Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)
Umutwe wa M23 uhanganye na leta ya Congo watangaje ko ufateze na rimwe kujya kuba mu mashyamba y’imisozi ya Sabyinyo kuko atari inyamanswa.
Ni nyuma yuko muri iyi minsi hongeye kwaduka imirwano hagati y’ingabo za Congo zifatanyije n’indi mitwe yitwaje intwaro ikorera mu Burasirazuba bwa Congo bateye abarwanyi ba M23 bongera gukozanyaho, mu gihe hari uterwa intera yo kubahiriza inzira y’amahoro binyuze mu kurekura uduce dutandukanye uyu mutwe wari warigaruriye.
Umuvugizi wungirije (…)
Ibarura rimaze iminsi rikorwa mu Burasirazuba bwa Congo ryagaragaje ko hari imitwe yitwaje intwari igera kuri 266.
Hashize imyaka myinshi mu ntara eshanu zo mu Burasirazuba wa Congo hagaragaramo umutekano muke uterwa n’imitwe yitwaje intwaro, irimo iyashinzwe n’abakongomani ubwabo bahoze mu gisirikare cya Leta, FARDC, kimwe n’indi mitwe yaturutse hanze mu bihugu bituranyi na Congo nka Uganda, u Rwanda n’u Burundi.
Muri iyo mitwe 266, igera kuri 252 niyo ifite inkomoko muri Congo mu gihw (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Umubare w’abaturage mu Rwanda ukomeje kwiyongera bijyanye n’ibarura rusange riherutse gukorwa n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare(NISR) mu gihe ubutaka bw’Igihugu butaguka, arinayo mpamvu bagirwa inama yo kuyoboka gutura mu mijyi ubutaka bweraho imyaka bakareka gukomeza kubwubakaho amazu.
Kuri ubu umubare w’abaturage mu Rwanda ugeze kuri miliyoni zisaga 13 bivuze ko bari bagenda biyongera ugereranyije n’imyaka yagiye itambuka, arinaho impuguke mu (…)
Nyuma yo kubona inteko ishinga amategeko ya Uganda yemeje umushinga w’itegeko rihana abakora n’abashyigikiye ubutinganyi, bamwe mu bafite sosiyete z’ubucuruzi zikomeye muri iki gihugu batangaje ko bagiye kuzinga utwabo.
Ni ubutumwa bwageze ku muhungu wa Perezida Yoweli Kaguta Museveni, Gen. Kainerugaba Muhoozi akaba n’umujyanama we maze nawe mu kutarya indimi yegera twitter abasubiza akaminuramuhini.
Mbere gato y’uyu mushinga w’itegeko Gen. Muhoozi yari aherutse kwandika nanone ubutumwa (…)
Igipolisi cyo muri Kenya cyazindutse iyarubika mu mihanda kijya kwitambika no kuburizamo umugambi wa Raila Odinga wo kumukura ku butegetsi bnyuze mu myigaragambyo.
Mu mopera z’iki cyumweru Kandida Perezida watsinzwe amatora, Raila Odinga yakanguriye Abanyakenya kumufasha gukora imyigaragambyo yo kwamagana igiciro gihenze cy’imibereho, n’icyo yita perezida utemewe uri ku butegetsi.
Kuva abantu bumva uwo mugambi, muri Kenya hari ubwoba bwinshi ko iyi myigaragambyo ishobora kuvamo urugomo (…)
Abasivile 40 bishwe barashwe n’abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa ADF abandi barakomereka.
Ni ubwicanyi bwabaye mu ijoro ryo ku itariki ya 8 Werurwe ahitwa Mukondi muri teritwari ya Beni, muri Kivu y’Amajyaruguru.
Amakuru aravuga ko habaye no gutwika inzu nyinshi muri icyo gitero ku baturage.
Sosiyete sivile yavuze ko habaruwe 44 bishwe hahunga benshi bagana ahitwa Kalunguta na Maboya hafatwa nk’ahari umutekano.
Umuyobozi ushiznnzwe urubyiruko muri sheferi ya Bashu, Saddam Patanguli (…)
Bola Ahmed Tinubu yatsindiye kuba Perezida wa Nigeria ahigitse bagenzi be bari bahanganiye gusimbura Perezida Muhammadu Buhari wari usoje Manda ze ebyiri.
Amajwi y’agateganyo yabaruwe kuri uyu wa kabiri tariki ya 28 Gashyantare 2023, agaragaza ko uyu musaza w’imyaka 70 wahoze ari guverineri wa Leta ya Lagos ari we watsinze amatora.
Tinubu watsinze amatora ava mu ishyaka riri ku butegetsi
Nubwo Komisiyo y’amatora yatangaje uwatsinze amatora, amashyaka atavuga rumwe na Leta yari (…)
Umukandida Perezida, Tinubu Bola Ahmed ari kuza imbere ya Atiku Abubakar na Peter Obi bahanganiye kwicara ku ntebe y’Umukuru w’igihugu cya Nigeria mu matora ya Perezida.
Amajwi yabaruwe mu ntara 14 muri 36 zigize Nigeria, Umukandida Perezida Tinubu w’Ishyaka riri ku butegetsi yatsinze ku gipimo cya 44%. Yakurikiwe na Kandida Atiku waje afite 33%.
Peter Obi wo mu ishyaka ry’abakozi we yabaruriwe amajwi 18% nabwo bitewe nuko yakubise inshuro Tinubu muri Leta ya Lagos ari nayo murwa Mukuru (…)
Perezida wa Eritrea Isaias Afwerki yashinje Leta Zunze Ubumwe za Amerika ko zirimo gufasha inyeshyamba za Tigray mu ntambara zimaze igihe zihanganyemo na Leta ya Ethiopia mu ntara zigaruriye.
Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru b’igihugu cye, mu mugi wa Massawa, uherereye mu nkengero z’Inyanja itukura, Perezida Afwerki yavuze ko amasezerano y’amahoro aherutse gushyirwaho umukono na leta ya Ethiopia hamwe n’umutwe w’ingabo za TPLF zo mu ntara ya Tigray yihutishijwe na Amerika kugira ngo (…)
Umuhuza ku kibazo cy’u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Uhuru Kenyatta, yassbye ko hongera koherezwa izindi ngabo ku bwinshi mu Burasirazuba bwa Congo ikomeje guhangana n’inyeshyamba za M23.
Inyeshyamba za M23 zikomeje gusaba Congo gushyira mu bikorwa ibyo bemeranyije ari nako zitakira amahanga n’Isi muri rusange ko ingabo za Leta (FARDC) zirimo gukorera Jenoside Abatutsi bari ku butaka bwa Congo mu gice cy’abavuga ikinyarwanda.
Hashize iminsi abakongomani, by’umwihariko (…)
Gasabo na Nyarugenge babonye ababahagariye bashya muri Green Party
14 December 2025, by Valens NzabonimanaMushikiwabo nk’umukandida uzahagarira u Rwanda ku buyobozi bwa OIF
13 January 2026, by Valens Nzabonimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






![Kenya: [Video] Polisi yaryamiye amajanja mu gukumira imyigaragambyo kuri Perezida Ruto](IMG/logo/screenshot_2023-03-20_095942.jpg?1679299231)
















