Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Santa Kinyera wari wungirije muri Ambasade ya Uganda mu Rwanda yapfuye

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)

Impunzi ziba muri Malawi zirimo iz'Abanyarwanda zose zahawe iminsi mike ngo zisubire mu nkambi
Impunzi ziba muri Malawi zirimo iz’Abanyarwanda zose zahawe iminsi mike ngo zisubire mu nkambi

Leta ya Malawi yafashe ikemezo cyo gusubiza mu nkambi impunzi zose zicumbikiwe kuri ubwo butaka, zisanzwe zikorera imirimo y’ubucuruzi mu migi no mu byaro hatari mu nkambi, ziganjemo iz’Abanyarwanda, Abarundi, n’Abakongomani bagiye bahungirayo mu bihe bitandukanye.
Ni ikemezo guverinoma ya Malawi yafashe mu cyumweru gishize, iha izo mpunzi iminsi 14 izageza tariki ya 28 Mata 2021.
Kuva aho iryi tangazo zigiye ahagaragara, icyoba ni cyose muri izo mpunzi ko abenegihugu bashobora (…)

424 Shares 4 Comments
U Rwanda rwahawe ibikoresho 3 025 byo gupima COVID-19 mu buryo bwihuse
U Rwanda rwahawe ibikoresho 3 025 byo gupima COVID-19 mu buryo bwihuse

U Rwanda rwakiriye ibikoresho 3,025 bipima icyorezo cya COVID-19 mu buryo bwihuse (Rapid test kits) bishobora gufata ibipimo 75,625, byatanzwe na Koreya y’Epfo.
Ibyo bikoresho bifite agaciro k’madolari y’Amerika asaga ibihumbi 300, akaba akabakaba miliyoni 300 z’amafaranga y’u Rwanda.
Umuhango wo gushyikiriza u Rwanda iyo nkunga wabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Mata 2021 i Kigali. Iyo nkunga yaherekejwe n’Ambasaderi wa Repubulika ya Korea mu Rwanda Jin Weon Chae, yakirwa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kigali: Abagabo batatu batawe muri yombi bakekwaho ibyaha birimo kurema umutwe w'abagizi ba nabi
Kigali: Abagabo batatu batawe muri yombi bakekwaho ibyaha birimo kurema umutwe w’abagizi ba nabi

Urwego rushinzwe Ubugenzacyaha RIB, rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho ibyaha ari bi Bizimungu Jean Baptist, Hitiyaremye Alfred na Musabimana Simon bakurikiranyweho ibyaha bibiri byo kwihesha ikintu cyundi hakoreshejwe uburiganya no gushyiraho umutwe w’abagizi ba nabi cyangwa kuwujyamo.
Umuvigizi w’uru rwego Dr. Murangira B. Thierry yatangarije Radio y’Igihugu ko abo bagabo bakoraa nk’itsinda, bagakora ibikorwa byo kwambura abantu mu buryo baba bumvikanyeho bagamije kugira ngo (…)

424 Shares 4 Comments
HVP Gatagara yashimiye inzego za leta ku bufatanye mu kwesa imihigo
HVP Gatagara yashimiye inzego za leta ku bufatanye mu kwesa imihigo

Yanditswe Imfurayabo Pierre Romeo
Ikigo cya HVP Gatagara gisanzwe gitanga serivisi zita zikanafasha abafite ubumuga butandukanye cyashimiye inzego za leta by’umwihariko inzego zibanze zibafasha kwesa imihigo mu gufasha abafite ubumuga. Abayobozi b’inzego zibanze nabo bari bitabiriye iki gikorwa
Iki gikorwa cyo gushimira cyikaba cyabereye mu murenge wa Gikondo kuri HVP Gatagara kuri uyu wa 20 mata 2021 kinahuzwa n’imurika bikorwa.
Bikaba byarateguwe binyuze mu mushinga wa HVP Gatagara (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rwanda: Abarenga 5000 barengeje igihe cyo gufata doze ya Kabiri y'urukingo rwa Pfizer
Rwanda: Abarenga 5000 barengeje igihe cyo gufata doze ya Kabiri y’urukingo rwa Pfizer

Nyuma yo guhabwa urukingo rwa Mbere rwa Pfizer rwo kwirinda kwandura COVID-19, Ikigo k’igihugu cy’Ubuzima RBC cyatangaje ko hari umubare utari muto, urenga abantu ibihumbi bitanu(5000) bamaze kurenza igihe cyo gufata doze ya Kabiri y’urukingo rwa rwa Pfizer.
Nkuko byahenwe n’Ikigo cyakoze urwo rukingo, uhawe doze ya mbere ategereza iminsi iri hagati ya 21 na 28 ngo ahabwe doze ya kabiri ishimangira ubwirinze bw’umubiri kuri virusi ya Corona.
Kuri uyu Kabiri tariki ya 20 Mata (…)

424 Shares 4 Comments
Iyicwa ry'Umwamikazi w'u Rwanda, Rozaliya Gicanda
Iyicwa ry’Umwamikazi w’u Rwanda, Rozaliya Gicanda

Uyu ni Umwamikazi w’u Rwanda Nyiricyubahiro Gicanda Rozaliya, umukobwa wa Martin Gatsinzi ka Bugingo bwa Mbabariye wa Mushikazi wa Semugaza wa Kigeli Ndabarasa,Umwami w’u Rwanda (Abanyiginya b’Abagaza/Abahebera)
Gicanda Rozaliya yavutse mu mwaka w’1928,avukira i Bugarura (Kiziguro), mu Buganza bw’amajyaruguru
Gicanda Rozaliya yakuze ari umukobwa mwiza w’imico myiza kandi urangwa n’ikinyabupfura n’isoni nyinshi,ibi bikaba ari nabyo byatumye abengukwa n’Umwami Mutara III Rudahigwa maze mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezids wa Tchad Idris Deby yaguye mu mirwano n'inyeshyamba
Perezids wa Tchad Idris Deby yaguye mu mirwano n’inyeshyamba

Amakuru y’incamugongo ku banya-Chad ni uko Marshal Idris Deby Itno wari umaze iminsi atorewe kuyobora iki gihugu yapfuye azize ibikomere yakuye mu mirwano n’inyeshyamba zashakaga kumubuza amahirwe yahawe n’abaturage yo kuyobora manda ye ya 6.
Ni inkuru isakaye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 20 Mata 2021.
Perezida Idris yapfuye azize ibikomere yagize ku gahanga ubwo yari ayoboye ingabo ku rugamba mu cyumweru gishize.
Ntabashije kwishimira intsinzi ye kuko yari ku rugamba ahanganye (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame ari muri Angola mu nama yongera kwiga ku bibazo bya Centarafurika
Perezida Kagame ari muri Angola mu nama yongera kwiga ku bibazo bya Centarafurika

Perezida Paul Kagame agiye yageze i Luanda muri Angola mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 20 Mata 2021 aho yitabiriye iri huriro ry’Umuryango w’Ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari (ICGLR) .
Iri huriro rya kabiri rito, ririga ku bibazo bya Politiki n’iby’umutekano bimaze iminsi muri Repubulika ya Centrafrique.
Perezida Kagame witabiriye iri huriro rigiye kuba ku nshuro ya kabiri, yabanje guhura na mugenzi we Perezida João Lourenço wa Angola.
Mu nama yabaye mu ihuriro rya mbere, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
U Rwanda rwashimye intambwe imaze guterwa n'Ubufaransa mu kubaka isura nshya y'umubano
U Rwanda rwashimye intambwe imaze guterwa n’Ubufaransa mu kubaka isura nshya y’umubano

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa mbere iyobowe na Perezida Paul Kagame, yashyimye raporo y’u Rwanda n’iya Prof. Duclert ku ruhare rw’Ubufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, ishima n’intambwe imaze guterwa n’icyo gihugu mu kubaka umubano no kugarura isura nshya.
Ni ibikubiye mu myanzuro yavuye muri iyi nama idasanzwe, aho yibanze kuri izo raporo zombi.
Iyi nama kandi yemeje ko amakuru ri muri raporo y’uRwanda azashyirwa ahagaragara akabonwa na buri wese uyashaka.

424 Shares 4 Comments
U Rwanda narwo rwasohoye raporo y'uruhare rw'Ubufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi
U Rwanda narwo rwasohoye raporo y’uruhare rw’Ubufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yayoboye Inama Y’Abaminisitiri idasanzwe iri butangarizwemo uruhare rw’ubutegetsi rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994.
Ni inama yateranye kuri uyu wa Mbere tariki ya 19 Mata 2021.
Ni raporo yitwa “A Foreseeable Genocide: The Role of the French Government in Connection with the Genocide against the Tutsi.”
Muri iyi nama haratangazwa raporo yakozwe n’impuguke zo mu Rwanda yerekana uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru