Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Perezida Kagame yatsinze amatora bidasubirwaho

Monday 22 July 2024
    Yasomwe na

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, yatangaje bwa burundu, ko Paul Kagame ari we wegukanye intsinzi y’amatora y’Umukuru w’Igihugu yabaye tariki ya 15 Nyakanga 2024.

Ni ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite yabaye hagati ya tariki 14-16 Nyakanga 2024.

Amajwi ya burundu yatangajwe kuri uyu wa Mbere tariki 22 Nyakanga 2024, agaragaza ko Paul Kagame ari we watorewe kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere aho yagize 99,18%.

Dr Frank Habineza yagize 0, 50% mu gihe Mpayimana Philippe yagize 0, 32%.

Muri rusange abatoye bose hamwe ni 8,907,867 bangana na 99,86% by’abagombaga gutora.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru