Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

Mu Rwanda abahamwe n'ibyaha bagera ku 3596 bafunguwe
Mu Rwanda abahamwe n’ibyaha bagera ku 3596 bafunguwe

By Imfurayabo Pierre
Nkuko imyanzuro y’inama yabaminisitiri ibitangaza, abagororwa 3596 bahamwe nibyaha bitandukanye bafunguwe.
hifashishijwe ikoranabuhanga Inama y’abaminisitiri yateranye kuru wa 18 / 05 /2020 yiga kubibazo bitandukanye ndetse harimo no kwiga kuburyo bwo guhashya icyorezo cya coronavirus gihangayikishije isi, aho kurubu habarurwa abagera kuri 297 banduye coronavirus abagera kuri 203 bakaba barayikize.
Inama yabaminisitiri yemeje ko abagororwa 3596 bahamwe nibyaha (…)

424 Shares 4 Comments
Umuntu wa mbere yishwe na Coronavirus muri Madagascar
Umuntu wa mbere yishwe na Coronavirus muri Madagascar

By Imfurayabo Pierre
Umuntu wa mbere muri Madagascar yishwe na Coronavirus, uyu akaba ari umukozi wo mu rwego rw’ubuzima wari ufite imyaka 57, akaba yari arwaye izindi ndwara zirimo diabetes n’umuvuduko w’amaraso.
Akanama gashinzwe kurwanya Coronavirus muri Madagascar, katangaje aya makuru ku cyumweru. Umuvugizi wako Hanta Danielle Vololontiana, yavuze ko uyu mugabo yapfuye kuwa Gatandatu nijoro.
Ati “Umugabo yishwe na Covid-19 muri Madagascar, yari afite imyaka 57, ari umwe mu bakozi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Dore amwe mu mazina ateye ipfunwe, ba nyirayo basabye ko ahindurwa
Dore amwe mu mazina ateye ipfunwe, ba nyirayo basabye ko ahindurwa

By Imfurayabo Pierre
Kuri zimwe mu mbuga nkoranyambaga hari indangamuntu ziriho amazina nka Sanduwice, Quatre Moteurs, Niboneyimbwa Munzuyarwo, Bikundaguhena, Umwarutarakurikiyamaraha, Ntawutaramaniryundimugabo, Gudubayi, Gumawitume, Turaburaye, Ntawuhorabyibushye n’andi, gusa ntawakwemeza niba koko izo ndangamuntu ari umwimerere, cyangwa ngo yemeze ko abo bantu koko bitwa batyo.
Uretse ibyo kandi mu Igazeti ya Leta No2 yo ku wa 14 Mutarama 2019, hatangajwemo ibyemezo Minisiteri (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame yahaye imbabazi abari bafunzwe bazira gukuramo inda
Perezida Kagame yahaye imbabazi abari bafunzwe bazira gukuramo inda

By Imfurayabo Pierre
Mu nama yahuje perezida wa repuburika y’urwanda Paul KAGAME n’abaminisitiri yiga kubibazo bitandukanye bigiye byugarije igihugu muri rusange.
Nyakubahwa Paul KAGAME Yahaye imbabazi umugore umwe (1) n’abakobwa mirongo itanu (50) bari bafunzwe bazira gukura inda.
Dore imyanzuro yafashe ubwo habaga inama y’abaminisitiri yateranye kuwa 18 Gicurasi 2020 Kuri iyi paji niho hagaragara igika cyemeza ko perezida kagame yahaye imbabazi abafungiwe gukuramo inda Nkuko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Menya uko operasiyo yo gufata Kabuga félicien yagenze
Menya uko operasiyo yo gufata Kabuga félicien yagenze

By Imfurayabo Pierre
Ejo kuwa gatandatu Umunyarwanda Félicien Kabuga wari mu bantu bashakishwa cyane ku isi akekwaho kuba umwe mu bari ku isonga rya Jenoside mu Rwanda mu 1994 yafatiwe i Paris mu Bufaransa nk’uko bitangazwa n’ubushinjacyaha bw’urwego rw’ubutabera rukurikirana ibyaha rwa ONU/UN.
Umushinjacyaha w’uru rwego Serge Brammertz yatangaje ko ifatwa rya Kabuga ari “ukwibutsa ko abagize uruhare muri jenoside bashobora kubazwa ibyo bakoze, no mu myaka 26 nyuma yabyo”.
Itangazo (…)

424 Shares 4 Comments
Amafoto: Perezida Kagame yasuye ahantu hagizweho ingaruka n'imvura imaze iminsi igwa mu rwanda
Amafoto: Perezida Kagame yasuye ahantu hagizweho ingaruka n’imvura imaze iminsi igwa mu rwanda

By Imfurayabo Pierre
Uyu munsi, Perezida Kagame yasuye uduce two mu Karere ka Nyabihu yibasiwe n’imvura nyinshi, harimo ikiraro cya Giciye kirimo kubakwa kugira ngo abanyamaguru bava muri ako gace babone ibitaro bya Shyira.

424 Shares 4 Comments
feature-top
Huye: Ubuzima bw'abana b'inzererezi bambara udupfukamunwa ‘batoraguye muri Poubelle' burahangayikishije
Huye: Ubuzima bw’abana b’inzererezi bambara udupfukamunwa ‘batoraguye muri Poubelle’ burahangayikishije

By Imfurayabo Pierre
Abakorera mu Mujyi wa Huye n’abahatembera bavuga ko batewe impungenge n’ubuzima bw’abana b’inzererezi basigaye bambara udupfukamunwa batoraguye mu dusanduku tujugunywamo imyanda tuzwi nka Poubelle.
Muri ibi bihe Abanyarwanda bose basabwa kwambara udupfukamunwa nka bumwe mu buryo bwo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19; mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Huye hari kugaragara abana b’izererezi bambaye udupfukamunwa batoraguye ahajugunywa imyanda.
Bamwe mu (…)

424 Shares 4 Comments
Félicien Kabuga yafatiwe Paris nyuma y'imyaka 26 ashakishwa n'ubutabera ngo aryozwe uruhare yagize muri Jenoside yakorewe abatutsi Mata 1994
Félicien Kabuga yafatiwe Paris nyuma y’imyaka 26 ashakishwa n’ubutabera ngo aryozwe uruhare yagize muri Jenoside yakorewe abatutsi Mata 1994

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Ikigo cy’ubushinjacyaha cyashyizweho n’umuryango w’abibumbye mu kurangiza ibibazo bitakemuwe n’urukiko mpuzamahanga mpana byaha rwakoreraga Arusha kuri uyu munsi cyemeje ko Félicien Kabuga wagize uruhare rukomeye mu itegurwa n’ishyirwa mu bikorwa rya jenoside yakore abatutsi mu Rwanda yatawe muri yombi ku mbaraga zahujwe n’iki kigo cy’ubushinja cyaha, inzego zishinzwe umutekano na leta y’U bufaransa.
Inkuru dukesha urubuga rw’ubushinjacyaha (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abanyarwanda bakwiye kujya basuzuma neza amafaranga bahawe cyane cyane inoti nshya: CIP Marie Goretti Umutesi
Abanyarwanda bakwiye kujya basuzuma neza amafaranga bahawe cyane cyane inoti nshya: CIP Marie Goretti Umutesi

By Imfurayabo Pierre Romeo
Ibi yabivuze nyuma yuko Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Kanombe, kuwa Kane tariki 14 Gicurasi, ifafashe uwitwa Uwamaliya Chantal ufite imyaka 25, imufatana amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 25 y’amiganano.
Umuvugizi wa Polisi mu mujyi wa Kigali, Chief Inspector of Police (CIP) Marie Goretti Umutesi avuga ko Uwamaliya yari asanzwe ari umukozi utanga serivisi zo kubitsa no kubikuriza abantu amafaranga, muri ako kazi akaba ari nabwo (…)

424 Shares 4 Comments
Niyonsenga Dieudonne wiyitaga Cyuma kuri YouTube agiye gufungwa iminsi 30 y'agateganyo
Niyonsenga Dieudonne wiyitaga Cyuma kuri YouTube agiye gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

By Imfurayabo Pierre Romeo
Inkuru dukesha igihe iravuga ko imyanzuro y’urukiko rw’ibanze rwa Kagarama, yategetse ko Niyonsenga Dieudonné wiyita Cyuma ufite Ishema TV ikorera kuri YouTube, afungwa iminsi 30 y’agateganyo kubera ibyaha akurikiranyweho byo kwiyitirira umwirondoro, impapuro mpimbano ndetse no kwigomeka ku byemezo byafashwe n’abayobozi.
Niyonsenga yatawe muri yombi kuwa 15 Mata 2020, kubera kurenga ku mabwiriza yashyizweho mu kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19 (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru