Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
By Imfurayabo Pierre
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame avuga ko bigaragara ko u Rwanda hari aho rwari rugeze mu gukumira icyorezo cya COVID19 ariko urujya n’uruza rw’abinjira n’abasohoka bajya muri ibi bihugu bituranyi bakiri imbogamizi ari nayo mpamvu hasabwa gushaka umuti w’iki kibazo.
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki 31 Gicurasi 2020, ko nyuma y’isesengura ryakozwe hagamijwe gukomeza kurinda ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID19 giterwa na (…)
By Imfurayabo Pierre
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Prof Shyaka Anastase yasabye ko habaho guhana mu buryo bwihanukiriye abantu barenga ku mabwiriza yo gukumira Coronavirus, kuko nubwo hafatwa ingamba zikomeye, iyo hari abatazubahirije bitabura guha icyuho icyorezo.
Yabigarutseho kuri uyu wa Mbere nyuma y’uko ingendo zihuza intara kimwe n’ingendo z’abamotari zagombaga gusubukurwa kuri uyu wa 1 Kamena, bikomeje guhagarikwa mu gihe harindiriwe umwanzuro w’Inama y’Abaminisitiri izaba (…)
By Imfurayabo Pierre
biro bya Minisitiri w’Intebe mu Rwanda biratangaza ko nyuma y’isesengura, ingendo hagati y’Intara zitandukanye, ingendo hagati y’Intara n’Umujyi wa Kigali hamwe n’ingendo za moto zitwara abagenzi zikomeza gusubikwa.
Izi ngendo ngo ziracyabujijwe mu rwego rwo kurengera ubuzima bw’abaturage.
Ibiro bya Minisitiri w’Intebe biratangaza ko ingamba nshya zo kurwanya Covid-19 zizatangazwa n’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 2 Kamena 2020.
By Imfurayabo Pierre
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof. Shyaka Anastase, yavuze ko abamotari bakwiye gukomeza kwihanganira isubikwa ry’ingendo zitwara abagenzi kuri moto, kuko abantu bose bagomba gushyira hamwe kugira ngo icyorezo cya coronavirus gihashywe burundu.
Kuri iki Cyumweru nibwo Guverinoma y’u Rwanda yongereye igihe cyo gusubukuriraho ingendo zihuza intara n’Umujyi wa Kigali kizajyana no kwemerera moto zitwara abagenzi kongera gukora, ni icyemezo cyafashwe nyuma (…)
By Imfurayabo Pierre
Ingendo ziva n’izerekeza mu karere ka Rusizi zabaye zihagaze mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya coronavirus.
Ni nyuma y’aho abantu batanu babonetse mu Karere ka Rusizi bafite ubwandu bwa coronavirus barimo abacuruzi, abashoferi n’umumotari umwe.
Amakuru aturuka muri ibyo bice aremeza ko ingendo ziri kuva Rubavu na Karongi ziri kugarukira mu karere ka Nyamasheke ahazwi nko ku Buhinga mu murenge wa Bushekeri, izindi zikagarukira i Ntendezi mu murenge wa Ruharambuga, (…)
By Imfurayabo Pierre
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 30 Gicurasi 2020,nibwo habonetse umuntu wa mbere wahitanywe na Coronavirus mu Rwanda mu gihe handuye abantu 4 hakira 3.
Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko umuntu wa mbere yishwe na Covid19 ari ku butaka bw’u Rwanda. Uyu munsi habonetse abanduye Coronavirus bashya 4 .Abamaze kwandura iyo ndwara mu Rwanda baba 355.
Uyu munsi hakize abantu 3 bityo abamaze gukira babaye 250. Abakirwaye ni 108. Muri East Africa ni Uganda yonyine ubwo (…)
By Pierre Imfurayabo
Kuwa 29 Gicurasi, u Rwanda rwifafatanyije n’isi yose mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Ubutumwa bw’Amahoro bw’umuryango w’abibumbye, muri uyu mwaka, Loni ikaba yarahisemo kuzirikana ku ruhare rw’abagore mu butumwa bw’amahoro.
Umunyamabanga Mukuru wa Loni, António Guterres, wayoboye ibikorwa byo kuzirikana abasize ubuzima bwabo mu bikorwa by’ubutumwa bw’amahoro kuva mu 1948, ndetse no kuzirikana ku ruhare rw’abakiri muri ibi bikorwa, yavuze ko uruhare rw’abagore ari (…)
By Imfurayabo Pierre
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, rwatangiye iperereza ku bibazo bivugwa muri Rayon Sports ndetse abayobozi b’iyi kipe n’abahoze bayiyobora batangiye guhamagazwa mu rwego rwo gukusanya amakuru.
Umuvugizi wa RIB, Marie Michelle Umuhoza, yemereye IGIHE dukesha iyi nkuru ko hari abayobozi ba Rayon Sports yaba abari kuyiyobora ubu ndetse n’abahoze bayiyobora batumijweho mu iperereza ryatangiye nubwo yirinze kuvuga amazina y’ababa bahamagajwe.
Yagize ati “Yego hari (…)
By Imfurayabo Pierre
Ladislas Ntaganzwa woherejwe mu Rwanda na RDC mu 2016, yahamijwe ibyaha bya Jenoside n’Urukiko Rukuru mu Rugereko rwarwo ruburanisha ibyaha mpuzamahanga, akatirwa igifungo cya burundu.
Mu iburanishwa rye, Ntaganzwa wabaye Burugumesitiri w’iyahoze ari Komini Nyakizu yagiye kuburanishirizwa aho ibyaha yakekwagaho byabereye, mu Murenge wa Nyagisozi mu Karere ka Nyaruguru. Mbere yo kuba Burugumesitiri yari umuganga mu Kigo Nderabuzima cya Cyahinda.
Abatangabuhamya (…)
By Imfurayabo Pierre
Imibare ya Minisiteri y’Ubuzima yo kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Gicurasi 2020, yerekana ko abamaze kwandura Coronavirus mu Rwanda ari 346 babonetse mu bipimo 62 502 byafashwe, abakize ni 245, abakirwaye ni 101, nta n’umwe uricwa n’iki cyorezo.
Kuri uyu wa Gatatu gusa habonetse abantu barindwi basanganywe Coronavirus mu bipimo 2059 byafashwe mu gihe umwe ariwe wasezerewe mu bitaro nyuma yo gukira.
Imibare y’abanduye Coronavirus, irerekana ko muri iyi minsi bari (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















