Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more
  • 6 July » Spain na Portugal ziracakirana i Saa 21:00 mu mukino ukomeye uzakugena ikipe ikomeza muri 1/4 cy’Igikombe cy’Isi – read more

½ cy’abagize guverinoma ya Afrika y’Epfo ni abagore

Friday 31 May 2019
    Yasomwe na

Perezida mushya wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa yamaze gushyira hanze abazab
a bagize guverinoma nshya, nyuma y’iminsi mike arahiye.

Uyu muperezida yagaragaje intambwe iganje yo kubahiriza ihame ry’uburinganire akora ibyo abamubanjirije batigeze bakora. Iyi guverinoma nshya yavuye ku baminisiteri 36 abagira 28.

Perezida Ramaphosa yavuze ko impamvu yo kugabanya umubare w’abaminisitiri no kunganisha umubare w’abagore n’abagabo ari ukugira ngo yubahirize ihame ry’uburinganire, ubufatanye n’ubwuzuzanye, guhuza ibikorwa n’ingufu.
Perezida Ramaphosa yavuze ko abagize iyi guverinoma yabatoranije abanje gushishoza kuko yifuza abantu bafite imbaraga mu kumufasha gukosora ibibazo bikomeye byabaye mu bukungu bw’afurika y’epfo kandi ngo abizeyeho ubunararibonye mu gukoresha neza umutungo w’igihugu.

Mu byo perezida Ramaphosa ashyize imbere mu bigomba gukosorwa mu gihugu cye harimo kugabanya umubare w’abadafite imirimo, ubusumbane mu mibereho y’abaturage, gukuraho amacakubiri ashingiye ku moko n’ubwicanyi byagiye bigaragara muri Afurika y’epfo mu myaka itandukanye.
Olive MUKAHIRWA

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru