MUTUNGIREHE Samuel
Perezida wa Repubulika yashyizeho abasenateri bane bashya basimbura abahoze kuri uwo mwanya barimo na Me. Evode Uwizeyimana wahoze ari Umumyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubutabera ushinzwe itegekonshinga n’andi mategeko.
mu itangazo rya minisitiri w’intebe, ryo ku wa 16 Ukwakira 2020, rigaragaza ko Abashyizwe ku myanya ya senateri barimo kandi Dr. Dusingizemungu jean Pierre nawe yari Perezida wa Ibuka akaba n’umwalimu muri kaminuza.
abandi ni Kanziza Epiphanie
Twahirwa Andre’
















