Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga mu Rwanda iratangaza ko Leta ya Uganda yemeye kurekura abandi Banyarwanda barenga 170 bari bafungiyeyo mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
Inkuru dukesha ikinyamakuru umuseke ivuga ko ibi byavugiwe mu kiganiro Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta yagiranye n’Abanyamakuru uyu munsi ku wa Gatanu tariki 15 Gicurasi 2020 kibanze ku mibanire y’u Rwanda n’amahanga.
Minisitiri Dr Biruta yavuze ko hari intambwe (…)
Yanditswe na Madamu Jeannette Kagame Kuya 15 Gicurasi 2020 saa 08:04
Inyandiko ducyesha Igihe
Ubwanditsi: Iyi ni inyandiko yanditswe na Nyakubahwa Madamu Jeannette Kagame, igaragaza uruhare rw’umuryango mu bihe nk’ibi Isi yose ihanganye n’icyorezo cya Covid -19. Ni ubutumwa bwe bujyanye n’uyu Munsi Mpuzamahanga w’Umuryango. Icyorezo cya Covid-19 cyaduteye urujijo no guhangayika. Ntabwo tuzi iherezo ry’ibi bihe bihinduka buri munsi. Icyakora hari ikintu kimwe kidahinduka: akamaro (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Ishami ry’umuryango w’abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi OMS/WHO rivuga ko coronavirus "ishobora kutazagira aho ijya ikigumira mu bantu nkuko ibindi byorezo nka SIDA, iseru n’ibindi bmeze kugeza nubu".
Mu kiganiro n’abanyamakuru ejo kuwa gatatu, Dr Mike Ryan ukuriye ibikorwa by’ubutabazi muri OMS, yaburiye abantu kwirinda guteganya igihe iyi virus izaba yaracitse.
Yavuze ko nubwo urukingo rwayo rwaboneka, gukomeza kuyirwanya bizasaba imbaraga (…)
Yanditswe na Scovia Mutesi
Ingaruka za coronavirusi ntizizagera ku baturage gusa ahubwo zizagera no ku gihugu muri rusange. Kuba Serivise z’ibikorwa by’ubucuruzi ndetse n’inganda byo soko y’imisoro bimaze iminsi bidakora, biragoye ko Leta yabona imisoro y’ijanisha rya 57’5% yunganira ingengo y’imali muri uyu mwaka wa 2020 nk’uko byari biteganijwe mbere ya COVID19.
Muri raporo y’ubushakashatsi bwakozwe mumpera za Mata 2020 n’itsinda ry’impuguke mu by’ubukungu ku ngaruka za Covid-19 mu (…)
Yandistwe na Scovia Mutesi Icyorezo cya koronavirusi gikomeje kwibasira ibihugu bitandukanye ku isi harimo n’u Rwanda cyatumye haba impinduka ku buzima n’imibereho y’abaturage mu byiciro bitandukanye. Mu bagezweho n’ingaruka zo kwirinda ikwirakwizwa rya koronavirusi harimo abari abakozi bagahagarikiwe amasezerano y’akazi mu gihe cy’amezi atatu. Aba bemeza ko ubuzima bubakomereye cyane. Peter yari umushoferi mu kigo gitwara abagenzi muri Ritco. Umukoresha we yamubwiye ko amasezerano (…)
Yanditswe na Scovia Mutesi
Icyorezo cya koronavirusi gikomeje kwibasira ibihugu bitandukanye ku isi harimo n’u Rwanda, henshi humvikana imibare y’abapfuye n’abakize ariko kugeza ubu nta muti nta rukingo. Ku wa gatatu tariki ya 29 mata 2020, imibare yatangajwe na Minisiteri y’ubuzima yagaragazaga ko mu banduye iki cyorezo bagera kuri 225, muri bo hakize abagera 98 bakaba barakize. Ibibazo, amatsiko n’impungenge ni byinshi mu bantu bibaza uburyo iyi ndwara ikira, nyamara nta muti. (…)
by Scovia Mutesi
Nairobi 25th April 2020: Without the full participation and inclusion of women within the COVID19 pandemic response, Africa’s efforts to flatten the curve and/or wipe-out the pandemic will be futile and counter-productive.
Without the deliberate infusion of gender-disaggregated data to unpack the reality of the impact of the COVID19 Pandemic, a huge chunk of Africa’s population will remain disenfranchised and forgotten as the ravages of the global pandemic continues to (…)
Yanditswe na Scovia Mutesi
Impungenge ni zose ku babyeyi bibaza uko bazakoresha udupfukamunwa ku bana bato cyane cyane abafite munsi y’imyaka irindwi. Ibi bije nyuma y’uko Minisitiri w’Ubuzima, Dr Daniel Ngamije atangaje ko abanyarwanda bose bagomba gutangira kwambara udupfukamunwa baba bari mu rugo cyangwa basohotse, nk’uburyo bubafasha kurushaho kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Koronavirusi.
Bamwe mu babyeyi bavuga ko bitakunda ko umwana muto uri munsi y’imyaka irindwi (7). (…)
Yanditswe na Scovia Mutesi
Icyorezo cya koronavirusi gikomeje kwibasira ibihugu bitandukanye ku isi harimo n’u Rwanda cyatatumye haba impinduka ku buzima n’imibereho y’abaturage mu byiciro bitandukanye. Abanyeshuri byabaye ngombwa ko basubika amasomo y’igihembwe cya mbere badakoze ibizami.
Mu rwego rwo gufasha abanyeshuri gukomeza kwiyibutsa amasomo yabo aho bari mu ngo, Ikigo cy’igihugu cyita kuburezi REB ku bufatanye n’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Bana (UNICEF) batangije (…)
Hashize iminsi 14 mu Rwanda hagaragaye umurwayi wa mbere wanduye icyorezo cya Coronavirus, aho we na bagenzi be banduye ubu bamaze kugera kuri 60 bose, bari mu kigo bakirirwamo kiri i Kanyinya mu Karere ka Nyarugenge nkuko tubicyesha Igihe.com nacyo kibicyesha ,RBA yasuye iki kigo, aho kugera mu cyumba kirimo abarwayi bisaba kubanza kwambara imyambaro yabugenewe irinda umuntu kwandura.
Coronavirus yandura binyuze mu matembabuzi ava mu bice by’ubuhumekero nko mu mazuru no mu kanwa. Niyo (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















