Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

Abandi banyarwanda bari bafungiye Uganda mu buryo bunyuranyije n'amategeko bagiye kurekurwa: Dr Vincent Biruta
Abandi banyarwanda bari bafungiye Uganda mu buryo bunyuranyije n’amategeko bagiye kurekurwa: Dr Vincent Biruta

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga mu Rwanda iratangaza ko Leta ya Uganda yemeye kurekura abandi Banyarwanda barenga 170 bari bafungiyeyo mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
Inkuru dukesha ikinyamakuru umuseke ivuga ko ibi byavugiwe mu kiganiro Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta yagiranye n’Abanyamakuru uyu munsi ku wa Gatanu tariki 15 Gicurasi 2020 kibanze ku mibanire y’u Rwanda n’amahanga.
Minisitiri Dr Biruta yavuze ko hari intambwe (…)

424 Shares 4 Comments
Umuryango – Isooko tuvomamo imbaraga mu bihe bikomeye
Umuryango – Isooko tuvomamo imbaraga mu bihe bikomeye

Yanditswe na Madamu Jeannette Kagame Kuya 15 Gicurasi 2020 saa 08:04
Inyandiko ducyesha Igihe
Ubwanditsi: Iyi ni inyandiko yanditswe na Nyakubahwa Madamu Jeannette Kagame, igaragaza uruhare rw’umuryango mu bihe nk’ibi Isi yose ihanganye n’icyorezo cya Covid -19. Ni ubutumwa bwe bujyanye n’uyu Munsi Mpuzamahanga w’Umuryango. Icyorezo cya Covid-19 cyaduteye urujijo no guhangayika. Ntabwo tuzi iherezo ry’ibi bihe bihinduka buri munsi. Icyakora hari ikintu kimwe kidahinduka: akamaro (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
OMS: Koronavirusi ishobora kuzaba indwara ya twibanire mu kiremwa muntu nka SIDA
OMS: Koronavirusi ishobora kuzaba indwara ya twibanire mu kiremwa muntu nka SIDA

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Ishami ry’umuryango w’abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi OMS/WHO rivuga ko coronavirus "ishobora kutazagira aho ijya ikigumira mu bantu nkuko ibindi byorezo nka SIDA, iseru n’ibindi bmeze kugeza nubu".
Mu kiganiro n’abanyamakuru ejo kuwa gatatu, Dr Mike Ryan ukuriye ibikorwa by’ubutabazi muri OMS, yaburiye abantu kwirinda guteganya igihe iyi virus izaba yaracitse.
Yavuze ko nubwo urukingo rwayo rwaboneka, gukomeza kuyirwanya bizasaba imbaraga (…)

424 Shares 4 Comments
COVID19: imisoro mike izateza icyuho gikomeye mu ngengo y'imari y'igihugu ya 2020
COVID19: imisoro mike izateza icyuho gikomeye mu ngengo y’imari y’igihugu ya 2020

Yanditswe na Scovia Mutesi
Ingaruka za coronavirusi ntizizagera ku baturage gusa ahubwo zizagera no ku gihugu muri rusange. Kuba Serivise z’ibikorwa by’ubucuruzi ndetse n’inganda byo soko y’imisoro bimaze iminsi bidakora, biragoye ko Leta yabona imisoro y’ijanisha rya 57’5% yunganira ingengo y’imali muri uyu mwaka wa 2020 nk’uko byari biteganijwe mbere ya COVID19.
Muri raporo y’ubushakashatsi bwakozwe mumpera za Mata 2020 n’itsinda ry’impuguke mu by’ubukungu ku ngaruka za Covid-19 mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyiri inzu arataka kutishyurwa n'ukodesha agataka koronavirusi
Nyiri inzu arataka kutishyurwa n’ukodesha agataka koronavirusi

Yandistwe na Scovia Mutesi Icyorezo cya koronavirusi gikomeje kwibasira ibihugu bitandukanye ku isi harimo n’u Rwanda cyatumye haba impinduka ku buzima n’imibereho y’abaturage mu byiciro bitandukanye. Mu bagezweho n’ingaruka zo kwirinda ikwirakwizwa rya koronavirusi harimo abari abakozi bagahagarikiwe amasezerano y’akazi mu gihe cy’amezi atatu. Aba bemeza ko ubuzima bubakomereye cyane. Peter yari umushoferi mu kigo gitwara abagenzi muri Ritco. Umukoresha we yamubwiye ko amasezerano (…)

