Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n'ibiyobyabwenge

Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)

Impunzi zahawe iminsi 2 yo kuba bavuye ku mupaka wa Uganda
Impunzi zahawe iminsi 2 yo kuba bavuye ku mupaka wa Uganda

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Komite ishinzwe umutekano mu karere ka Kisoro, yahaye imisi ibiri impunzi z’abakongomani ziri ku mupaka wa Uganda kuba zahavuye zikajya mu nkambi ya Nyakabande cyangwa zigasubira mu ngo zabo.
Iyobowe n’umuyobozi w’akarere utuye muri Congo, Shafiq Ssekandi, kuri uyu wa kabiri. Yavuze ko impunzi zishobora gucungwa neza no gukurikiranwa mu gihe ziri mu nkambi z’inzibacyuho kuruta iyo zitatanye.
Ssekandi yavuze ko kugeza ubu bamaze kwandikisha impunzi 46.173 (…)

424 Shares 4 Comments
Santarafurika yirukanye abanyamahanga barindwi
Santarafurika yirukanye abanyamahanga barindwi

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Guverinoma ya Santarafurika yirukanye abanyamahanga barindwi barimo Umugiriki umwe n’aba Vietnam batandatu, ibashinja ubutasi no gukoresha impapuro mpimbano.
Abo bantu bose barashinjwa icyaho cyo gukoresha inyandiko mpimbano, nk’uko bigaragazwa n’iteka rya minisitiri ryo ku wa 18 Kanama 2022, nyuma yuko guverinoma ibonye abo bantu bakemangwa.
Michel Nicaise Nassin, Minisitiri w’umutekano, yabujije aba kongera gukandagira ku butaka bwa Centrafrica ukundi. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Madagascar: abashinzwe umutekano bishe abantu 19
Madagascar: abashinzwe umutekano bishe abantu 19

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Abagera kuri 19 barashwe n’abashinzwe umutekano barapfa naho 21 barakomereka mu myigaragambyo yabereye mu Mujyi wa Ikongo mu Majyepfo ashyira Uburasirazuba bwa Madagascar.
Byari mu myigaragambyo nyuma y’ishimutwa ry’umwana ufite ubumuga bw’uruhu bakunze kwita ’nyamweru’.
Ubuyobozi bw’abashinzwe umutekano, (urwego rukora nka polisi), bwavuze ko abakomerekeye muri ibyo byabaye ku wa mbere barimo kuvurirwa ku bitaro byaho.
Abantu bagera kuri 500 bitwaje (…)

424 Shares 4 Comments
RD Congo: Batangiye kwitambika Tshisekedi kuri manda ya kabiri
RD Congo: Batangiye kwitambika Tshisekedi kuri manda ya kabiri

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Abayoboke b’Ishyaka A.ch ( Alliance pour le Changement) ritavuga rumwe n’Ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi, batangaje umugambi bise ” 0 Point” ugamije kunaniza Perezida Tshisekedi kugira ngo azatsindwe amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu mwaka wa 2023.
Bavuga ko batifuza ko yakongera kuyobora DRC mu yindi manda ya Kabiri.
Babitangarije mu rugendo bateguye rwari rugamije kwamagana Perezida Tshisekedi ku munsi w’ejo Tariki ya 29 Kanama 2022 i (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Urukiko rwateye utwatsi ikirego cya Perezida Ruto
Urukiko rwateye utwatsi ikirego cya Perezida Ruto

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Nyuma y’uko Kandida Perezida Raila Odinga atanze ikirego ku byavuye mu matora, Perezida William Ruto yahise arega sosiyete y’abanyamatego ya Kenya kuba irimo kwivanga mu byavuye mu matora, gusa ikirego cye cyatewe utwatsi.
Ni mu gihe urukiko rw’Ikirenga rwamaze kwakira icya Raila Odinga watsinzwe mu matora ndetse rukaba rwanakiburanishije.
Urukiko rwatesheje agaciro kandi ibindi birego bitatu birimo iby’Umudepite n’uwahoze ari we, bombi bashyigikiye (…)

424 Shares 4 Comments
Mozambique: Intagondwa zongeye kubura ibitero
Mozambique: Intagondwa zongeye kubura ibitero

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Intagondwa z’abiyitirira Idini rya Islam zongeye kubura bitero mu Mujyaruguru y’igihugu cya Mozambique, mu ntara ya Cabo Delgado, bikaba byongereye umubare w’abaturage bavuye mu byabo bagera kuri 80,000.
Ibi bikaba bije bikoma mu nkokora ibyagaragajwe na leta ko yaciye intege izi ntagondwa z’Abayisilamu zigeze kwigarurira iyi ntara hafi ya yose mu mwaka wa 2017.
Ibitero by’izi ntagondwa byongeye kugaragara cyane bifata indi ntera muri kamena uyu mwaka, ibi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
RED Tabara itewe impungenge n'Abanyecongo kubera basirikari 600 boherejweyo
RED Tabara itewe impungenge n’Abanyecongo kubera basirikari 600 boherejweyo

Umutwe witwaje intwaro w’Abarundi Red Tabara ufite ibindiro mu Mashyamba yo mu Burasirazuba bwa Congo, watangaje ko utewe inkeke n’Abanyecongo nyuma yuko ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba (EAC) byemeje kohereza ingabo muri Congo mu buryo bwo kugarura amahoro mu Ntara ya kivu y’Amajyaruguru.
Ku wa 15 Kanama nibwo ingabo 600 z’Abarundi zerekeje muri Congo, gusa uyu mutwe wa RED Tabara uvuga ko izi ngabo zagiye gufasha izindi kurandura imitwe yitwaje intwaro ikorera muri (…)

424 Shares 4 Comments
Somalia: Abantu 21 bapfuye abandi 100 barakomereka mu mirwano yabereye kuri Hotel Hayat
Somalia: Abantu 21 bapfuye abandi 100 barakomereka mu mirwano yabereye kuri Hotel Hayat

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Mu gihugu cya Somalia habaye imirwano ikomeye yamaze amasaha 30 gusa kuri Hotel ya Hayt, gusa abashinzwe umutekano bavuze ko batabaye abantu 106, abagera kuri 21 bakahasiga ubuzima naho abandi 117 bo bakahomerekera.
Ibyo byabaye mu ijoro ryo ku wa 5, aho intagondwa zagabye igitero kuri iyo Hotel.
Kugeza ubu Minisiteri y‘Ubuzima yamaze gutangaza ko abantu 21 aribo baguye muri icyo gitero cyamaze amasaha 30 gusa.
Icyo gitero cyagabwe n’umutwe w’intagondwa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
57 bishwe n'imitwe yitwaje intwaro mu ntara ya Ituri
57 bishwe n’imitwe yitwaje intwaro mu ntara ya Ituri

Inzego z’umutekano za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zemeje ko abantu 57 bishwe hatwikwa inzu 98 mu bitero byagabwe n’imitwe yitwaje intwaro ya CODECO na Zaïre mu byumweru bibiri bishize.
Ni ibitero byagabwe mu gace ka Djugu mu ntara ya Ituri.
Imibare yatangajwe igaragaza ko mu bantu bishwe harimo n’abasirikare ba FADC, nk’uko Radio Okapi yabyanditse.
Ibitero byinshi ngo byabaye ku wa 5 Kanama byicwamo abantu 22. Byagabwe n’umutwe wiyise Zaïre, mu gace ka Damas.
Nyuma (…)

424 Shares 4 Comments
Mali yashinje Ubufaransa gufasha intagondwa
Mali yashinje Ubufaransa gufasha intagondwa

Yanditswe na Nimugire Fidelia
Umubano hagati y’Igihugu cya Mali n’Ubufaransa warazambye nyuma yuko muri Mali habayeho ihirikwa ry’ubutegetsi inshuro ebyiri mu gihe kitageze ku mwaka, irya vuba aha rikaba ari iryabaye mu kwezi kwa gatanu mu 2021.
Ni nyuma kandi yuko agatsiko ka gisirikare kari ku butegetsi muri Mali gafashe icyemezo cyo gukorana bya hafi n’abacanshuro b’Abarusiya.
Ku cyumweru, Ubufaransa bwavuze ko abasirikare babwo bose ubu bamaze kuva muri Mali, aho bari bamaze imyaka (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru