Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n'ibiyobyabwenge

Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)

Kenya: Abakomiseri bamwe mu kanama k'amatora barashinjwa kubangamira ugushaka kw'abaturage
Kenya: Abakomiseri bamwe mu kanama k’amatora barashinjwa kubangamira ugushaka kw’abaturage

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umukuru w’akanama k’amatora ka Kenya yashinje bane mu abakomiseri bako batemeje ibyavuye mu matora ya perezida kugerageza guhungabanya itegekonshinga.
Mu itangazo, Wafula Chebukati yavuze ukuntu yabonye ibyihishe inyuma y’akavuyo kabayeho ku wa mbere ubwo itangazwa ryari riteganyijwe ry’ibyavuye mu matora ryatinzwagaho amasaha menshi.
Yavuze ko abo bakomiseri bane nyuma baje kwitandukanya n’ibyatangajwe ko byavuye mu matora basabye ko umukuru w’akanama (…)

424 Shares 4 Comments
M23 yongeye ikubita FDLR na FARDC bakwira imishwaro
M23 yongeye ikubita FDLR na FARDC bakwira imishwaro

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Nyuma y’ibyumweru 2 mu Burasirazuba bwa Congo bari ku gahenge k’amahoro, kuri uyu wa Kabiri mu gitondo M23 yubuye imirwano none ingabo za Leta FARDC n’umutwe wa FDLR witwaje intwaro ufasha ingabo za leta bakwira imishwaro birahunga.
Byatangajwe n’umutwe wa M23 kuri twitter yayo, yatangaje ko FARDC, FDLR hamwe na Mai Mai Nyatura bagabye ibitero by’uruhurirane ahitwa Tanda ku birindiro byayo, muri Groupment ya Bweza. Ibi byabaye uyu munsi ku wa 2, ingabo za, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kenya: Umwe muri 7 bagize Komisiyo y'Amatora yishwe
Kenya: Umwe muri 7 bagize Komisiyo y’Amatora yishwe

Mbere gato yuko Perezida wa Komisiyo yigenga y’amatora muri Kenya atangaza ibyavuye mu matora y’Umukuru w’iguhugu wasimbuye Kenyatta wari usoje manda ze ebyiri, yavuze ko bitari byoroshye kugera ku mwanzuro kuko babiri mu bagize ibiro bye bakubiswe bagakomeretswa ndetse umwe my bagize Akabama k’amatora yatawe muri yombi mu buryo yeruye ko atazi ikibyihishw inyuma.
Mu masaha make yakurikiye, Polisi yatangaje ko yabonye umurambo w’uwitwa ahitwa Daniel Mbolu Mushyoka wari waburiwe irengero (…)

424 Shares 4 Comments
Ingabo z'u Burundi nazo zagiye gutanga umusanzu muri Congo
Ingabo z’u Burundi nazo zagiye gutanga umusanzu muri Congo

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
U Burundi nabwo bwagiye gutanga umusada muri Congo, ubu Congo yamaze kwemeza ko ingabao z’Uburundi nazo zagiye gufasha Congo mu ntara ya Kivu y’Epfo, ibi u Bburundi bwabikoze mu buryo bwo kugarura umutekano muri kariya gace barwanya imitwe yitwaje intwaro ihakorera.
Umuvugizi w’Ingabo za Congo muri Kivu y’Amajyepfo, Lieutenant Marc Elongo, yatangaje ko izi Ngabo z’u Burundi zinjiye kuri uyu wa Mbere, tariki 15 Kanama 2022.
Izi ngabo zinjiye muri Congo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Amatora muri Kenya yateje impagarara
Amatora muri Kenya yateje impagarara

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Byitezwe ko komisiyo y’amatora yigenga itangaza ibyavuyemo mu matora amaze iminsi itandatu abaye hashakwa uzasimbura Kenyatta usoje manda ze ebyiri ku ntebe y’umukuru w’igihugu cya Kenya.
Mu gihe habura amasaha make ari imbere kuri uyu wa mbere ngo hatangazwe Umukuru w’igihugu, imitima ya benshi yahagaze, bamwe baribaza niba nta nkurikizi nyuma y’iminsi akanama kataratangaza ibyavuye mu matora mu gihe cyagenwa.
Hejuru ya 3/4 by’ibyavuye mu majwi bimaze (…)

424 Shares 4 Comments
America ihangayikishijwe n'ibivugwa ko u Rwanda rufasha M23
America ihangayikishijwe n’ibivugwa ko u Rwanda rufasha M23

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umunyamabanga ushinzwe ububanyi n’amahanga wa Leta Zunze Ubumwe z’America Blinken Anthony, utegerejwe mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu, yavuze ko nk’Amerika bahangayikishijwe n’amakuru yavuze ko yizewe ko u Rwanda rwaba rufasha umutwe w’inyeshyamba wa M23.
Yabitangarije i Kinshasa aho yari ari muruzinduko rw’iminsi 2 akubutse muri Afiruka y’Epfo, mbere ko agera mu Rwanda.
Ni uruzinduko agiriye muri Congo nyuma y’iminsi itari mike iki gihugu gishinja u Rwanda (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Burundi: Minisitiri yagaragaye abumba inkono aba-Twa barumirwa
Burundi: Minisitiri yagaragaye abumba inkono aba-Twa barumirwa

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abenegihugu, Uburenganzira bwa Muntu, imibereho y’abaturage n’ubuginganire bw’abagabo n’abagore, muri Repubulika y’u Burundi, Sabushimike Imelde, yatunguye benshi mu benegihugu ubwo yafataga ibumba akicara akabumba inkono, umwuga usanzwe ukorwa n’aba-Twa muri iki gihugu kikigendera ku by’amoko.
Mu mashusho yashyizwe ahagaragara ku rubuga rwa Twitter, kuri uyu wa mbere, agaragaza Minisitiri Sabushimike, yicaye abumba inkono nk’usanzwe amenyereye ako kazi, abenegihugu (…)

424 Shares 4 Comments
Antony Blinken ategerejwe muri Congo-Kinshasa
Antony Blinken ategerejwe muri Congo-Kinshasa

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za America ushinzwe ububanyi n’mahanga, Antony John Blinken, ategerejwe Congo-Kinshasa kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 9 Nzeri 2022, gusa arabanza guhura na Perezida wa Congo, Felix Tshisekedi, aho bahurira mu ngoro ye iri ahitwa Mont-Ngaliema.
Aba bayobozi bombi biteganijwe ko bari bugirane ikiganiro kiza kumara isaha imwe, nyuma yaho akaza kubonana n’izindi ntumwa z’Abanyecongo n’Abanyamerica.
Isahmiri rishinwe itumanaho (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Trump yabonye FBI ije kumusaka aratabaza
Trump yabonye FBI ije kumusaka aratabaza

Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wa 45, Donald Trump, yabonye Urwego rushinzwe iperereza imbere mu gihugu, muri Leta Zunze Ubumwe za America (FBI), ruje gusaka mu rugo rwe ruherereye i Florida mu rwego rwo gukora iperereza ku nyandiko zirimo iz’ibanga zishobora kuba ziri iwe, ahita avuga ko yagabweho igitero cy’itsinda rigari.
Ibi byabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere ubwo FBI yakoraga isaka ku rugo rwo kwa Trump i Mar-a-Lago ruri ku mucanga wa Palm nkuko byemejwe (…)

424 Shares 4 Comments
Inyeshyamba za TPLF zanze kwitabira ibiganiro na Guverinoma ya Ethiopia
Inyeshyamba za TPLF zanze kwitabira ibiganiro na Guverinoma ya Ethiopia

Inyeshyamba z’Umutwe w’Ishyaka ry’Intara ya Tigray (TPLF) ryigumuye ku butegetsi bwa Guverinoma ya Dr. Abiy Ahammed, Minisitiri w’Intebe wa Thiopia, zanze kwitabira ibiganiro byari kuzihuza na Guverinoma ya Ethiopia, zivuga ko iyo ntara yabanza gukurwa mu kato yashyizwemo.
Izi nyeshyamba zavuze ko zitazitabira ibyo biganiro igihe cyose iyo ntara zigaruriye ikiri mu kato yashyizwemo na Guverinoma ya Ethiopia.
Mu kwezi gushize iyo nyeshyamba zari zavuze ko ziteguye kujya muri ibyo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru