Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)
Yanditswe na Nimugire Fidelia
Perezida wa Burkina Faso, Lt Col Paul-Henri Damiba wakorewe Coup d’Etat ku wa Gatanu, yemeye kurekura ubutegetsi.
Ubu Burkina Faso iyobowe na Capitaine Ibrahim Traoré, ndetse yakiriye ubwegure bwa Perezida Lt Col Paul-Henri Damiba.
Lt Col Paul-Henri Damiba si we watangaje ko yeguye ahubwo byavuzwe n’abayobozi b’amadini n’abategetsi b’amoko atandukanye atuye Burkina Faso abo bita Leaders coutumiers.
Kwegura kwa Lt Col Damiba gukurikiye ibikorwa byibasiye (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umunyapolitiki mu ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Tshisekedi yavuze ko u Rwanda rwihishe inyuma y’amakimbirane amaze iminsi hagati y’ubwoko bw’aba Téké n’aba Yaka mu ntara ya Mai- Ndombe.
Devos Kitoko, yabitangaje kuwa 27 Nzeri 2022, nk’Umunyabanga mukuru w’ishyaka ECIDe rya Martin Fayulu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi.
Mu kiganiro n’itangazamakuru, yavuze ko amakimbirane y’amoko amaze iminsi hagati y’ubwoko (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt Gen Constant Ndima, yafashe umwanzuro wo gukuraho imikwabu yari imaze hafi imyaka 2 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Iyi mikwabu yari yashyizweho n’Ubuyobozi bwa Gisirikare buyoboye intara za Kivu zombi na Ituri hagamijwe kugabanya urujya n’uruza mu mijyi itandukanye y’intara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Iyi mikwabu yatangiraga saa Tatu z’Ijoro (21H00) aho nta bikorwa by’ubucuruzi cyabaga cyemerewe kuba kigifunguye (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Uwahoze ayobora u Bufaransa, François Hollande yasabye ko muri Congo hoherezwa ingabo nyinshi z’amahanga zo kurasa imitwe yitwaje intwaro irimo na M23.
Ku wa mbere nibwo François Hollande n’umufasha we bageze i Kinshasa, yakiriwe ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya N’djili na Ambasaderi w’u Bufaransa,Brune Aubert.
Ku wa kabiri nibwo uyu mugabo uri mu rugendo rwo kugarura amahoro muri Congo yahise yerekeza i Bukavu yakirwa na Guverineri wa Kivu (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Igikomangoma cya Arabiya Sawudite, Mohammed bin Salman, yagizwe Minisitiri w’Intebe nk’uko byatangajwe nk’itegeko rya Se, Umwami Salmani Bin Abdulaziz Al Saudi.
Iki cyemezo cyatangajwe ku wa 27 Nzeri 2022, binyuze mu mavugurura yakozwe muri Guverinoma ya Arabie Saoudite.
Igikomangoma Mohammed bin Salman yagiye akora mu yindi myanya itandukanye muri Guverinoma irimo kuba Minisitiri w’Intebe Wungirije, ndetse n’uwa Minisitiri w’Ingabo yaherukagamo.
Muri (…)
Yanditswe na Nimugire Fidelia
Indege ya kajugjugu yo mu bwoko bwa MI-17 y’Igisirikare cya Uganda (UPDF) yakoze impanuka igwira abasirkare ba Congo (FARDC) n’aba Uganda (UPDF) gusa ntiharamenyekana umubare w’abayiguyemo.
Iyi mpanuka yabaye ku munsi w’ejo mu gace ka Rwenzori, ku mupaka wa Uganda yerekeza muri Congo.
Hari nyuma y’iminota mike ihagurutse iva Uganda yerekeza muri Congo, ijyanye ibyo kurya ibishyiriye abasirikare bari muri Operation Shujaa, yo kurwanya umutwe wa ADF.
Iyi (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Sosiyete Sivili yo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru yateguje imyigaragambyo y’iminsi ibiri yiswe ”Journées ville morte” igamije gusaba ubutegetsi bwa Kinshasa n’ingabo za FARDC kubohoza umujyi wa Bunagana umaze amezi atatu mu maboko ya M23.
Iyi myigaragambyo bivugwa ko igomba kuba none kuwa 26 Nzeri ikazanakomeza no kuri uyu wa Kabiri mu mujyi wa Goma.
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Goma bwatanze itangazo ko umuntu ukunda ubuzima bwe akwiriye kwirinda kuza muri iyi (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umuntu umwe yitabye imana abandi Babiri barakomereka, ubwo bari mu myigaragambyo yo gusaba FARDC guhashya no kwambura umutwe wa M23 Umujyi wa Bunagana.
Ni imyigaragambyo yabereye muri teritwari ya Rutshuru uduce tugenzurwa na Leta (Rutshuru centre), ejo kuwa 22 Nzeri 2022, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Ni imyagarambyo yabaye ubwo abashigikiye ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi, bigabizaga imihanda nyuma yo kubisabwa na Sosiyete sivile ikorera muri (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia Umutwe w’inyeshyamba zirwanya ubutegetsi bw’u Rwanda FDLR, ukorera mu mushyamba ya Congo, wanyomoje umuvugizi wungirije wa perezida Felix Tshisekedi wavuze ko utakiri ku butaka bwabo.
Ubwo yavugaga ku myanzuro yafashwe n’inama yahuje ba Perezida Felix Tshisekedi na Paul Kagame i New York muri leta zunze ubumwe z’Amerika, umuvugizi wungirije wa perezida wa Congo, Tina Salama, yavuze ko umutwe wa FDLR utagikorera ku butaka bw’icyo gihugu.
Tina Salama (…)
Uburusiya bwarekuye abasirikare 215 ba Ukraine n’abanyamahanga icumi bari barafatiwe ku rugamba muri Ukraine.
Ni umwanzuro uje mu gihe ibihugu byombi byari bimaze amezi mu biganiro byo guhanahana infungwa z’intambara, babifashijwemo na Turkiya n’Arabiya Sawudite, na Leta zunze ubumwe z’Amerika.
Ni amakuru yatangajwe na Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky.
Abarekuwe barimo abasirikare barwaniye cyane uruganda rw’amashanyarazi rwa Mariupol n’abakomanda babo.
Naho abanyamahanga icumi (…)
Mushikiwabo nk’umukandida uzahagarira u Rwanda ku buyobozi bwa OIF
13 January 2026, by Valens NzabonimanaGasabo na Nyarugenge babonye ababahagariye bashya muri Green Party
14 December 2025, by Valens Nzabonimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























