Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
By Imfurayabo Pierre
Prof Laurent Nkusi wigeze kuba Minisitiri w’Itangazamakuru ndetse n’Umusenateri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, yasezeweho bwa nyuma kuri uyu wa Kane, nyuma yo kwitaba Imana.
Nkusi yitabye Imana ku wa 18 Gicurasi ku myaka 70, azize uburwayi. Kumusezeraho bwa nyuma byabereye iwe mu rugo mu Karere ka Gasabo, mu muhango witabiriwe n’inshuti, umuryango n’abo bakoranye mu nzego zitandukanye.
Prof Laurent Nkusi wavutse tariki ya 20 Werurwe 1950 yabaye mu buyobozi (…)
By Imfurayabo Pierre
Sosiyete icuruza ibijyanye n’amashusho ya Televiziyo, Canal +, yatangaje ko yongeye televiziyo zirindwi zo mu Rwanda ku mashene yabo biturutse ku byifuzo by’abakiliya bakomeje kubisaba.
Canal+ ivuga ko ihora itekereza kugeza ibyiza ku bafatabuguzi babo, ari nayo mpamvu kuri shene zari zisanzwe yongeyeho Tv1, Authentic Tv, Genesis Tv, Flash Tv, KC2, BTN tv, Isango Tv zisanga Televiziyo y’u Rwanda (TRV) ndetse na Tv10. Ibi bivuze ko Televiziyo icyenda zo mu Rwanda (…)
By Imfurayabo Pierre
Banki NKuru y’u Rwanda yazamuye ingano y’amafaranga umuntu ashobora kubikuza kuri konti ye akoresheje sheki agera kuri miliyoni 5 Frw, mu gihe ihawe undi muntu ubusanzwe utari wemerewe kuyatahana mu ntoki, yemererwa kubikuza atarenze miliyoni 2 Frw.
Ni amabwiriza ya BNR agomba gusimbura ayashyizweho ku wa 21 Werurwe, ubwo abaturarwanda basabwaga kuguma mu ngo, hirindwa ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus.
Ayo mabwiriza yavugaga ko abakiliya ba banki bakwiye (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye wita ku buzima, OMS, watangaje ko abandura icyorezo cya Coronavirus ku Isi bageze kuri miliyoni 5 090 642 ariko abandi 2 025 716 na bo bamaze kuva mu bitaro mu gihe 329 754 bamaze gupfa.
OMS yagaragaje ko kuri uyu wa Gatatu gusa abantu ibihumbi 106, banduye, n’aho abandi hafi ibihumbi bitanu barapfa. Ni ubwa mbere handuye abantu bagera kuri uriya mubare mu masaha 24 gusa.
Umuyobozi wa OMS, Tedros Adhanom Ghebreyesus, yagaragaje (…)
By Imfurayabo Pierre
Nyuma y’iminsi itatu afatiwe mu Bufaransa, Ku wa Kabiri tariki 19 Gicurasi 2020, Kabuga Felicien yitabye Ubushinjacyaha bwa Paris. Uyu mugabo wari umaze imyaka 26 yihishe ubutabera yaherekejwe mu Bushinjacyaha Bukuru acungiwe umutekano ku rwego rwo hejuru.
Ni intambwe ya mbere ku rubanza rw’uyu munyemari ukekwaho kuba umuterankunga ukomeye wa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Biteganyijwe kuri uyu wa Gatatu Kabuga ashobora kuza kugaragara mu Rukiko rwa Paris, (…)
By Imfurayabo Pierre
Bamwe mu babyeyi batandukanye bo mu Karere ka Nyamasheke bavuze ko batewe agahinda no kuba abakobwa babo babasaba amafaranga yo guha abasore ngo babarongore ndetse ngo hakaba hari n’abasore badatinya kwibonanira n’ababyeyi ngo bayabake.
Ni ingeso ikomeje gufata intera muri aka karere, aho bisa n’ibyahindutse ubucuruzi ku basore bamwe na bamwe kuko badashobora kurongora umukobwa atabanje kubaha amafaranga.
Iyamuremye Elias wo mu murenge wa Nyabitekereri yavuze ari (…)
By Imfurayabo Pierre
Perezida Donald Trump yandikiye ibaruwa ukuriye ishami rya ONU rishinzwe ubuzima ku isi OMS/WHO amumenyesha ko Amerika ishobora guhagarika burundu inkunga yayo kubera Covid-19.
Iyi baruwa iraha OMS igihe ntarengwa cy’iminsi 30 ngo yiyemeze “impinduka ziboneka” cyangwa se ibure byombi miliyoni z’amadorari n’ubunyamuryango bwa leta ya Amerika.
kuwa mbere taliki ya 18 gicurasi 2020 , mbere y’iyi baruwa Bwana Trump yari yise iri shami rya ONU “igikinisho cy’Ubushinwa”. (…)
By Imfurayabo Pierre
Minisiteri y’Ubuzima imaze gutangiza ku mugaragaro uburyo bwo gukoresha za robo mu kwita ku barwayi ba coronavirus
Reba amwe mu mazina yahawe ama robo yifashishwa mu kwita ku barwayi ba corona virus
By Imfurayabo Pierre
Inama y’abaminisitiri mu Rwanda yaraye yemeje kugumishaho nyinshi mu ngamba zafashwe mu kwirinda coronavirus, kimwe mu bindi byemezo byayo ni ugushyira mu myanya y’ubutegetsi ya RDB, Ivan Kagame, umuhungu wa Perezida Paul Kagame. Ku nshuro ya mbere, Inama y’abaminisitiri – yari iyobowe Bwana Kagame – yashyize umwe mu bana be mu myanya y’ubutegetsi.
Ivan Kagame, yashyizwe mu bagize inama y’ubutegetsi y’ikigo cy’u Rwanda gishinzwe iterambere, RDB.
Iki kigo nicyo (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye kuri uyu wa mbere tariki 18 Gicurasi 2020, iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yafashe imyanzuro irimo uwo kuzakomorera abamotari n’ingendo hagati y’Umujyi wa Kigali n’izindi Ntara ku itariki ya mbere Kamena 2020.
Hagati aho ariko izo ngendo ziracyahagaritswe mu rwego rwo gukomeza gukurikiza amabwiriza yo kwirinda icyorezo Covid-19, n’ubwo amasaha yo kugera mu rugo yashyizwe saa tatu z’ijoro aho kuba saa (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















