Mu ijoro ryo kuya 26 umugabo witwa Ntakirutimana utuye mu murenge wa Rwimiyaga akarere ka Nyagatare yafashwe na polisi ndetse n’abakozi be bagera kuri batanu barafungwa bikaba byari kunshuro ya Kabiri ibi bibaye kandi ntacyaha bababonyeho.
Ibyo umugore we yise akarengane gakomeye akavuga ko birigukorwa n’umusirikare witwa Kagame Amos ngo kuko yamubwiye ko amufiteho ububasha.
Mu kababaro kenshi yagize ati ‘’ twaguze ubutaka n’umugabo witwa Mubirigi ariko ngo hari umuhungu we (…)
Ku isaha ya saa tatu za mu gitondo nibwo Ntibansekeye Leodomir wari Umukozi w’Akarere ka Musanze ushinzwe ububiko akurikiranyweho gutesha agaciro Urwibutso rw’Abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yari ageze ku Rukiko rw’Ibanze rwa Muhoza, mu miburanire humvikanyemo abandi bakozi batanu barimo n’Umuyobozi w’akarere.
Uyu mugabo wasabaga kurekurwa by’agateganyo, akurikiranyweho icyaha bikekwa koyakoze ku wa 11 Ukwakira 2023 nkuko byavuzwe na RIB ubwo yafataga ibikoresho birimo matela n’amagare (…)
Yanditswe na Umutesi Yvette
Ubwo urubanza ruregwamo Basabose na Twahiwa Seraphin rwongeraga gusubukurwa kuri uyu wa mbere mu rukiko rwa Rubanda i Bruxelles mu Bubirigi, umutangabuhamya yagaragaje ubugome bukomeye bwakozwe na Twahirwa ku muryango we.
Abajijwe niba uwo avuga ariwe uri mu rukiko yagize ati: "Yego niwe ndamuzi cyane, yari chef w’Interahamwe."
Bamubajije niba yari amuzi mbere ati "Madame Présidente birababaje kuko yari umwana nk’umwana mu rugo. Yari ameze nk’ikihebe ariko (…)
Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi Ntibansekeye Leo Domir rumukekwaho icyaha cyo gutesha agaciro Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Ni nyuma yaho uyu mukozi ushinzwe ibikoresho (Logistics officer) tariki 11 ukwakira 2023 yafashe ibikoresho birimo matera n’utugare twabafite ubumuga akajya kubibika mu Rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, igikorwa gifatwa nko gutesha agaciro Urwibutso.
Umuvugizi wa RIB Dr.Murangira B Thierry (…)
Urukiko Rukuru rwa Kigali rwakatiye Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid, igifungo cy’imyaka itanu rumuhamije ibyaha byo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato no gusaba cyangwa gukora ishimishamubiri rishingiye ku gitsina.
Urubanza rwagombaga gusomwa kuri uyu wa Gatanu, tariki 13 Ukwakira 2023 saa Tanu z’amanywa ariko rushyirwa saa Saba ku mpamvu umucamanza yavuze ko zatunguranye.
Mu isomwa ry’uru rubanza yaba Ishimwe Dieudonné n’abamwunganira mu mategeko nta wari mu rukiko mu (…)
Ku munsi wa kabiri w’urubanza rwa Seraphin Twahirwa na Pierre Basabose ubushinjacyaha bwasobanuye neza ibyaha aba bagabo babiri bashinjwa.
Muri make bombi ibyaha bakurikiranyweho ni ukugira uruhare mu byaha bya Jenoside byakoze hagati y’itariki ya 6 Mata n’iya 14 Nyakanga mu 1994, kugira uruhare mu gushinga, kuyobora ndetse no gutoza interahamwe no kuziha ubundi bufasha, kwitabira no kugira uruhare mu nama zabaga zigamije kurimbura no kwica abahutu batavugaga rumwe n’ubutegetsi ndetse no (…)
Yanditswe na Mutesi Yvette
Urukiko rwa rubanda i Buruseri mu Bubiligi rugiye gutangira kuburanisha urubanza ruregwamo Seraphin Twahirwa na Pierre Basabose bacyekwaho gukora Genocide yakorewe abatutsi mu 1994 mu cyahoze ari perefegitura ya Ruhengeri.
Uru rubanza ruzatangira tariki ya 09 Ukwakira 2023 rusoze mu ntangiriro z’Ukuboza.
Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryasohowe na Ambasade y’Ububirigi mu Rwanda hagaragajwe ko muri uru rubanza abantu bagera kuri 40 aribo bazatanga (…)
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ko rwataye muri yombi uwahoze ayoboye Ikigo cy’igihugu gishinzwe amakoperative (RCA).
Mu kiganiro yagiranye na IGIHE, Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B. Thierry yavuze ko Prof Harelimana yatawe muri yombi.
Ati “Nibyo Prof Harelimana yafashwe na RIB.”
Amakuru aravuga ko akurikiranweho ibyaha birimo gutanga isoko rya Leta binyuranyije n’amategeko no gukoresha nabi umutungo ufitiye rubanda akamaro.
Kuva kuwa Kane akimara gutabwa muri (…)
Yanditswe na Samuel MUTUNGIREHE
Mu gihe habura iminsi itarenze itatu ngo umucamanza mu Rukiko rw’ubucuruzi ruherereye i Nyamirambo mu karere ka Nyarugenge asome umwanzuro rubanza yaburanishije, umwe mu baburanyi aravuga ko yimwe amatwi n’umucamanza akanga kumva inzitizi ye bityo bigoye kwizera ubutabera azamuha.
Ni urubanza rwo gusesa amasezerano y’imikoranire IMARB Group Ltd yarezemo ASCO Ltd (RCOM 01910/2022/TC) rwaje guhuzwa n’uwo ASCO Ltd nayo yahindukiye ikaregamo IMARB group Ltd, (…)
Yanditswe na Yvette Umutesi
Urubanza ruregwamo Phillipe Hategekimana uzwi nka "Biguma" rwatangiye kuri uyu wa kabiri i Paris mu Bufaransa, hagaragagazwa inyangamugayo 20 zizafasha imirimo urukiko muri uru rubanza.
Mu itangira ry’uru rubanza kandi hanasobanuwe uko iburanisha rizajyenda hanategekwa uburyo abatangahuhamya bazarindirwa umutekakano bahindurirwa amazina.
Mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, Abasaga ibihumbi 10 biciwe ku musozi wa Nyamure aho bari (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Musanze umupolisi yarashe umwe mu basore bari bitwaje intwaro gakondo arapfa, birakekwa ko ari umujura.
Ibi byabereye mu Murenge wa Musanze Kagari ka Rwambogo, mu ijoro rishyira kuri uyu wa Mbere tariki 17 Mata 2023, ubwo abasore batatu bahuraga na Polisi bitwaje intwaro gakondo hanyuma ibahagaritse kugira ngo imenye aho bava naho bajya banga guhagarara ahubwo bashaka kurwanya abapolisi, biba ngombwa ko barasa.
Umuvugizi wa Polisi mu (…)
RIB yasobanuye impamvu yataye muri yombi Prof Harelimana
15 September 2023
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























