Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Perezida Kagame yavuze ko ubufatanye bw’Abanyarwanda n’abayobozi bwabarinze ingaruka mbi za COVID-19

Sunday 28 March 2021
    Yasomwe na

Perezida Paul Kagame yashimiye ubufatanye Abanyarwanda muri rusange bagize n’abayobozi babo mu guhangana na COVID-19, agaragaza ko ibintu byari kurushaho kuba bibi iyo hataba ubwo bufatanye. 

Ni amasengesho ngarukamwaka ategurwa n’umuryango Rwanda Leaders Fellowship, azwi nka National Prayer Breakfast ahuriramo abayobozi mu nzego nkuru za Leta n’ibigo byazo, abihayimana n’abandi bakomeye baba bayatumiwemo ku butumwa rukana bahimbaza Imbana bakanasengera abayobozi n’igihugu mu kerekeze kirimo.

Kuri iyi nshuro ariko yabeye hifashishijwe guhurira ku ikoranabuhanga mu rwego rwo kwirinda guhurira hamwe ngo bigabanye ibyagi byo kwanduzanya no gukwirakwiza icyorezo cya COVID-19.

Perezida Kagame yavuze ko hari byinshi byo gushimira u Rwanda rufite nk’igihugu birimo no kuba Abanyarwanda bakomeje gufatanya n’abayobozi babo bakabasha kwirinda ingaruka zari kuba mbi iyo batabikora uko. 

Yavuze ko amasengesho nkayo ari uburyo bukwiriye bwi kwibutsa abayobozi inshingano zabo ku baturage bashinzwe.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru