Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Perezida Kagame yashyizeho umuvugizi mushya wa Guverinoma

Saturday 31 July 2021
    Yasomwe na

Perezida Kagame yashyizeho umuvugizi mushya wa Guverinoma y’u Rwanda muri Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Yolande Makolo, uhawe inshingano Nshya zihariye kuko zakorwaga n’uwabaga ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane.

Byatangajwe mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente kuri uyu wa Gatandatu ko byavuye mu nama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu iyobowe na Nyakubahwa Perezida Kagame.

Izi nshingano azisimbuyeho Dr. Biruta Vincent , Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane.

Undi wahawe umwanya ni Stephanie Nyombayire wagizwe umuvugizi muri Perezidanse.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru