Itorero intayoberana ryavutse tariki 19/7/2014 rikaba rimaze gukora ibikorwa byishi byimaka umuco nyarwanda harimo kwizihiza ibirori bitandukanye ndetse rikaba rimaze gukora ibitaramo 3 byimbaturamugabo, nyuma yo gushyira hanze indirimbo zakunzwe nabeshi ubu ryabateguriye igitaramo ryise Twambaye ikirezi.
Turi mu isi igizwe n’imigabane myinshi itandukanye, twe tukaba turi mu mugabane wa Afurika,.
Muri africa harimo u Rwanda, rufite umwihariko warwo utasanga ahandi, icyo kirezi twambaye niwa muco wacu utasanga ahandi.
Muremvi Viateur






















