Wednesday . 22 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Perezida Kagame yavuze ko Ibigo bimwe bya Leta bigiye kwegurirwa abikorera

Tuesday 2 August 2022
    Yasomwe na

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude

Ubwo yakiraga indahiro z’abayobozi bashya baherutse guhabwa inshingano muri Guverinoma y’u Rwanda, Perezida wa Repulika Paul Kagame yavuze ko ibigo bimwe bya Leta bigiye kwegurirwa abikorera.

Ku gicamusi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 2 Kanama 2022 , Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda yongeye gushimangira ko igihe kigeze kugira ngo ibigo bimwe bya Leta byegurirwe abikorera.

Yagize ati"Hari ibigo bigomba kwegurirwa abikorera vuba na bwangu, Leta, guverinoma cyangwa inzego za leta. Ubundi ntabwo akazi kacu ari ukujya mu bucuruzi n’ibintu bisa nk’ibyo, ahubwo dufasha abikorera gucuruza kugira ngo bagere kuri byinshi. Ibyo ndibwira ko byumvika."

Abarahiye ni Minisitiri ushinzwe Ishoramari rya Leta, Eric Rwigamba n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, Ildephone Musafiri.

Minisitiri w’ishoramari rya Leta

Mu bindi Umukuru w’Igihugu yavuze ni icyifuzo cyuko hakoreshwa neza amahirwe aboneka mu buhahirane n’ibindi bihugu bya Afurika binyuze mu isoko rusange rya Afurika, hibandwa gutezimbere ishoramari.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru