Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more
  • 6 July » Spain na Portugal ziracakirana i Saa 21:00 mu mukino ukomeye uzakugena ikipe ikomeza muri 1/4 cy’Igikombe cy’Isi – read more

Perezida Kagame yashyizeho umuvugizi mushya wa Guverinoma

Saturday 31 July 2021
    Yasomwe na

Perezida Kagame yashyizeho umuvugizi mushya wa Guverinoma y’u Rwanda muri Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Yolande Makolo, uhawe inshingano Nshya zihariye kuko zakorwaga n’uwabaga ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane.

Byatangajwe mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente kuri uyu wa Gatandatu ko byavuye mu nama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu iyobowe na Nyakubahwa Perezida Kagame.

Izi nshingano azisimbuyeho Dr. Biruta Vincent , Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane.

Undi wahawe umwanya ni Stephanie Nyombayire wagizwe umuvugizi muri Perezidanse.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru