Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n'ibiyobyabwenge

Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)

Abasirikare 75 ba FARDC batawe muri yombi
Abasirikare 75 ba FARDC batawe muri yombi

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Abasirikare ba FARDC bagera kuri 75 batawe muri yombi bashinjwa ubugambanyi no gukorana n’umutwe wa M23, uhanganye bikomeye na Leta ya Congo.
Batawe muri yombi kuri uyu wa 22 Nzeri 2022 mu Mujyi wa Gomabbo muri Zone ya Gatatu y’Ingabo za FARDC ikorera muri Kivu y’Amajyaruguru.
Amakuru yatanzwe n’imboni ya Rwandatribune iri mu mujyi wa Goma, yemeza ko abatawe muri yombi ari abasirikare basanzwe bakorana bya hafi na Lt Gen Philemon Irung Yav ,Comanda mukuru (…)

424 Shares 4 Comments
Trump n'umuryango we bari mu mazi abira
Trump n’umuryango we bari mu mazi abira

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Uwabaye Perezida wa 45 wa Amerika, Donal Trump, we n’abana be batatu bajyanywe mu nkiko baregwa uburiganya bagamije kwishyura imisoro mike.
Trump n’Umuryango we bararegwa gutumbagiza agaciro k’imitungo yabo mu buryo bwo kubona inguzanyo byoroshye bagamije kwishyura imisoro mike.
Ikirego kivuga ko babeshye agaciro k’imitungo yabo irimo inyubako, bakageza mu kinyuranyo cya za miliyari z’amadolari, binyuze mu kigo cyabo Trump Organization. Ni uburiganya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Tshisekedi yasabye UN kumufasha akihimura ku Rwanda
Perezida Tshisekedi yasabye UN kumufasha akihimura ku Rwanda

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Mu namarusange y’Umuryango w’Abibumbye (UN), Perezida wa Congo, Felix Tshisekedi, yasabye ko igihugu cye cyakurirwaho ibihano akabona uko ahangana n’umwanzi we, ari we u Rwanda ashinja kuba inyuma y’umutwe wa M23.
Mu ijambo rye, Tshiseledi yavuzeko u Rwanda runyura mu gicucucucu cy’umutwe wa M23 wari umaze hafi imyaka 10 uranduwe muri Congo, rugatera igihugu cye.
Ni inama yabereye New York, ku kicaro gikuru cya UN yatangiye ejo ku wa 20 Nzeri 2022. (…)

424 Shares 4 Comments
Eritrea yagabye igitero kinini muri Tigray
Eritrea yagabye igitero kinini muri Tigray

Yanditswe na Nimugire Fidelia
Abasirikare ba Eritrea batangije igitero kinini mu ntara ya Tigray yigumuye kuri Guverinoma ya Ethiopia.
Ni igitero cyatangajwe n’umuvugizi w’inyeshyamba z’ishyaka rya Tigray, wa TPLF.
Intumwa y’Amerika yavuze ko Amerika ibizi ko abasirikare ba Eritrea bambutse umupaka berekeza muri Tigray, ndetse yabyamaganye.
Nubwo bimeze bityo leta zombi ntacyo zirabivugaho. Gusa intambara iramutse hagati ya Eritrea na TPLF, byaba bikomeye cyane nyuma y’uko umutekano (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Antonio Guterres yahaye umukoro u Rwanda na Uganda ku kibazo cya M23
Antonio Guterres yahaye umukoro u Rwanda na Uganda ku kibazo cya M23

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
U Rwanda na Uganda nk’ibihugu bituranye na Congo, byahawe umukoro n’Umunyamabanga Mukuru wa Umuryango w’Abibumbye (UN) Antonio Guterres, wo kwicarana na Congo bagakemurira hamwe ikibazo cy’umutwe wa M23.
Ibi yabitakangarije ikinyamakuru mpuzamahanga France 24 kuwa 18 Nzeri nyuma yo kugaragaza ko MONUSCO itapfa guhangana n’ibitero bya M23 bitewe nuko uyu mutwe ufite ibikoresho bya Gisirikare biteye imbere kandi bikomeye kurusha ibya MONUSCO.
Yagize ati: (…)

424 Shares 4 Comments
Minisitiri w'Intebe agiye kwegura
Minisitiri w’Intebe agiye kwegura

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Nyuma y’uko guverinoma ye itsinzwe amatora ku cyumweru, Minisitiri w’Intebe wa Suede, Magdalena Anderson, yatangaje ko aza kuva ku mirimo yari ashinzwe.
Bisa nkaho ihuriro rye ryatsinzwe cyane n’abatavuga rumwe naryo.
Ulf Kristersson, Umuyobozi w’ishyaka Moderate Party, ryatsinze irya Magadalena biteganijwe ko azashyiraho guverinoma nshyashya nk’uko Bwiza dukesha yi nkuru ibivuga.
Ihuriro rye ririmo ishyaka riharanira demokarasi muri Suede ryakoze (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rutshuru: Abanyeshuri baratakambira impunzi
Rutshuru: Abanyeshuri baratakambira impunzi

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Nyuma yo guhunga imirwano ya M23 na FARDC abanyeshuri babuze aho bigira mu gihe umwaka w’amashuri umaze ibyumweru bibiri utangiye.
Imirwano ya M23 na FARDC, yatumye abantu
benshi bava mu byabo bahungira mu bigo by’amashuri i Rutshuru ubwo abanyeshuri bari mu biruhuko.
Umwaka w’amashuri 2022-2023 muri Congo watangiye kuwa 5 Nzeri 2022, gusa abanyeshuri bigira mu bigo byacumbikiwemo impunzi zavuye Jomba na Bweza ntibaratangira kwiga.
Abanyeshuri (…)

424 Shares 4 Comments
Hagiye gushozwa intambara ku mitwe ikorera muri Congo
Hagiye gushozwa intambara ku mitwe ikorera muri Congo

Yanditswe na Nimugire Fidelia
I Kinshasa hasinywe amasezerano yemerera ingabo zihuriweho z’Umuryango wa EAC gushoza intambara ku mitwe yitwaje intwaro mu Burasirazuba Congo.
Umunyamabanga wa EAC, Dr. Peter Matuku Mathuki, yashyize umukoni kuri aya masezerano hamwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Congo, Christophe Lutundula tariki ya 8 Nzeri 2022. Ni umuhango wayobowe na Perezida Felix Tshisekedi.
Nyuma yo gusinya ayo masezerano, Lutundula yagize ati: “Koherezwa kw’izi ngabo biri (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Israel igiye guhambiriza Abakongomani
Israel igiye guhambiriza Abakongomani

Urukiko rukuru rw’i Yeruzalemu rwatangaje ko Leta igiye kwirukana ku butaka bwayo abaturage bakomoka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo babayo mu buryo budakurikije amategeko.
Ni umwanzuro urukiko rwatangaje ko uzashyirwa mu bikorwa bitarenze tariki ya 8 Ukuboza 2022.
Birareba kandi n’abateremerewe kuhaba nk’impunzi.
Ni icyemezo cyafashwe nyuma y’uko hari abaturage 225 bari muri Israel bahageze bavuga ko bahunze ibice birimo imirwano mu gihugu cyabo.
Israel ivuga ko abo baturage (…)

424 Shares 4 Comments
Angola: Ishyaka rya UNITA ryahamagaje imyigaragambyo
Angola: Ishyaka rya UNITA ryahamagaje imyigaragambyo

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Ishyaka ritavuga rumwe na Leta muri Angola, UNITA, ryahamagaje imyigaragambyo muri Rubanda.
Ni umwanzuro ryafashe rifatanyije n’andi mashyaka bahuje umugambi nyuma yuko ikirego ryatanze mu rukiko rushinzwe kurinda itegeko Nshinga rwanzuye ko rutakira ikirego ryatanze ku gusesa amatora yabaye tariki ya 24 Kanama yegukanwa n’ishyaka MPLA risanzwe ku bbutegetsi.
MPLA yatsindiye ku majwi 51%, naho ishyaka UNITA ryabaye irya kabiri ryo ryari rifite amajwi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru