Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Urwego rw’gihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) rwatangiye gushyira mu bikorwa gahunda ya Mudasobwa ku Mwarimu, nyuma yo kugaragara ko gahunda ya Mudasobwa ku Munyeshuri ifite icyo cyuho.
Gahunda yi guha Mudasobwa umwarimu yatangiye guhera tariki ya 16 Mata 2021, ikaba yitezwe kuuzagera ku barimu bose bigisha mu mashuri ya Letamu Rwanda.
Ku rwego rw’Igihugu yatangiriye ku barimu bo mu mashuri atanu yo mu Karere ka Gatsibo mu Ntara y’Iburasirazuba ku wa 16 Mata, ikazakomereza ku (…)
Megan Markle, umugore w’Igikomagoma Harry (Prince Harry) yatangaje ko nawe atazitabira umuhango wo gushyingura Igikomangoma Philip akaba n’umugabo w’Umwamikazi w’Ubwongereza, Queen Elizabeth II.
Amakuru ari gusakara mu Bwongereza ni uko kuri uyu wa Gatandatu Megan, utarakunzwe mu Bwami bwa Elizabeth II, yavuze ko umuganga we yamugiriye inama yo kuzatajya muri uwo muhango kuko atwite bityo azawukurikiranire kuri television nk’abandi bantu.
Megan n’umugabo we Prince Harry bimutse ibwami (…)
Leta zunze Ubumwe za Amerika zoherereje u Rwanda umunyarwandakazi Munyenyezi Beatrice ngo akurikiranweho uruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Yageze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali i Kanombe saa Moya na 17 z’umugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 16 Mata 2021; yazanywe n’indege ya KLM.
Munyenyezi Béatrice ukurikiranyweho n’u Rwanda ibyaha birindwi birimo bitanu bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 na bibiri byibasiye inyokomuntu yagejejwe mu Rwanda (…)
Perezida Kagame yahagarariwe na Dr. Ngirente mu muhango w’irahira rya Perezida Denis Sassou N’Guesso
Perezida Paul Kagame yatumye Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente Edourd guhagararira u Rwanda mu muhango w’irahira rya Perezida wa muri Congo Brazzaville, Denis Sassou N’Guesso, wongeye gutsindira uwo mwanya mu matora ya Perezida wa Repubulika yabaye mu kwezi gushize.
Perezida N’guesso amaze imyaka 36, ndetse yari aherutse kongera gutsinda amatora ku majwi 88%. Icyo gihe umwe mu bo batavuga rumwe bari bahanganye, Guy Brice Parfait Kolelas, yahitanywe na Covid-19 mbere gato y’uko amatora (…)
Mutungirehe Samuel
Intambwe y’Ubumwe n’Ubwiyunge Abanyarwanda bakomeje utera irakomeza kuzamuka nk’uko byagaragajwe n’ubushakashatsi bwakozwe na Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge NURC, mu 2020, aho bwazamutse bukagera kuri 94.7%.
Ni ibyavuye mu bushakashatsi bukorwa buri myaka 5 ku Banyarwanda, ubuheruka ni ubwo mu 2015 bwagaragaje koabanyarwanda bafite Ubumwe n’Ubwiyunge ku gipimo cya 92.5%.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’iyivKomosiyo, Ndayisaba Fidelle, kuri uyu wa Kane, tariki ya 15 (…)
Rya siganwa ry’amagare riri ku rwego mpuzamahanga ryiswe Tour du Rwanda rizaba guhera tariki 2 kugeza tariki 09, Gicurasi, 2021.
Kugeza ubu ryashyizwe ku rwego rwa 2.1 ni ukuvuga ko ryazamutse ku rwego rw’uko abakinnyi mpuzamahanga baryitabira.
Ni isiganwa rigiye kuba bwa mbere mu Rwamda kuva icyorezo COVID-19 cyagera mu Rwanda.
Kugeza ubu ntiharatangazwa amabwiriza azagenderwaho mu gufasha abaturage kurireba no kurifana hatabayeho urwaho rwo kwanduzanya Coronavirusi, cyane ko (…)
Uwari Umuyobozi wungirije wa Polisi y’Igihugu ushinzwe abakozi n’imiyoborere, DCGP Marizamunda Juvénal, yagizwe Komiseri Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Imfungwa n’Abagororwa asimbura CGP George Rwigamba washyizwe kuri uyu mwanya mu 2016.
Ni zimwe mu byavuye mu myanzuro y’inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 14 Mata 2021, iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame mu buryo busanzwe burimo no gufata ingamba zo kurushaho guhangana n’icyorezo cya Coronavirusi. (…)
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha kuri uyu wa Kabiri rweretse itangazamakuru abantu 12 bakurikiranyweho ibyaha birimo gutunga intwaro no kuzinjiza mu gihugu, kwiba hakoreshejwe intwaro, gushyiraho umutwe w’abagizi ba nabi no kuwujyamo ndetse n’ubwicanyi.
Uko aei 12 bose bafungiye kuri Sitasiyo ya RIB i Kamembe muri Rusizi. Ibyaha bakekwaho babikoraga bambaye imyenda ya gisirikare bitwaje n’imbunda biyita abashinzwe umutekano mu rwego rwo kujijisha rubanda
RIB itangaza ko bamwe mu (…)
Perezida Paul Kagame yahishuye ko umugabane w’Afurika ugiye kunguka amahirwe yo kubona umufatanyabikorwa uzatuma Afurika yikorera inkingo n’ibindi bikenerwa mu buvuzi idakomeje gutegereza ak’imuhana gakunze kuza imvura ihise, [umugani w’Abanyarwanda].
Atangaza iby’iki kigo, yavuze ko yavuganye na cyo kandi cyiteguye gukorera inkingo za COVID-19 muri Afurika gikoresheje uburyo bwa mRNA bwifashishwa mu gukora inkingo za Pfizer na Moderna.
Yabitangarije abayobizi batandukanye bo ku (…)
Muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika nyuma y’aho umupolisi arasiye umwirabura mu Mujyi wa Brooklyn Center, hafi ya Minneapolis ahaguye Umwirabura George Floyd yishwe n’umupolisi w’umuzungu amuhejeje umwuka, kuri ubu abantu benshi biraye mu mihanda bigaragambiriza urwo rupfu rwa kabiri, bamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa abirabura.
Igipolisi cyakoresheje ibyuka biryana mu maso kugira ngo gutatanye bityo gihoshe iyo myigaragambyo yabaye mu ijoro ryakeye kuri iki Cyumweru tariki ya 11 Mata (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















