Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

Hashyizweho uburyo aba motari bazakora igihe bazaba bemerewe kongera gutwara abagenzi
Hashyizweho uburyo aba motari bazakora igihe bazaba bemerewe kongera gutwara abagenzi

By Imfurayabo Pierre
Ikigo cy’igihugu ngenzura mikorere (RURA) cyashyize ahagaragara kuruya wa gatatu taliki ya 27 gicurasi, cyerekanye uburyo abakora ingendo bakoresheje moto bazajya bitwararika mu buryo bwo kwirinda COVID-19
Abamotari ni bamwe mubahura nabantu benshi kumunsi iyo bari gukora akazi kabo ko gutwara abagenzi hifashishijwe moto, niyo mpamvu hashyizweho amabwiriza azajya akurikizwa na buri muntu ukora ingendo hifaashishijwe moto (abamotari).
Muburyo bwo kwirinda gukoresha (…)

424 Shares 4 Comments
Clare Akamanzi wayoboraga RDB yabaye umwe mu bagize inama y'ubutegetsi ya mbere ya WHO Foundation
Clare Akamanzi wayoboraga RDB yabaye umwe mu bagize inama y’ubutegetsi ya mbere ya WHO Foundation

By Imfurayabo Pierre
Clare Akamanzi yashyizwe mu nama y’ubutegetsi ya mbere ya WHO Foundation, umuryango washinzwe ugamije gufasha Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (WHO), gukusanya amikoro akenewe mu guhangana n’ibibazo bijyanye n’ubuzima ku Isi.
Ni umuryango mu buryo bw’amategeko wigenga kuri WHO, ariko uzayifasha cyane kubona ubushobozi ikeneye ngo ibashe kuzuza inshingano ifite.
Ni umuryango ushingiwe igihe kuko WHO ihanganye cyane n’icyorezo cya Coronavirus, ariko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ibihugu bigize SADC bigiye gufungura ubucuruzi bwose bwambukiranya imipaka
Ibihugu bigize SADC bigiye gufungura ubucuruzi bwose bwambukiranya imipaka

By Imfurayabo Pierre
Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo (SADC) watangaje ko uri kwitegura gufungura ubucuruzi bwose bwambukiranya imipaka ku buryo busesuye.
Ibi bibaye nyuma y’uko impuguke mu Karere ka Afurika y’Amajyepfo zagaragaje ko zishimiye ingamba zo kwirinda ibihugu binyamuryango bya SADC [uko ari 16] byafashe mu rwego rwo gukumira ikwirakwizwa rya COVID-19 iterwa na Coronavirus.
Iki cyemezo kije nyuma y’iminsi igera kuri 50 ubuyobozi bw’uwo muryango bwemeje (…)

424 Shares 4 Comments
‘Ndasaba imbabazi ku cyo ari cyose nagutengushyeho Perezida' –Gatabazi
‘Ndasaba imbabazi ku cyo ari cyose nagutengushyeho Perezida’ –Gatabazi

By Imfurayabo Pierre
Gatabazi Jean Marie Vianney wahagaritswe ku mwanya wa Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru yasabye imbabazi Perezida Kagame ndetse n’Umuryango wa FPR –Inkotanyi ku kintu cyose yategushyeho.
Itangazo ryaturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko ba Guverineri, uw’Amajyepfo n’uw’Amajyaruguru bahagaritswe ku mirimo yabo kugira ngo babanze bisobanure ku byo bakurikiranyweho, iyi baruwa yasohotse mu ijoro ryo ku wa 25 Gicurasi 2020.
Mu butumwa Gatabazi yanditse (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Burundi: Agathon Rwasa watsinzwe amatora agiye kwitabaza inkiko
Burundi: Agathon Rwasa watsinzwe amatora agiye kwitabaza inkiko

By Imfurayabo Pierre
Komisiyo y’igihugu y’amatora mu Burundi yatangaje ko ibyavuye mu ibarura ry’amajwi y’agateganyo mu matora y’Umukuru w’Igihugu bigaragaza ko General Ndayishimiye Evariste ariwe watsinze, Agathon Rwasa bari bahangaye ahita atangaza ko aritabaza Inkiko.
Amajwi y’agateganyo y’ibyavuye mu matora yatangajwe ku gicamunsi cyo ku wa Mbere tariki 24 Gicurasi 2020, aho imibare igaragaza ko Ndayishimiye w’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi yaje imbere n’amajwi 68, 72%. (…)

424 Shares 4 Comments
Special measures must be enacted to facilitate people with disabilities in times of emergency and pandemics
Special measures must be enacted to facilitate people with disabilities in times of emergency and pandemics

By Imfurayabo Pierre Romeo
People with different disabilities are requesting the government of Rwanda to put in place both tangible policies and measures which will be protecting people with different disabilities, in anticipation of intervention in times of emergency in the future, such as pandemics as witnessed in regard to many obstacles they have encountered during this period, when the whole world is facing covid-19 virus pandemic.
This message was disseminated through the talk show (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Aba Guverineri babiri bahagaritswe ku mirimo yabo na Perezida Kagame
Aba Guverineri babiri bahagaritswe ku mirimo yabo na Perezida Kagame

By Imfurayabo Pierre
Uwari Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Gatabazi Jean Marie Vianney hamwe n’uwari uw’Intara y’Amajyepfo, Gasana Emmanuel, bahagaritswe ku mirimo yabo na Perezida Kagame.
Itangazo ryatanzwe na Minisitiri w’Intebe rivuga ko aba bayobozi bombi Perezida wa Repubulika yabaye abahagaritse ku myanya yabo “kubera ibyo bagomba kubazwa bakurikiranweho”.
Ntabwo higeze hatangazwa ibyo aba bayobozi bakurikiranweho gusa bahagaritswe ku myanya yabo mu gihe hari hashize iminsi (…)

424 Shares 4 Comments
Mudufashe ntitugere aho dushyira umupolisi n'umuyobozi kuri buri rugo -Minisitiri Shyaka
Mudufashe ntitugere aho dushyira umupolisi n’umuyobozi kuri buri rugo -Minisitiri Shyaka

By Imfurayabo Pierre
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu mu Rwanda, Prof Shyaka Anastase yatangaje ko hari bamwe mu banyarwanda bamaze kudohoka cyangwa kugabanya imbaraga zo kwirinda icyorezo cya COVID19 giterwa na Coronavirus.
Iki cyorezo gihangayikishije Isi cyatangiriye mu Mujyi wa Wuhan mu Bushinwa mu mpera z’Umwaka wa 2019.
Imibare iheruka y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS/WHO igaragaza ko abamaze kwandura iki cyorezo ku Isi ari 5,500,696, abo kimaze guhitana (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Mu gihe cya #GumaMuRugo impanuka zo mu muhanda zaragabanutse
Mu gihe cya #GumaMuRugo impanuka zo mu muhanda zaragabanutse

By Imfurayabo Pierre
Polisi y’u Rwanda itangazako kubera igabanuka ry’ibinyabiziga mu mihanda hirya no hino mu gihugu, impanuka na zo zagabanutse. Mbere ya gahunda ya #GumaMuRugo, ubukangurambaga bwa Gerayo Amahoro na bwo bwari bwagabanyije impanuka ku kigero gishimishije nkuko byemezwa na Polisi.
Mbere y’uko ubukangurambaga bwa Gerayo Amahoro butangira, mu Rwanda habaga impanuka zisaga 5000 buri mwaka, abantu 500 zikabahitana. Icyakora kuva iyo gahunda yatangira muri Gicurasi 2019, (…)

424 Shares 4 Comments
Burundi: Evariste Ndayishimiye yatsinze n'amajwi 68%
Burundi: Evariste Ndayishimiye yatsinze n’amajwi 68%

By Imfurayabo Pierre
Komisiyo y’igihugu y’amatora mu Burundi imaze gutangaza by’agateganyo ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu aho Evariste Ndayishimiye w’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi yaje imbere n’amajwi 68,72%.
Iyi komisiyo y’amatora yatangaje ko hiyandikishije gutora abantu bagera kuri miliyoni 5,115, 418 naho abatoye bakaba ari 87% byabo.
Urutonde rw’uko abakandida barindwi bakurikiranye mu majwi yatangajwe:
Evariste Ndayishimiye (CNDD-FDD) - 68,72% Agathon Rwasa (CNL) - (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru