Intara n’Umujyi wa Kigali gusa kujya cyangwa kuva mu Karere ka Rusizi na Rubavu byo ntibyemewe. Moto na zemerewe gusubukura kereka i Rusizi na Rubavu.
Soma Amabwiriza azakurikizwa muburyo burambuye
Kugeza ubu mu rwanda habarirwa abagera kuri abanduye coronavirus 384 mugihe 269 bayikize, iyi ndwara ya corona virus imaze guhitana abantu ba biri (2) kugeza ubu,
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.




















