Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Mu mpamvu muzi Leta y’u Rwanda ihamagarira buri wese wahawe doze ya mbere y’urukingo rwa COVID-19 kwihutira gufata iya kabiri zirimo ko byagaragaye ko mu bari kwandura iki cyorezo barimo n’abahawe doze ya mbere.
Byatangajwe n’Umuvugizi wa Minisiteri y’Ubuzima akaba n’Umuyobozi w’Ishami rishinzwe amakuru muri iyi Minisiteri, Mahoro Julien Niyingabira, ubwo yasobanuriraga Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru RBA uko abahawe doze ya mbere y’Urukingo rwa Astra Azeneca badakwiye kwirara gufata (…)
Mu kanya gato Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo itangarije isi ko ikirunga cya Nyamulagira nacyo kirimo kuruka inatanga amerekezo kiri kuruka biganamo.
Ni amakuru asamiwe hejuru n’ibinyamakuru bitari bike ku isi byiganjemo ibyo ku mugabane w’Uburayi.
Ntihaciyeho iminota mike, Minisiteri y’Itumanaho muri icyo gihugu irekuye itangazo ko habayeho kwibeshya kuko bohereje indege mu kirere hejuru y’icyo kirunga isanga ni umwotsi watewe n’abakongomani barimo gutwika (…)
Amakuru mashya muri aya masaha yo ku wa Gtandatu tariki ya 29 GICURASI 2021 ni uko ikirunga cya Nyamulagira nacyo cyo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kirimo kuruka.
Guverinoma ya Congo DRC, yavuze ko igikoma cy’ikirunga kiri kujya muri pariki ya Virunga ahantu hadatuwe.
Ikirunga cya Nyamuragira cyaherukaga kuruka vuba aha ku itariki ya 8 ugushyingo 2011.
Ibi bibaye nyuma y’icyumweru na Nyiragongo irutse ubu bamwe mu bakongomani bakaba tarasubira mu byabo kuko abarenga (…)
Nyuma yuko u Rwanda rubonye izindi nkingo za Astra Zeneca zo gukingira abahawe udoze ya mbere, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 29 Gicurasi 2021 Abanyarwanda ba mbere batangiye guhabwa doze ya kabiri y’urwo rukingo.
Ku wa Gatanu ni bwo indege za Gisirikare z’u Rwanda zagejeje ku bitaro bikuru mu ntara hose doze ya kabiri y’urukingo rwa Astra Zeneca, ibitaro nabyo bizigeza ku bigo nderabuzima byose aho abaturage batangiye kurufatira.
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ibigo nderabuzima 500 (…)
Leta y’u Budage yatangaje ko yemeye uruhare yagize mu bwicanyi bwafashwe nka Jenoside bwakorewe abaturage bo muri Namibia bo mu bwoko bw’Aba-Nama na Herero.
Mu 1884 kugera mu 1915, u Budage bwari bukolonije Namibia, igihugu cyari gituwe n’abaturage bo mu bwoko bw’aba-Nama ndetse na Herero.
Aba baturage ntibakunze Abadage maze batangira ibikorwa byo guhangana n’ingabo zabo, biza kuba ngombwa ko Leta yariho.
Ubudage ntibwazuyaje icyo gihe bwahise bwohereza igitaraganya General Lothar von (…)
Perezida Kagame Paul yaherekeje mugenzi we Emmanuel Macron wasoje uruzinduko rwe mu Rwanda amazemo iminsi ibiri, guhera kuri uyu wa kane tariki ya 27 Gicurasi 2021.
Ni uruzinduko rw’amateka Perezida Macro akoreye mu Rwanda nawe ubwe mbere yo guhaguruka yerekeza i Kigali yanditse ku rukuta rwe rwa Twitter ko agiye gufungura Paji Nshya mu mubano w’Ubufaransa n’u Rwanda.
Uyu ni perezida wa kabiri w’iki gihugu ugiriye usuye u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi, kuko uheruka ari (…)
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu igiye gusubukura ubukangurambaga bwo gukingira icyorezo cya COVID-19 mu gihugu hose, hatangwa urukingo rwa Kabiri ku bahawe urwa OXFORD-Astra Zeneca.
Ni gahunda isubukuwe nyuma yo kwakira izindi nkingo z’ubwo bwoko 247,000 zirimo izingana na 117 600 zatanzwe na Perezida Macro uherutse mu Rwanda ku wa Kane tariki ya 27 Gicurasi 2021.
Usibye izo zazanywe na Perezida Macro, u Rwanda rwatangaje ko izindi rwazibonye binyuze muri gahunda (…)
Perezida w’Ubufaransa, Emmanuel Macro, yanditse amateka atazibagirana muri politiki y’igihugu cye, yemerera Abanyarwanda n’isi yose uruhare igihugu cye cyagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Ni inkuru yari itegerejwe cyane n’abanyarwanda kimwe n’amahanga n’abafaransa muri rusange cyane ko kuva na mbere nta mukuru w’igihugu cy’Ubufaransa wigeze ahirahira kwemeza ko Ubufaransa bwagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
Yabitangaje kuri uyu wa Kane ubwo yari ageze mu Rwanda (…)
EPRN igiye guhuriza hamwe abashakashatsi biga uburyo bwo kuzahura ubukungu bawashegeshwe na COVID-19
Mutungirehe Samuel
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 27 Gicurasi 2021, i Kigali harateranira inama ngarukamwaka ihuza abashakashatsi, ibigo bya Leta, imiryango itari iya Leta, abahagarariye urwego rw’abikorera n’abanyamakuru, bungurana ibitekerezo ku bizagaragazwa byavuye mu bushakashatsi.
Ni inama yateguwe n’Ikigo cy’ubushakashatsi n’amahugurwa “EPRN" ikaba ibaye ku nshuro ya karindwi;kuri iyi nshuro insanganyamatsiko y’uyu mwaka igira iti “Ingamba zo kuzahura ubukungu bwashegeshwe (…)
Mu Mujyi wa Kigali hagiye gushyirwaho ahantu hatandukanye hazajya haba hari amagare ku buryo umuntu ukeneye kujya mu gace runaka azajya arifata akaritwara akarisiga ahantu habugenewe.
Ni gahunda Umujyi wa Kigali ufatanyijemo na Guararide mu bukangurambaga bwo gufasha abantu gukoresha uburyo bw’amagare mu ngendo zabo mu Mujyi , nka bumwe mu buryo bw’ubwikorezi bugamije kurengera ibidukikije kandi bugateza imbere imibereho myiza y’ababukoresha.
Byumvikane ko serivisi yo gutizwa iryo gare (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















