Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
By Imfurayabo Pierre
Nkuko imyanzuro y’inama yabaminisitiri ibitangaza, abagororwa 3596 bahamwe nibyaha bitandukanye bafunguwe.
hifashishijwe ikoranabuhanga Inama y’abaminisitiri yateranye kuru wa 18 / 05 /2020 yiga kubibazo bitandukanye ndetse harimo no kwiga kuburyo bwo guhashya icyorezo cya coronavirus gihangayikishije isi, aho kurubu habarurwa abagera kuri 297 banduye coronavirus abagera kuri 203 bakaba barayikize.
Inama yabaminisitiri yemeje ko abagororwa 3596 bahamwe nibyaha (…)
By Imfurayabo Pierre
Umuntu wa mbere muri Madagascar yishwe na Coronavirus, uyu akaba ari umukozi wo mu rwego rw’ubuzima wari ufite imyaka 57, akaba yari arwaye izindi ndwara zirimo diabetes n’umuvuduko w’amaraso.
Akanama gashinzwe kurwanya Coronavirus muri Madagascar, katangaje aya makuru ku cyumweru. Umuvugizi wako Hanta Danielle Vololontiana, yavuze ko uyu mugabo yapfuye kuwa Gatandatu nijoro.
Ati “Umugabo yishwe na Covid-19 muri Madagascar, yari afite imyaka 57, ari umwe mu bakozi (…)
By Imfurayabo Pierre
Kuri zimwe mu mbuga nkoranyambaga hari indangamuntu ziriho amazina nka Sanduwice, Quatre Moteurs, Niboneyimbwa Munzuyarwo, Bikundaguhena, Umwarutarakurikiyamaraha, Ntawutaramaniryundimugabo, Gudubayi, Gumawitume, Turaburaye, Ntawuhorabyibushye n’andi, gusa ntawakwemeza niba koko izo ndangamuntu ari umwimerere, cyangwa ngo yemeze ko abo bantu koko bitwa batyo.
Uretse ibyo kandi mu Igazeti ya Leta No2 yo ku wa 14 Mutarama 2019, hatangajwemo ibyemezo Minisiteri (…)
By Imfurayabo Pierre
Mu nama yahuje perezida wa repuburika y’urwanda Paul KAGAME n’abaminisitiri yiga kubibazo bitandukanye bigiye byugarije igihugu muri rusange.
Nyakubahwa Paul KAGAME Yahaye imbabazi umugore umwe (1) n’abakobwa mirongo itanu (50) bari bafunzwe bazira gukura inda.
Dore imyanzuro yafashe ubwo habaga inama y’abaminisitiri yateranye kuwa 18 Gicurasi 2020 Kuri iyi paji niho hagaragara igika cyemeza ko perezida kagame yahaye imbabazi abafungiwe gukuramo inda Nkuko (…)
By Imfurayabo Pierre
Ejo kuwa gatandatu Umunyarwanda Félicien Kabuga wari mu bantu bashakishwa cyane ku isi akekwaho kuba umwe mu bari ku isonga rya Jenoside mu Rwanda mu 1994 yafatiwe i Paris mu Bufaransa nk’uko bitangazwa n’ubushinjacyaha bw’urwego rw’ubutabera rukurikirana ibyaha rwa ONU/UN.
Umushinjacyaha w’uru rwego Serge Brammertz yatangaje ko ifatwa rya Kabuga ari “ukwibutsa ko abagize uruhare muri jenoside bashobora kubazwa ibyo bakoze, no mu myaka 26 nyuma yabyo”.
Itangazo (…)
By Imfurayabo Pierre
Uyu munsi, Perezida Kagame yasuye uduce two mu Karere ka Nyabihu yibasiwe n’imvura nyinshi, harimo ikiraro cya Giciye kirimo kubakwa kugira ngo abanyamaguru bava muri ako gace babone ibitaro bya Shyira.
By Imfurayabo Pierre
Abakorera mu Mujyi wa Huye n’abahatembera bavuga ko batewe impungenge n’ubuzima bw’abana b’inzererezi basigaye bambara udupfukamunwa batoraguye mu dusanduku tujugunywamo imyanda tuzwi nka Poubelle.
Muri ibi bihe Abanyarwanda bose basabwa kwambara udupfukamunwa nka bumwe mu buryo bwo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19; mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Huye hari kugaragara abana b’izererezi bambaye udupfukamunwa batoraguye ahajugunywa imyanda.
Bamwe mu (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Ikigo cy’ubushinjacyaha cyashyizweho n’umuryango w’abibumbye mu kurangiza ibibazo bitakemuwe n’urukiko mpuzamahanga mpana byaha rwakoreraga Arusha kuri uyu munsi cyemeje ko Félicien Kabuga wagize uruhare rukomeye mu itegurwa n’ishyirwa mu bikorwa rya jenoside yakore abatutsi mu Rwanda yatawe muri yombi ku mbaraga zahujwe n’iki kigo cy’ubushinja cyaha, inzego zishinzwe umutekano na leta y’U bufaransa.
Inkuru dukesha urubuga rw’ubushinjacyaha (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Ibi yabivuze nyuma yuko Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Kanombe, kuwa Kane tariki 14 Gicurasi, ifafashe uwitwa Uwamaliya Chantal ufite imyaka 25, imufatana amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 25 y’amiganano.
Umuvugizi wa Polisi mu mujyi wa Kigali, Chief Inspector of Police (CIP) Marie Goretti Umutesi avuga ko Uwamaliya yari asanzwe ari umukozi utanga serivisi zo kubitsa no kubikuriza abantu amafaranga, muri ako kazi akaba ari nabwo (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Inkuru dukesha igihe iravuga ko imyanzuro y’urukiko rw’ibanze rwa Kagarama, yategetse ko Niyonsenga Dieudonné wiyita Cyuma ufite Ishema TV ikorera kuri YouTube, afungwa iminsi 30 y’agateganyo kubera ibyaha akurikiranyweho byo kwiyitirira umwirondoro, impapuro mpimbano ndetse no kwigomeka ku byemezo byafashwe n’abayobozi.
Niyonsenga yatawe muri yombi kuwa 15 Mata 2020, kubera kurenga ku mabwiriza yashyizweho mu kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19 (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















