Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Anthoie Tshisekedi Tchilombo amaze iminsi asaba Isi n’Umuryango Mpuzamahanga ko bamufasha kubwira mugenzi we w’u Rwanda kurekera gufasha umutwe wa M23 bahanganye, ikibazo cy’intambara mu Burasirazuba bwa Congo kibabonerwa umuti.
Bimwe mu bihugu bikomeye bijya bimwumva ibindi bikamutera utwatsi, ko igisubizo kirambye cy’intambara mu karere cyaba mu nzira y’ibiganiro, bamwe bakavuga ko byaba ibiganiro hagati ya Congo n’u Rwanda (…)
Nyuma y’iminsi mike asheshe Guverinoma, Perezida w’Inzibacyuho muri Guinea Conakry, Mamadu Doumbouya yashyizeho Minisitiri w’Intebe ugiye kumufasha gushyiraho indi.
Agatsiko k’abasirikare kari ku butegetsi muri Gineya kayobowe na Doumbouya kavuga ko kashyizeho minisitiri w’intebe mushya, nyuma y’iminsi umunani iyariho isheshwe.
Ibyo bibaye mu gihe mu murwa mukuru Conakry, bisa n’aho ubuzima bwahagaze ku munsi wa kabiri w’imyigaragambyo ibera mu gihugu cyose.
Abigaragambya barasaba ko (…)
Nyuma yo gukubuka muri Angola, Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Anthoie Tshisekedi Tchilombo yakomereje mu Bubiligi, mu rugendo rugamije gukomeza umubano ibi bihugu, byombi bisanzwe bifitanye no ku buryo haboneka umutekano mu gace karimo intambara na M23
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, nibwo Tshisekedi yageze mu Bubiligi, aho yakiriwe na Minisitiri w’intebe w’iki gihugu, Alexander De Croo, nkuko ibiro bya Perezida wa Congo byabitangaje ku rubuga rwa X. (…)
Abarwanyi b’Umutwe w’inyeshyamba wa Red-Tabara bateye igitero ku ngabo z’u Burundi bahitana bamwe, babohoza intwaro banasenya Ingoro y’Ishyaka riri ku butegetsi CNDD-FDD
Ni igitero cyagabwe mu ijoro ryo kuri uyu wa 25 Gashyantare 2024 ku birindiro bibiri by’ingabo z’u Burundi.
Imirwano yaguyemo abasirikare batandatu b’u Burundi nk’uko byigambwe na RED-Tabara.
Hafashwe kandi imbunda n’amasasu menshi n’ibindi bikoresho by’igisirikare cya Leta.
Mu butumwa bwo kuri X, Red-Tabara yavuze (…)
Kuri uyu wa Kabiri nibwo Perezida Felix Anthoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yakiriye ibaruwa ya Minisitiri w’Intebe we, Sama Lukonde amumenyesha ko yeguye ku mirimo.
Icyemezo cya Jean-Michel Sama Lukonde Kyenge kije muri ibi bihe Congo irimo nticyabura guhuzwa no gusiga Perezida Tshisekedi ku rugamba ahanganyemo na M23 yamaze kwifatanya n’ihuriro Alliance Fleuve du Congo (AFC) yashinzwe na Corneille Nangaa wahoze ayobora akanama kigenga k’amatora muri Congo. (…)
Tariki ya 17 Gashyantare 2024 u Rwanda rwagiye kubona rubona ubutumwa bw’ibiro bishinzwe ububanyi n’amahanga bya America birushinja gufasha umutwe witwaje intwaro wa M23, bakarusaba gukura ingabo zarwo muri DRCongo.
Ni ubutumwa u Rwanda rwavuze ko burimo kwivuguruza nkana bitewe n’ibyo ibiro bya Amerika by’Ubutasi byatangaje mu Gushyingo 2023.
Gahunda y’ubu butasi ya America yari iyo gufasha u Rwanda na RDC guhosha umwuka mubi, gukemura impamvu muzi y’umutekano muke muri iki gihugu no (…)
Nyuma yo kubona ko urugamba rugeze mu nahina kandi umutwe wa M23 igaragaza imbaraga zidasanzwe ku gisirikare cya Leta ya Congo n’abo gifatanyije aribo Ingabo z’umuryango SADC, Ubutumwa bwa Loni muri Congo nabwo bwijeje ubufasha kuri Leta.
Byatangajwe n’Intumwa y’Umunyamabanga Mukuru wa Loni ishinzwe amahoro, Jean Pierre Lacroix, ubwo yari mu ruzinduko muri RDCongo.
Yagize ati “Mu mwanzuro wayo wa 2717, akanama k’umutekano gafite MONUSCO mu nshingano kazasuzuma uburyo bwo gufasha SADC mu (…)
Umutwe w’inyeshyamba wa M23 urwanya ubutegetsi bwa RDC, wazamuye mu mapeti bamwe mu basirikare bawo, barimo na Willy Ngoma.
Nkuko bikubiye mu itangazo uyu mutwe washyize ahagaragara ku rubu rwa X, ryasinyiwe i Bunagana, mu bazamuwe harimo 1 wavanywe ku ipeti rya Coloneli, ajyirwa Burigadiye Jenerali, uwo yitwa Gacheri Musanga Justin.
Harimo kandi abasirikare buyu mutwe babiri, bakuwe ku ipeti rya Liyetona Koloneli, bahabwa ipeti rya Koloneli, abo ni Nsanze Nzamuye Jimmy na Karangwa (…)
Abimukira n’impunzi babarirwa mu bihumbi mu binjiye mu Bwongereza mu buryo bunyuranyije n’amategeko, bagombaga koherezwa mu Rwanda, benshi muri bo baburiwe irengero.
Byatangajwe na Minisiteri y’Umutekano mu Bwongereza, ari nayo ifite mu nshingano aba bantu.
Inyandiko z’iyi Minisiteri zigaragaza ko abagera kuri 700 mu 5000 bateganywaga koherezwa mu Rwanda ari bo bazwi aho baherereye.
Abayobozi muri Minisiteri y’Umutekano bagaragaje ko abari hagati ya 100 na 150 ari bo bashobora (…)
Ntibyumvikanaga mu matwi ya benshi n’abanyapolitiki n’abenegihugu muri rusange ukuntu Igihugu cy’u Burundi cyatanze ingabo zijya mu mutwe uhuriweho w’Ingabo z’Akarere ka Afurika y’Iburasirazuba EACRF, hanyuma bagahindukira bakohereza n’izindi ngabo zihariye zigiye kurwanya iyo gahunda.
Ni andi masezerano ya rwihishwa yashyizweho umukono ya Perezida Tshisekedi na Gen. Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, ko amutiza amaboko yo guhangana na M23 nyuma yo kuvuga ko ingabo za EACRF zitarimo gukora (…)
Gasabo na Nyarugenge babonye ababahagariye bashya muri Green Party
14 December 2025, by Valens NzabonimanaMushikiwabo nk’umukandida uzahagarira u Rwanda ku buyobozi bwa OIF
13 January 2026, by Valens Nzabonimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























