Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu, (Minaloc) yatangaje ko imirenge itandatu yo mu turere twa Huye, Nyaruguru na Gisagara yashyizwe muri Guma mu rugo nyuma y’ubwiyongere bukabije bw’abandura Coronavirus.
Iyo mirenge ni uwa Ruhashya na Rwaniro muri Huye, Gikonko, Kansi na Mamba muri Gisagara ndetse n’umurenge wa Ruramba muri Nyaruguru.
MINALOC yavuze ko yafashe uwo mwanzuro nyuma yo gukora ubusesenguzi n’inzego z’ubuzima kandi imaze kubijyaho inama n’inzego bireba.
Umubare w’abarema (…)
Perezida mushya wa Tanzania Samia Suluhu Hassan yatangaje ko agiye gushyiraho komisiyo yihariye igizwe n’impuguke mu by’ubuzima zizamufasha kugenzura ibijyanye n’icyorezo cya COVID-19 mu gihugu bigatuma guverinoma imenya igikwiye gukorwa.
Samia yavuze ko ibijyanye na COVID-19 bidashobora kwemerwa uko byiboneye cyangwa ngo bihakanwe gutyo gusa mu gihe impuguke mu by’ubuzima ntacyo zatangaje kivuye mu bushakashatsi.
Yongeyeho ko abanyatanzaniya badashobora kwitwara nkaho ari akarwa mu (…)
Mu gihe u Rwanda n’Isi yose bagiye kwinjira mu Kwibuka ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe Abatutsi, Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside CNLG yatangaje ko ibona iby’ingengabitekerezo ya Jenoside no kuyipfobya n’ihakana ryayo bigenda bigabanuka ku mpamvu zizwi zirimo n’amategeko asobanutse abihana.
Byatangajwe n’Umunyamabanga Nshingwabikirwa wa CNLG, Dr. Bizimana Jean Damascene asobanura uko gahunda yo kwibuka ku nshuro ya 27 ihagaze ahanini bijyanye n’ingamba zo kurwanya ikwirakwira rya (…)
Minisitiri w’Ubuzima Dr. Ngamije Daniel yatangaje ko abahawe urukingo rwa Mbere rwa Coronavirusi rwitwa Pfizer katuye mu Mujyi wa Kigali bemerewe kujya ku kigo nderabuzima icyo ari cyo cyose giherereye mu Mujyi wa Kigali bagahabwa urwa Kabiri rwo gushimangira ubwo bwirinzi bw’umubiri.
Ni nyuma yuko urukingo rwa kabiri rugitangira gutangwa ku itariki ya 2 Mata 2021 abafashe urukingo rwa Mbere rwa Pfizer bagombaga kujya aho bafatiye urwa Mbere kugira ngo hirindwe umuvundo.
Yabitangaje mu (…)
Icyamamare, umuririmbyi w’Umuraperi ukomeye w’umunyamerika, Earl Simmons, uzwi nka DMX, ubuzima bwe buri mu marembera nyuma yo gukoresha ibiyobyabwenge akageza aho agwa mu kinya.
Amakuru dukesha Complex avuga ko ibi bisa n’ubwiyahuzi byabaye kuri iki cyamamare DMX cyajyanywe kwa muganga igitaraganya mu ma saa sita z’ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu umutima we wagize ikibazo kubera ibiyobyabwenge byinshi yafashe ari iwe.
Kuri ubu tuvugana DMX ari mu bitaro White Plains byo mu Murwa mukuru wa (…)
Kubera izamuka ry’imibare y’abaturage bandura icyorezo cya COVID-19, Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo bufatanyije n’Ikigo cy’Ubuzima RBC batangiye gahunda yo gupima nibura abantu 50 muri buri kagari.
Ni gahunda ifashwe nyuma yuko isesengura ry’inzobere mu buzima hamwe n’ibiro bya Minisitiri w’Intebe baherutse gushyira ku isaha ya saa moya uturere 6 mu 8 tugize iyi ntara bitewe n’ubwiyongere bw’abafatwa na Coronavirusi.
Ikigo k’igihugu cy’Ubuzima RBC cyatangaje ko muri iyi ntara hari (…)
Guhera kuri uyu wa Gatanu Minisiteri y’Ubuzima yatangiye gutanga urukingo rwa Kabiri rwa COVID-19 ku bantu bari bahawe urukingo rwa Mbere rwa Pfizer mu rwevo rwo gushimangira ubudahangarwa bw’urukingo.
Ni mu rwego rwo gukomeza gahunda yo gukingira icyorezo cya COVID-19 hakoreshejwe izo nkingo ebyiri nk’uko zemejwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS), yatangiye guhera tariki ya 5 Werurwe 2021.
Ni inkingo zisabwa ko uzikingije ahabwa doze ebyiri kugira ngo zibashe (…)
Uyu munsi tariki ya 1 Mata 2021 mu karere ka Rutsiro mu mirenge ya Gihango, Mushubati, Ruhango, Murunda na Nyabirasi hatanzwe ibiti by’imbuto ziribwa ibihumbi 3 ku miryango 1000.
Byatanzwe mu rwego rwo gushyira mu bikorwa gahunda ya Leta y’ibiti 3 kuri buri muryango hagamijwe gahunda yo kurwanya imirire mibi, abaturage batozwa kurya indyo yuzuye..
Ibi biti bikaba byatanzwe ku bufatanye bw’akarere ka Rutsiro n’Umushinga wa HortInvest.
Ubuyobozi bw’akarere ka Rutsiro bukaba bwasabye (…)
Ikibazo k’inda ziterwa abangavu gikomeje kwiyongera, inda z’imburagihe mu bangavu ubu zigeze kuri 5.2% (2020).
Byagarutswehi mu kiganiro cyateguwe n’Ihuriro ry’Abagize Inteko Ishinga Amategeko baharanira imibereho myiza y’abaturage n’iterambere (RPRPDRwanda) cyabaye kuri uyu wa kabiri, cyari kigamije kurebera hamwe uruhare rw’inzego zitandukanye mu guteza imbere serivisi z’ubuzima bw’imyororokere mu rubyiruko.
Kitabiriwe na Dr. Mbonimana, Perezida w’Ihuriro RPRPDRwanda, na SolangeTetero (…)
Kuri uyu wa Kabiri taliki 30 Werurwe 2021 ni bwo hasojwe imikino yo gushaka itike y’imikino y’Afurika “CAN 2021” izabera muri Cameroun umwaka utaha wa 2022.
Ni umukoro Amavubi warufite utoroshye kuko aheruka muri ayo marushanwa ku bwa ba Jimmy Gatete mu 2004.
Ikipe y’u Rwanda “ Amavubi” yari iri mu itsinda F yagiye gukina umukino usoza mu itsinda ifite amahirwe yo kuba yabona itike n’ubwo byasabaga imibare myinshi irimo gutsinda Cameroun iwayo naho Mozambique igatsinda Cap Vert.
Uyu (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















