Friday . 17 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Inama y'abaminisitiri yemeje ifungurwa ry'abarenga 1800

Inama y’Abaminisitiri yaraye iteranye iyobowe na perezida wa Repubulika Paul Kagame yemeje ko abantu 1874 bari bafunzwe bazafungurwa by’agateganyo.
Mu itangazo ry’ibyemezo by’iyi nama,rigaragaza imyanzuro y’iyo nama, havugwamo ko hashyizweho iteka rya Minisitiri riteganya ifungurwa ry’agateganyo ry’abantu 1874 bari barakatiwe n’inkiko.
Gusa kugeza ubu, ntiharashyirwa ahagaragara urutonde rw’abazarekurwa kandi n’impamvu z’iki cyemezo ntizatangajwe.
Iki cyemezo kije mu gihe Leta y’u (…)

Musanze: Ukurikiranyweho icyaha cyo gutesha agaciro Urwibutso yarekuwe
Musanze: Ukurikiranyweho icyaha cyo gutesha agaciro Urwibutso yarekuwe

Ahagana saa kumi nibwo mu rukiko rw’Ibanze rwa Muhoza hari hategerejwe isomwa ry’urubanza rw’umukozi w’Akarere ka Musanze Ntibansekeye Léodomir, ushinzwe ibikoresho ukekwaho icyaha cyo gutesha agaciro Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi.
Ni urubanza rwari rwaburanishijwe taliki ya 8 Ugushyingo 2023, aho Ntibansekeye yari yireguye agaragaza ko kuba yarabitse ibikoresho mu Rwibutso yari yabuze ikindi cyumba cyo kubikamo ibyo bikoreho bigizwe na Matera n’utugare tw’abafite ubumuga. (…)

424 Shares 4 Comments
Mu rubanza rw'uwabitse ibikoresho mu rwibutso rwumvikanyemo uruhare rwa Meya
Mu rubanza rw’uwabitse ibikoresho mu rwibutso rwumvikanyemo uruhare rwa Meya

Ku isaha ya saa tatu za mu gitondo nibwo Ntibansekeye Leodomir wari Umukozi w’Akarere ka Musanze ushinzwe ububiko akurikiranyweho gutesha agaciro Urwibutso rw’Abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yari ageze ku Rukiko rw’Ibanze rwa Muhoza, mu miburanire humvikanyemo abandi bakozi batanu barimo n’Umuyobozi w’akarere.
Uyu mugabo wasabaga kurekurwa by’agateganyo, akurikiranyweho icyaha bikekwa koyakoze ku wa 11 Ukwakira 2023 nkuko byavuzwe na RIB ubwo yafataga ibikoresho birimo matela n’amagare (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Twahirwa na Basabose bongeye gushinjwa kwigamba gufata ku ngufu abagore muri Jenoside
Twahirwa na Basabose bongeye gushinjwa kwigamba gufata ku ngufu abagore muri Jenoside

Yanditswe na Umutesi Yvette
Ubwo urubanza ruregwamo Basabose na Twahiwa Seraphin rwongeraga gusubukurwa kuri uyu wa mbere mu rukiko rwa Rubanda i Bruxelles mu Bubirigi, umutangabuhamya yagaragaje ubugome bukomeye bwakozwe na Twahirwa ku muryango we.
Abajijwe niba uwo avuga ariwe uri mu rukiko yagize ati: "Yego niwe ndamuzi cyane, yari chef w’Interahamwe."
Bamubajije niba yari amuzi mbere ati "Madame Présidente birababaje kuko yari umwana nk’umwana mu rugo. Yari ameze nk’ikihebe ariko (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Umukozi w'Akarere yatawe muri yombi azira gutesha agaciro urwibutso rwa Jenoside
Musanze: Umukozi w’Akarere yatawe muri yombi azira gutesha agaciro urwibutso rwa Jenoside

Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi Ntibansekeye Leo Domir rumukekwaho icyaha cyo gutesha agaciro Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Ni nyuma yaho uyu mukozi ushinzwe ibikoresho (Logistics officer) tariki 11 ukwakira 2023 yafashe ibikoresho birimo matera n’utugare twabafite ubumuga akajya kubibika mu Rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, igikorwa gifatwa nko gutesha agaciro Urwibutso.
Umuvugizi wa RIB Dr.Murangira B Thierry (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
PrinceKid asubiye gereza
PrinceKid asubiye gereza

Urukiko Rukuru rwa Kigali rwakatiye Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid, igifungo cy’imyaka itanu rumuhamije ibyaha byo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato no gusaba cyangwa gukora ishimishamubiri rishingiye ku gitsina.
Urubanza rwagombaga gusomwa kuri uyu wa Gatanu, tariki 13 Ukwakira 2023 saa Tanu z’amanywa ariko rushyirwa saa Saba ku mpamvu umucamanza yavuze ko zatunguranye.
Mu isomwa ry’uru rubanza yaba Ishimwe Dieudonné n’abamwunganira mu mategeko nta wari mu rukiko mu (…)

424 Shares 4 Comments
Ubushinjacyaha bwashinje Twahirwa gufata ku ngufu abagore bahigwaga muri Jenoside.
Ubushinjacyaha bwashinje Twahirwa gufata ku ngufu abagore bahigwaga muri Jenoside.