424 Shares 4 Comments
RBC :Yasobanuye uko COVID ivurwa igakira kandi nta muti wayo uraboneka
RBC :Yasobanuye uko COVID ivurwa igakira kandi nta muti wayo uraboneka

Yanditswe na Scovia Mutesi
Icyorezo cya koronavirusi gikomeje kwibasira ibihugu bitandukanye ku isi harimo n’u Rwanda, henshi humvikana imibare y’abapfuye n’abakize ariko kugeza ubu nta muti nta rukingo. Ku wa gatatu tariki ya 29 mata 2020, imibare yatangajwe na Minisiteri y’ubuzima yagaragazaga ko mu banduye iki cyorezo bagera kuri 225, muri bo hakize abagera 98 bakaba barakize. Ibibazo, amatsiko n’impungenge ni byinshi mu bantu bibaza uburyo iyi ndwara ikira, nyamara nta muti. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Africa CDC and the AU must offer dignified & inclusive focus to women & girls in COVID19 response
Africa CDC and the AU must offer dignified & inclusive focus to women & girls in COVID19 response

by Scovia Mutesi
Nairobi 25th April 2020: Without the full participation and inclusion of women within the COVID19 pandemic response, Africa’s efforts to flatten the curve and/or wipe-out the pandemic will be futile and counter-productive.
Without the deliberate infusion of gender-disaggregated data to unpack the reality of the impact of the COVID19 Pandemic, a huge chunk of Africa’s population will remain disenfranchised and forgotten as the ravages of the global pandemic continues to (…)

424 Shares 4 Comments
Covid-19: Batewe impungenge no kwambika abana agapfukamunwa
Covid-19: Batewe impungenge no kwambika abana agapfukamunwa

Yanditswe na Scovia Mutesi
Impungenge ni zose ku babyeyi bibaza uko bazakoresha udupfukamunwa ku bana bato cyane cyane abafite munsi y’imyaka irindwi. Ibi bije nyuma y’uko Minisitiri w’Ubuzima, Dr Daniel Ngamije atangaje ko abanyarwanda bose bagomba gutangira kwambara udupfukamunwa baba bari mu rugo cyangwa basohotse, nk’uburyo bubafasha kurushaho kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Koronavirusi.
Bamwe mu babyeyi bavuga ko bitakunda ko umwana muto uri munsi y’imyaka irindwi (7). (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rwanda: Ubukene n'imyumvire y'ababyeyi ni imbogamizi ku banyeshuri bigira kuri Radiyo
Rwanda: Ubukene n’imyumvire y’ababyeyi ni imbogamizi ku banyeshuri bigira kuri Radiyo

Yanditswe na Scovia Mutesi
Icyorezo cya koronavirusi gikomeje kwibasira ibihugu bitandukanye ku isi harimo n’u Rwanda cyatatumye haba impinduka ku buzima n’imibereho y’abaturage mu byiciro bitandukanye. Abanyeshuri byabaye ngombwa ko basubika amasomo y’igihembwe cya mbere badakoze ibizami.
Mu rwego rwo gufasha abanyeshuri gukomeza kwiyibutsa amasomo yabo aho bari mu ngo, Ikigo cy’igihugu cyita kuburezi REB ku bufatanye n’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Bana (UNICEF) batangije (…)

424 Shares 4 Comments
Ubuzima bw'abarwayi ba Coronavirus mu Rwanda nyuma y'iminsi 14 habonetse uwa mbere
Ubuzima bw’abarwayi ba Coronavirus mu Rwanda nyuma y’iminsi 14 habonetse uwa mbere

Hashize iminsi 14 mu Rwanda hagaragaye umurwayi wa mbere wanduye icyorezo cya Coronavirus, aho we na bagenzi be banduye ubu bamaze kugera kuri 60 bose, bari mu kigo bakirirwamo kiri i Kanyinya mu Karere ka Nyarugenge nkuko tubicyesha Igihe.com nacyo kibicyesha ,RBA yasuye iki kigo, aho kugera mu cyumba kirimo abarwayi bisaba kubanza kwambara imyambaro yabugenewe irinda umuntu kwandura.
Coronavirus yandura binyuze mu matembabuzi ava mu bice by’ubuhumekero nko mu mazuru no mu kanwa. Niyo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru