Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
By Imfurayabo Pierre
Ikigo cy’igihugu ngenzura mikorere (RURA) cyashyize ahagaragara kuruya wa gatatu taliki ya 27 gicurasi, cyerekanye uburyo abakora ingendo bakoresheje moto bazajya bitwararika mu buryo bwo kwirinda COVID-19
Abamotari ni bamwe mubahura nabantu benshi kumunsi iyo bari gukora akazi kabo ko gutwara abagenzi hifashishijwe moto, niyo mpamvu hashyizweho amabwiriza azajya akurikizwa na buri muntu ukora ingendo hifaashishijwe moto (abamotari).
Muburyo bwo kwirinda gukoresha (…)
By Imfurayabo Pierre
Clare Akamanzi yashyizwe mu nama y’ubutegetsi ya mbere ya WHO Foundation, umuryango washinzwe ugamije gufasha Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (WHO), gukusanya amikoro akenewe mu guhangana n’ibibazo bijyanye n’ubuzima ku Isi.
Ni umuryango mu buryo bw’amategeko wigenga kuri WHO, ariko uzayifasha cyane kubona ubushobozi ikeneye ngo ibashe kuzuza inshingano ifite.
Ni umuryango ushingiwe igihe kuko WHO ihanganye cyane n’icyorezo cya Coronavirus, ariko (…)
By Imfurayabo Pierre
Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo (SADC) watangaje ko uri kwitegura gufungura ubucuruzi bwose bwambukiranya imipaka ku buryo busesuye.
Ibi bibaye nyuma y’uko impuguke mu Karere ka Afurika y’Amajyepfo zagaragaje ko zishimiye ingamba zo kwirinda ibihugu binyamuryango bya SADC [uko ari 16] byafashe mu rwego rwo gukumira ikwirakwizwa rya COVID-19 iterwa na Coronavirus.
Iki cyemezo kije nyuma y’iminsi igera kuri 50 ubuyobozi bw’uwo muryango bwemeje (…)
By Imfurayabo Pierre
Gatabazi Jean Marie Vianney wahagaritswe ku mwanya wa Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru yasabye imbabazi Perezida Kagame ndetse n’Umuryango wa FPR –Inkotanyi ku kintu cyose yategushyeho.
Itangazo ryaturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko ba Guverineri, uw’Amajyepfo n’uw’Amajyaruguru bahagaritswe ku mirimo yabo kugira ngo babanze bisobanure ku byo bakurikiranyweho, iyi baruwa yasohotse mu ijoro ryo ku wa 25 Gicurasi 2020.
Mu butumwa Gatabazi yanditse (…)
By Imfurayabo Pierre
Komisiyo y’igihugu y’amatora mu Burundi yatangaje ko ibyavuye mu ibarura ry’amajwi y’agateganyo mu matora y’Umukuru w’Igihugu bigaragaza ko General Ndayishimiye Evariste ariwe watsinze, Agathon Rwasa bari bahangaye ahita atangaza ko aritabaza Inkiko.
Amajwi y’agateganyo y’ibyavuye mu matora yatangajwe ku gicamunsi cyo ku wa Mbere tariki 24 Gicurasi 2020, aho imibare igaragaza ko Ndayishimiye w’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi yaje imbere n’amajwi 68, 72%. (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
People with different disabilities are requesting the government of Rwanda to put in place both tangible policies and measures which will be protecting people with different disabilities, in anticipation of intervention in times of emergency in the future, such as pandemics as witnessed in regard to many obstacles they have encountered during this period, when the whole world is facing covid-19 virus pandemic.
This message was disseminated through the talk show (…)
By Imfurayabo Pierre
Uwari Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Gatabazi Jean Marie Vianney hamwe n’uwari uw’Intara y’Amajyepfo, Gasana Emmanuel, bahagaritswe ku mirimo yabo na Perezida Kagame.
Itangazo ryatanzwe na Minisitiri w’Intebe rivuga ko aba bayobozi bombi Perezida wa Repubulika yabaye abahagaritse ku myanya yabo “kubera ibyo bagomba kubazwa bakurikiranweho”.
Ntabwo higeze hatangazwa ibyo aba bayobozi bakurikiranweho gusa bahagaritswe ku myanya yabo mu gihe hari hashize iminsi (…)
By Imfurayabo Pierre
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu mu Rwanda, Prof Shyaka Anastase yatangaje ko hari bamwe mu banyarwanda bamaze kudohoka cyangwa kugabanya imbaraga zo kwirinda icyorezo cya COVID19 giterwa na Coronavirus.
Iki cyorezo gihangayikishije Isi cyatangiriye mu Mujyi wa Wuhan mu Bushinwa mu mpera z’Umwaka wa 2019.
Imibare iheruka y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS/WHO igaragaza ko abamaze kwandura iki cyorezo ku Isi ari 5,500,696, abo kimaze guhitana (…)
By Imfurayabo Pierre
Polisi y’u Rwanda itangazako kubera igabanuka ry’ibinyabiziga mu mihanda hirya no hino mu gihugu, impanuka na zo zagabanutse. Mbere ya gahunda ya #GumaMuRugo, ubukangurambaga bwa Gerayo Amahoro na bwo bwari bwagabanyije impanuka ku kigero gishimishije nkuko byemezwa na Polisi.
Mbere y’uko ubukangurambaga bwa Gerayo Amahoro butangira, mu Rwanda habaga impanuka zisaga 5000 buri mwaka, abantu 500 zikabahitana. Icyakora kuva iyo gahunda yatangira muri Gicurasi 2019, (…)
By Imfurayabo Pierre
Komisiyo y’igihugu y’amatora mu Burundi imaze gutangaza by’agateganyo ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu aho Evariste Ndayishimiye w’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi yaje imbere n’amajwi 68,72%.
Iyi komisiyo y’amatora yatangaje ko hiyandikishije gutora abantu bagera kuri miliyoni 5,115, 418 naho abatoye bakaba ari 87% byabo.
Urutonde rw’uko abakandida barindwi bakurikiranye mu majwi yatangajwe:
Evariste Ndayishimiye (CNDD-FDD) - 68,72% Agathon Rwasa (CNL) - (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















