Mu ijoro ryo kuya 26 umugabo witwa Ntakirutimana utuye mu murenge wa Rwimiyaga akarere ka Nyagatare yafashwe na polisi ndetse n’abakozi be bagera kuri batanu barafungwa bikaba byari kunshuro ya Kabiri ibi bibaye kandi ntacyaha bababonyeho.
Ibyo umugore we yise akarengane gakomeye akavuga ko birigukorwa n’umusirikare witwa Kagame Amos ngo kuko yamubwiye ko amufiteho ububasha.
Mu kababaro kenshi yagize ati ‘’ twaguze ubutaka n’umugabo witwa Mubirigi ariko ngo hari umuhungu we (…)
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane nibwo igitangazamakuru kimwe murwanda cyarekuye inkuru ku rubuga rwa Twitter ko umunyamakuru Ntwali John Williams yitabye Imana azize impanuka.
Gusa benshi mu banyamakuru ntibatuje bakomeza kwiaza niba ibivuzwe ari ukuri ariko baza gusanga byemejwe n’umuvandimwe wa nyakwigendera, urujijo rutangira kuba bumvise ko yazize impanuka yabaye ku wa kabiri, bakibaza ukuntu bigeze ku wa kane yashizemo umwuka bitaramenyekana.
Polisi y’u Rwanda yatanze amakuru, ivuga (…)
Nyuma yo kwisubiza ku butegetsi babwambuye Abanyamerika, Abatalinani bakomeje imwe mu miziro yabo ku bagore aho noneho bababujijwe kwiga ngo bakandagire muri kaminuza.
Ni ingingo yiyama amahanga yatangiye gutuma urubyiruko rwo muri iki gihugu kigendera ku mahame akaze ya Kiislamu rwikoma.ubutegetsi.
Minisitiri ushinzwe amasomo atangwa muri za Kaminuza muri Afoganisitani yatangaje iyo ngingo, BBC yise ko isubiza inyuma igihugu ejo ku wa kabiri, avuga ko igiye gushyirwa mu bikorwa ako (…)
Urukiko rw’Ibanze rwa Gacurabwenge mu Karere ka Kamonyi, rwarekuye Umunyamategeko Me Katisiga Emile wavuzwe cyane mu rubanza rwa Muhizi Anathole wamenyekanye nk’uwabeshye Perezida Kagame.
Ubusanzwe Me Katisiga atuye mu Rubavu ari naho yaterewe muri yombi.
Me Katisiga Rusobanuka Emile uregwa ubufatanyacyaha ku cyaha cy’inyandiko mpimbano kiregwa (Demob) Muhizi Anathole wafunzwe nyuma yo kugaragara ko yabeshye Perezida Paul Kagame, ubwo yamugezagaho ikibazo cy’uko Banki Nkuru yamuhuguje (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Igabanuka ry’ifaranga ryatumye abaturage basaba Perezida wa Ghana, Anna Akufo-Addo kwegura.
Muri uyu mwaka wa 2022 ifaraga ryo muri Ghana ryagabanutse ku kigero cya 40%, ibintu byatumye abarimo kwigaragamiriza mu Murwa Mukuru Accra banavuga ko ibyo byatumye ibikomoka kuri peterori byarazamutse cyane.
Umwe mu bigaragambya, Rafael Williams, yagize ati “Yananiwe kuzuza ibyo yadusezeranyije byo kongera kuzamura agaciro k’ifaranga, none turamusaba kwegura. (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umutwe wa M23 wagize icyo uvuga ku bamaze iminsi bemeza ko Abarwanyi bawo bari mu myiteguro yo gufata Umujyi wa Goma ndetse ko ubu bageze mu birometero 40 hafi yawo.
Guhera tariki ya 17 Ukwakira 2022, abaturage batuye mu duce twa Ngugo na Gikeri twa Gurupoma ya Rugari Teritwari ya Rutshuru y’ Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, baherutse gutabaza abategetsi ba DRC n’Ingabo za Leta, FARDC, babasaba gukaza umutekano muri utwo duce kuko bari bamaze iminsi babona (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Kiliziya Gatolika yo mu gihugu cya Malawi yashinje Perezida Lazarus Chakwera kuba inkorabusa kuko ibyo yemereye abaturage byose mu gihe yiyamazaga nta na kimwe arakora.
Ni icyemezo gikubiye mu ibaruwa, abagize Inama y’Abasenyeri muri Malawi bashyize hanze ku wa Mbere tariki 10 Ukwakira 2022.
Muri iyi baruwa aba Basenyeri bavuze ko Malawi ‘igeze ahantu habi’ ugereranyije n’ibindi b’igihugu by’ibituranyi biri gutera imbere.
Bakomeje bavuga ko Malawari kuri (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden, yijeje Ukraine ubwirinzi bwisumbuye, mu gihe u Burusiya bukomeje gukaza ibitero bya missiles.
Ni ubwirinzi bw’ibikoresho bizaburizamo ibisasu bikomeye biterwa n’ingabo z’Uburusiya, nk’ibiherutse gusenya ibintu mu murwa Mukuru KYVIV wa Ukrainw n’ahandi.
Mu itangazo White House yasohoye kuri uyu wa Mbere, yatangaje ko aba bayobozi bombi bagiranye ikiganiro kuri telefoni.
Ni nyuma y’uko u Burusiya (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Muri Gereza Nkuru ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo humvikanye urusaku rw’amasasu, abapolisi barasana na mugenzi wabo.
Nkuko bitangazwa n’ubuyobozi bwa Polisi, uku kurasana kwabaye tariki ya 4 Ukwakira 2022 ubwo abapolisi bari ku izamu barashwe na mugenzi wabo wari wasinze. Uko kurasana kwasize Innocent Kashali ahaburiye ubuzima.
Sosiyete Sivile yo muri Kalehe yavuze ko umupolisi witwa Leya Muziki yishe arashe mugenzi we nyuma y’uko yari yasinze (…)
Guverinoma ya Somalia yemeje ko umwe mu bayobozi bashinze umutwe wa Al Shabab, Abdullahi Nadir yiciwe mu myigaragambyo.
Byatangajwe na Perezida ubwe ubwo bavugaga ku gitero cy’indege cyahitanye icyo kihebe.
Kuri uyu wa mbere, ubwo Perezida Hassan Sheikh Mohamud yemezaga "intambara yuzuye" kuri Al Shaban.
Yagize ati: "Umurwanyi mukuru muri Al Shabab yapfuye, yiciwe mu gitero cy’indege."
Minisiteri ivuga ko Nadir yari umwe mu bashinze iryo tsinda kandi yakurikiraga umurongo (…)
Abasore bafashe umusirikare w’igihugu baramukubita bamuguze intere baramutwika.
Byabereye ahitwa Kamanyola mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo.
Bivugwa ko abo basore bikoze bahorera umuvunjayi wari waraye yambuwe n’abantu bamuteze atashye.
Iyi midugararo yatangiye ubwo umuvunjayi yahuraga n’abantu bafite intwaro bakamwambura barangiza bakamukubita bakanamukomeretsa.
Abasore bo muri ako gace bahise barakra bashinga bariyeri hafi aho kugira ngo (…)
RIB yasobanuye impamvu yataye muri yombi Prof Harelimana
15 September 2023
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.
























