Mu ijoro ryo kuya 26 umugabo witwa Ntakirutimana utuye mu murenge wa Rwimiyaga akarere ka Nyagatare yafashwe na polisi ndetse n’abakozi be bagera kuri batanu barafungwa bikaba byari kunshuro ya Kabiri ibi bibaye kandi ntacyaha bababonyeho.
Ibyo umugore we yise akarengane gakomeye akavuga ko birigukorwa n’umusirikare witwa Kagame Amos ngo kuko yamubwiye ko amufiteho ububasha.
Mu kababaro kenshi yagize ati ‘’ twaguze ubutaka n’umugabo witwa Mubirigi ariko ngo hari umuhungu we (…)
Urukiko Rwisumbuye rwa Karongi rwahanishije Umushinwa Shujun Sun igihano cy’igifungo cy’imyaka 20 nyuma yo kumuhamya icyaha cy’iyicarubozo yakoreye abakozi be abashinja kumwiba amabuye y’agaciro.
Umwanzuro w’urukiko wasomwe kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 19 Mata 2022. Wahise ushyirwa mu bikorwa kuko Shujun Sun yahise atabwa muri yombi ajyanwa gufungirwa muri Gereza ya Rubavu.
Dosiye iregwamo Shujun Sun yashyikirijwe Ubushinjacyaha ku wa 30 Kanama 2021.
Uyu Mushinwa yarezwe muri dosiye (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Nyabihu, mu murenge wa Rugera, akagari ka Nyagahondo, mu mudugudu wa Musenyi hari umukobwa uhora asaba ubutabera nyuma yo gusambanywa n’umugabo w’imyaka 35 akanamutera inda, arafatwa arafungwa RIB yo ku murenge yoroshya icyaha arafungurwa none kuri ubu ukomeje kuza kumuhohotera iwabo ashaka kongera kumufata ku ngufu ashaka kongera kumusambanya.
Uyu mukobwa twamuhaye izina rya Kamariza kubw’umutekano we, mu kiganiro kihariye yahaye (…)
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rukatiye igifungo cy’iminsi 30 y’agateganyo Uwihoreye Jean Bosco Mustafa uzwi nka Ndimbati kugira ngo hakorwwe iperereza ku byaha akurikiranyweho byo gusambanya umwana.
Ni umwanzuro rufashe mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 28 Werurwe 2022, Umucamanza yavuze ko ibyagezweho mu iperereza ry’ibanze bigize impamvu zikomeye zituma uregwa akekwaho kuba yarakoze icyaha akekwaho.
Mu iburanisha ry’ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo, Ndimbati yiyemereye ko (…)
Umuryango mpuzamahanga Uharanira Uburenganzira bwa muntu, Amnesty International, washinje ingabo z’Ishyaka rya Tigray, TPLF, kwica abasivile, ndetse n’agatsiko k’amabandi kawushamikiyeho kagafata ku ngufu abagore, abandi bagasambanya abakobwa batarageza ku myaka y’ubukure biganjemo ab’imyaka 14 y’amavuko.
Ni ibyaha uyu muryango uvuga ko inyeshyamba za Tigray zakoreye mu migi ibiri ya Chenna na Kobo yo mu karere ka Ahmara umwaka ushize mu gisa no kwihimura ku ngabo za Leta babaga (…)
Urukiko Rusesa Imanza mu Bufaransa kuri uyu wa Kabiri, rwanzuye runapfundikira burundu dosiye y’iperereza ku ihanurwa ry’indege ya Habyarimana Juvenal, yaguywmo ari kumwe na Ntaryamira w’u Burundi.
Urukiko Rukuru rw’i Paris rwari rwafunze iyi dosiye muri 2020 ariko bamwe mu bo mu miryango y’abaguye muri iyi ndege yari itwaye Habyarimana Juvenal, ntibanyurwa n’iki cyemezo, barajurira.
Tariki 18 Mutarama 2022, urukiko rusesa imanza mu Bufaransa, rwari rwasuzumye ubusabe bw’iyi miryango. (…)
MUTUNGIREHE Samuel
Umuyobozi Mukuru w’Ihuriro ry’Imiryango iharanira inyungu z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi ,“Collectif des parties civiles pour le Rwanda, (CPCR)”, Alain Gautier, yahumirije abarokotse Jenoside barajwe ishinga no kumenya imikirize n’imigendekere y’urubanza rwa Muhayimana Claude ukurikiranyweho ubufatanyacyaha muri Jenoside 1994.
Urubanza rwa Muhayimana Claude ufite ubwenegihugu bw’Ubufaransa kuva mu 2010, rurimo kubera i Paris Mu Bufaransa, mu rukiko rwa (…)
Itagazamakuru risanzwe ryifashishwa n’abashyiraho gahunda runaka mu iterambere ry’igihugu, ijwi ry’abadafite kivugira kimwe n’abamagana ibidakwiye muri sosiyete birimo n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina mu byiciro binyuranye by’abantu.
Mu Rwanda hari abanyamakuru b’igitsinagore bahamya ko bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina nubwo batarafata iya mbere ngo baritangaze bifashishije imirongo y’ibitangazamakuru banyuzamo ubuvugizi bakorera rubanda no kuri iyo ngingo.
Mu nama yahuje (…)
Urukiko rurinda Iremezo ry’Itegekonshinga rwo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo rwatangaje ko rwasanze nta bubasha rufite bwo kuburanisha uwahoze ari Minisitiri w’intebe Augustin Matata Ponyo.
Uyu Matata Ponyo hamwe n’abandi bagabo babiri bareganwa bashinjwa kunyereza miliyoni 205 z’amadolari y’Amerika (asaga miliyari 206 mu mafaranga y’u Rwanda) yari agenewe umushinga w’ubuhinzi.
Uru rukiko rwavuze ko imbago zarwo zigarukira kuburanisha gusa ba minisitiri w’intebe bakiri ku (…)
Alice Umugiraneza
Bamwe mu baturae bo mu karere ka Musanze, mu murenge wa cyuve, mu kagali ka Cyabagarura barishimira uburyo biteje imbere babikesha kwibumbira hamwe mu matsinda yo kubitsa no kugurizanya bityo bakikura mubukene.
Abaganiriye na Mamaurwagasabo bagaragaje uko kwibumbira hamwe mu matsinda byabafashije kugera kundoto zabo.
Uwimana Jean marie vianne ni umwe mu banyamuryango b’itsinda Ubumwe association, yagize ati"Njyewe iri tsinda nkirigeramo nahise mbona ko nari (…)
By Imfurayabo Pierre
Mu buzima bwa buri munsi, abantu barakunda abandi bagakundwa ariko ntibigaragare mu buyo bumwe kuko n’intego zitaba ari zimwe. Hari urukundo nyakuri rushobora nu kuganisha ku gushakana, hakaba n’urukundo umuntu yakwita uruhutiyeho, nubwo zose ari inkundo zikaba zitandukanye haba mu biziranga, haba no mu mishyirirwe mu bikorwa yazo.
Reba amatandukaniro ari hagati y’urukundo nyakuri n’urukundo twakita Uruhutiyeho *Urukundo ruhutiyeho (Clash), rurangwa akenshi (…)
RIB yasobanuye impamvu yataye muri yombi Prof Harelimana
15 September 2023
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.
