Ku munsi wa kabiri w’urubanza rwa Seraphin Twahirwa na Pierre Basabose ubushinjacyaha bwasobanuye neza ibyaha aba bagabo babiri bashinjwa.
Muri make bombi ibyaha bakurikiranyweho ni ukugira uruhare mu byaha bya Jenoside byakoze hagati y’itariki ya 6 Mata n’iya 14 Nyakanga mu 1994, kugira uruhare mu gushinga, kuyobora ndetse no gutoza interahamwe no kuziha ubundi bufasha, kwitabira no kugira uruhare mu nama zabaga zigamije kurimbura no kwica abahutu batavugaga rumwe n’ubutegetsi ndetse no (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Basabose na Twahirwa bagiye kuburanishirizwa mu Bubiligi
Basabose na Twahirwa bagiye kuburanishirizwa mu Bubiligi

Yanditswe na Mutesi Yvette
Urukiko rwa rubanda i Buruseri mu Bubiligi rugiye gutangira kuburanisha urubanza ruregwamo Seraphin Twahirwa na Pierre Basabose bacyekwaho gukora Genocide yakorewe abatutsi mu 1994 mu cyahoze ari perefegitura ya Ruhengeri.
Uru rubanza ruzatangira tariki ya 09 Ukwakira 2023 rusoze mu ntangiriro z’Ukuboza.
Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryasohowe na Ambasade y’Ububirigi mu Rwanda hagaragajwe ko muri uru rubanza abantu bagera kuri 40 aribo bazatanga (…)

424 Shares 4 Comments
RIB yasobanuye impamvu yataye muri yombi Prof Harelimana
RIB yasobanuye impamvu yataye muri yombi Prof Harelimana

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ko rwataye muri yombi uwahoze ayoboye Ikigo cy’igihugu gishinzwe amakoperative (RCA).
Mu kiganiro yagiranye na IGIHE, Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B. Thierry yavuze ko Prof Harelimana yatawe muri yombi.
Ati “Nibyo Prof Harelimana yafashwe na RIB.”
Amakuru aravuga ko akurikiranweho ibyaha birimo gutanga isoko rya Leta binyuranyije n’amategeko no gukoresha nabi umutungo ufitiye rubanda akamaro.
Kuva kuwa Kane akimara gutabwa muri (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umucamanza agiye guca urubanza yimye amatwi umuburanyi
Umucamanza agiye guca urubanza yimye amatwi umuburanyi

Yanditswe na Samuel MUTUNGIREHE
Mu gihe habura iminsi itarenze itatu ngo umucamanza mu Rukiko rw’ubucuruzi ruherereye i Nyamirambo mu karere ka Nyarugenge asome umwanzuro rubanza yaburanishije, umwe mu baburanyi aravuga ko yimwe amatwi n’umucamanza akanga kumva inzitizi ye bityo bigoye kwizera ubutabera azamuha.
Ni urubanza rwo gusesa amasezerano y’imikoranire IMARB Group Ltd yarezemo ASCO Ltd (RCOM 01910/2022/TC) rwaje guhuzwa n’uwo ASCO Ltd nayo yahindukiye ikaregamo IMARB group Ltd, (…)

424 Shares 4 Comments
Urubanza rwa Biguma rwaranzwe n'impaka ku myirondoro ye
Urubanza rwa Biguma rwaranzwe n’impaka ku myirondoro ye

Yanditswe na Yvette Umutesi
Urubanza ruregwamo Phillipe Hategekimana uzwi nka "Biguma" rwatangiye kuri uyu wa kabiri i Paris mu Bufaransa, hagaragagazwa inyangamugayo 20 zizafasha imirimo urukiko muri uru rubanza.
Mu itangira ry’uru rubanza kandi hanasobanuwe uko iburanisha rizajyenda hanategekwa uburyo abatangahuhamya bazarindirwa umutekakano bahindurirwa amazina.
Mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, Abasaga ibihumbi 10 biciwe ku musozi wa Nyamure aho bari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru