Tuesday . 1 July 2025

INKURU ZIGEZWEHO

  • 19 June » Rubavu: Ubuyobozi buravuga ko nyuma y’imyaka isaga 14, Isoko rya Gisenyi rigiye kuzura hakubakwa irindi nkaryo – read more
  • 19 June » Ingabo z’u Rwanda zungutse abasirikare bashya barangije amahugurwa y’ibanze i Nasho – read more
  • 18 June » Nyabihu: Ahacururizwa inyama mu Isoko rya Kora, hateza umwanda – read more
  • 17 June » Rubavu: Bavuga ko ikorwa ry’umuhanda ryabasize mu manegeka – read more
  • 17 June » Ingabo za Isiraheli zishe Abanyapalestine 51 bari bategereje imfashanyo muri Gaza. – read more

Trump yarusimbutse arimo kwiyamamaza

Sunday 14 July 2024
    Yasomwe na

Mu buryo butangaje ariko birimo umuteguro utoroshye, umusore w’imyaka 20 yarashe mu cyiciro Donald Trump wabaye Perezida wa Leta zunze Ubumwe za America ku bw’amahirwe ararusimbuka.

Byabereye muri Leta ya Pennsylvania, kuri uyu wa Gatandatu ubwo Trump yari mu bikorwa byo kongera kwiyamamaza gusubira ku ntebe y’igitinyiro cya America.

Abantu bagiye kumva bumva isasu barebye babona Donald Trump yikubise hasi.

Abashinzwe umutekano bahise bahamuvana igitaraganya baramujyana.

Bidatinze Donald Trump yahise atangaza ko akiriho kandi ari kumva ameze neza buhoro buhoro.

Uwamurashe nawe yarashwe arapfa, ariko igikorwa yakoze cyasigiye benshi kwibaza ku mikorere y’abashinzwe umutekano bashinzwe kurinda abantu bakomeye.

Ni ikibazo gikomeye kuko bitaherukaga ko umuntu urasha Umukuru w’Amerika cyangwa uwigeze kuyiyobora.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.

Who are you?
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru