Nyuma yo gushyiraho inzego zihagarariye abandi ku rwego rw’imirenge ya Rugarama na Cyanika muri Burera, Abarwanashyaka ba (Green Party of Rwanda) ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikikije mu Rwanda, ryakomereje ibikorwa byaryo mu mirenge ya Kagogo na kinyababa mu karere Burera aho bibukijwe amahame y’ishyaka n’ibigomba kubaranga.
Perezida w’iri Shyaka Hon. Dr Frank Habineza yongeye kwibutsa abarwanashyaka amavu n’amavuko y’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Amatora y’Umukuru w’Igihugu muri Brésil yageze mu cyiciro cya kabiri nyuma y’aho abakandida babiri bahatanye babuze amajwi asabwa ngo hagire uwegukana intebe isumba izindi.
Luiz Inacio Lula da Silva yagize amajwi 48,4% mu gihe Jair Bolsonaro usanzwe ku butegetsi we yagize 43,2%; bivuze ko ugomba kuba Perezida wa Brésil azamenyekana mu mpera z’uku kwezi binyuze mu matora y’icyiciro cya kabiri.
Lula da Silva si mushya muri politiki ya Brésil kuko yabaye (…)
Yanditswe na Nimugire Fidelia
Perezida wa Burkina Faso, Lt Col Paul-Henri Damiba wakorewe Coup d’Etat ku wa Gatanu, yemeye kurekura ubutegetsi.
Ubu Burkina Faso iyobowe na Capitaine Ibrahim Traoré, ndetse yakiriye ubwegure bwa Perezida Lt Col Paul-Henri Damiba.
Lt Col Paul-Henri Damiba si we watangaje ko yeguye ahubwo byavuzwe n’abayobozi b’amadini n’abategetsi b’amoko atandukanye atuye Burkina Faso abo bita Leaders coutumiers.
Kwegura kwa Lt Col Damiba gukurikiye ibikorwa byibasiye (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umunyapolitiki mu ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Tshisekedi yavuze ko u Rwanda rwihishe inyuma y’amakimbirane amaze iminsi hagati y’ubwoko bw’aba Téké n’aba Yaka mu ntara ya Mai- Ndombe.
Devos Kitoko, yabitangaje kuwa 27 Nzeri 2022, nk’Umunyabanga mukuru w’ishyaka ECIDe rya Martin Fayulu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi.
Mu kiganiro n’itangazamakuru, yavuze ko amakimbirane y’amoko amaze iminsi hagati y’ubwoko (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt Gen Constant Ndima, yafashe umwanzuro wo gukuraho imikwabu yari imaze hafi imyaka 2 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Iyi mikwabu yari yashyizweho n’Ubuyobozi bwa Gisirikare buyoboye intara za Kivu zombi na Ituri hagamijwe kugabanya urujya n’uruza mu mijyi itandukanye y’intara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Iyi mikwabu yatangiraga saa Tatu z’Ijoro (21H00) aho nta bikorwa by’ubucuruzi cyabaga cyemerewe kuba kigifunguye (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Uwahoze ayobora u Bufaransa, François Hollande yasabye ko muri Congo hoherezwa ingabo nyinshi z’amahanga zo kurasa imitwe yitwaje intwaro irimo na M23.
Ku wa mbere nibwo François Hollande n’umufasha we bageze i Kinshasa, yakiriwe ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya N’djili na Ambasaderi w’u Bufaransa,Brune Aubert.
Ku wa kabiri nibwo uyu mugabo uri mu rugendo rwo kugarura amahoro muri Congo yahise yerekeza i Bukavu yakirwa na Guverineri wa Kivu (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Igikomangoma cya Arabiya Sawudite, Mohammed bin Salman, yagizwe Minisitiri w’Intebe nk’uko byatangajwe nk’itegeko rya Se, Umwami Salmani Bin Abdulaziz Al Saudi.
Iki cyemezo cyatangajwe ku wa 27 Nzeri 2022, binyuze mu mavugurura yakozwe muri Guverinoma ya Arabie Saoudite.
Igikomangoma Mohammed bin Salman yagiye akora mu yindi myanya itandukanye muri Guverinoma irimo kuba Minisitiri w’Intebe Wungirije, ndetse n’uwa Minisitiri w’Ingabo yaherukagamo.
Muri (…)
Yanditswe na Nimugire Fidelia
Indege ya kajugjugu yo mu bwoko bwa MI-17 y’Igisirikare cya Uganda (UPDF) yakoze impanuka igwira abasirkare ba Congo (FARDC) n’aba Uganda (UPDF) gusa ntiharamenyekana umubare w’abayiguyemo.
Iyi mpanuka yabaye ku munsi w’ejo mu gace ka Rwenzori, ku mupaka wa Uganda yerekeza muri Congo.
Hari nyuma y’iminota mike ihagurutse iva Uganda yerekeza muri Congo, ijyanye ibyo kurya ibishyiriye abasirikare bari muri Operation Shujaa, yo kurwanya umutwe wa ADF.
Iyi (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Sosiyete Sivili yo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru yateguje imyigaragambyo y’iminsi ibiri yiswe ”Journées ville morte” igamije gusaba ubutegetsi bwa Kinshasa n’ingabo za FARDC kubohoza umujyi wa Bunagana umaze amezi atatu mu maboko ya M23.
Iyi myigaragambyo bivugwa ko igomba kuba none kuwa 26 Nzeri ikazanakomeza no kuri uyu wa Kabiri mu mujyi wa Goma.
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Goma bwatanze itangazo ko umuntu ukunda ubuzima bwe akwiriye kwirinda kuza muri iyi (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umuntu umwe yitabye imana abandi Babiri barakomereka, ubwo bari mu myigaragambyo yo gusaba FARDC guhashya no kwambura umutwe wa M23 Umujyi wa Bunagana.
Ni imyigaragambyo yabereye muri teritwari ya Rutshuru uduce tugenzurwa na Leta (Rutshuru centre), ejo kuwa 22 Nzeri 2022, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Ni imyagarambyo yabaye ubwo abashigikiye ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi, bigabizaga imihanda nyuma yo kubisabwa na Sosiyete sivile ikorera muri (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia Umutwe w’inyeshyamba zirwanya ubutegetsi bw’u Rwanda FDLR, ukorera mu mushyamba ya Congo, wanyomoje umuvugizi wungirije wa perezida Felix Tshisekedi wavuze ko utakiri ku butaka bwabo.
Ubwo yavugaga ku myanzuro yafashwe n’inama yahuje ba Perezida Felix Tshisekedi na Paul Kagame i New York muri leta zunze ubumwe z’Amerika, umuvugizi wungirije wa perezida wa Congo, Tina Salama, yavuze ko umutwe wa FDLR utagikorera ku butaka bw’icyo gihugu.
Tina Salama (…)
57 bishwe n’imitwe yitwaje intwaro mu ntara ya Ituri
19 August 2022Minisitiri muri Congo yasabiye FDLR ibiganiro n’u Rwanda
13 January 2023Angola: Ishyaka rya UNITA ryahamagaje imyigaragambyo
9 September 2022Uganda: Abaganga batunguye Perezida Museveni
5 December 2022
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

























