Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

U Rwanda rwashimangiye kudatezuka ku ngamba z’ubwirinzi kuri DRCongo

Wednesday 27 November 2024
    Yasomwe na

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yagaragaje ko amagambo y’ubushotoranyi ya Minisitiri w’Ubutera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba yatumye rugumishaho ingamba z’ubwirinzi ku mipaka yarwo.

Izi ngamba zitarasobanuka mu itangazamakuru, ni ikibazo gikomereye ubutegetsi bwa Congo, kuko iyo bageze mu biganiro bibera i Luanda muri Angola, iki gihugu kidahwema kuvuga ko kibangamiwe nazo ndetse kigashaka ko zakurirwaho rimwe n’icyo u Rwanda rusaba Congo cyo kurandura umutwe wa FDLR.

Yakomoje agira ati: "Ibi ni byo u Rwanda rugomba guhangana na byo umunsi ku wundi. Iyi ni yo mpamvu ingamba z’ubwirinzi z’u Rwanda zikiriho."

Kuva na Mbere kandi u Rwanda rwahoze tugaragaza ko Congo ifite ubushake bucye mu gushyira mu bikorwa ibyo impande zombi zumbikanye ndetse rugaragaza icyizere gicye cyo kuzatuma ibiganiro bigera ku gisubizo nyacyo gikenewe ngo amahoro n’umutekano mu karere biharuke.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru