Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
By Scovia Mutesi Kanyamuhanda Jean Bosco wo mu Karere ka Huye ukekwa icyaha cyo kwica umugore we amutemye yarashwe na Polisi arapfa kuri uyu wa Gatatu ubwo yageragezaga kuyicika. Uwo mugabo w’imyaka 56 y’amavuko yari asanzwe abana n’umugore we mu Kagali ka Sazange mu Murenge wa Kinazi. Akekwaho kwica umugore we amutemye ibice by’umubiri akabijugunya, mu mugezi wa Ntaruka ugabanya Nyanza na Huye.
Habonwe umurambo we udafite amaboko, ukuguru, ibere n’ibindi bice by’umubiri. Abaturage (…)
Mu Rwanda hashizweho uburyo bwo gutanga urukingo rwa Ebola mu bice bihana imbi ni gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ubwo hagaragaraga icyoroze cya Ebola birinda ko abanyarwanda bakora ubucuruzi bwambukiranya umupaka hashyirwaho n,uburyo bwo kupima abava congo ako kanya banduye,bakanakaraba intocyi; hashyirwaho n, uburyo bwokwigisha abaturage kwirind babwirwa uko Ebola yandura n,ibimenyetso byayo.
ntaburyo bwashyizweho bwo gutanga urukingo rwa Ebola kubafite ibyago (…)
Bya HABIMANA Jean Claude
Kamariza Olive (Mother of 3) from Musanze district who was severely battered by her husband (Vice Mayor) has brought her case to Twitter requesting safety from His Excellency Paul Kagame, the President of Republic of Rwanda.
The case of Kamaliza came last year when Rwanda Investigation Bureau (RIB) confirmed to having in custody Augustin Ndabereye, the vice mayor in charge of economic development in Musanze District due to assault.
RIB twitted “RIB has (…)
By imfurayabo Pierre Romeo
Inzobere mu kwandika itegeko nshinga za muri buri gihugu kigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) ziragera i Bujumbura uyu munsi aho zigiye kumara icyumweru mu bikorwa byo gutunganya itegeko nshinga rimwe ry’uyu muryango.
Ibi bigamije gushyira mu bikorwa imwe mu ntego enye za EAC yo; kuba igihugu kimwe gufite ubutegetsi bumwe bwa politiki na guverinoma.
EAC ivuga ko kuva ejo kuwa kabiri kugeza kuwa mbere utaha izo nzobere zizakorana hagati yazo (…)
By Pierre Romeo IMFURAYABO
Muri uyu mwaka wa 2020 nibwo biteganyijwe ko imirimo yo kuvugurura Stade Amahoro itangira, aho niyuzura izaba ifite ubushobozi bwo kwakira abantu ibihumbi 40 bicaye neza.
Mu 2018 Ikigo cy’Igihugu cy’imiturire (RHA) cyatangaje ko Stade Amahoro izavugururwa, ibice byayo byose bigasakarwa.
Stade Amahoro ikunze kwakira ibikorwa bitandukanye birimo imikino n’ibirori bitandukanye birimo iby’igihugu. Ifite igice gito gitwikiriye ndetse Impuzamashyirahamwe y’Umupira (…)
Ibihumbi by’abaturage byari byuzuye mu mihanda yo mu mujyi wa Tehran muri Iran, ubwo basezeraga ku murambo wa Gen Soleimani Qasem uherutse kwicwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Soleimani wari uyoboye umutwe w’ingabo zidasanzwe za Iran, yishwe kuwa Gatanu ushize yicirwa hafi y’ikibuga cy’indege cya Baghdad muri Iraq. Amerika ivuga ko yishwe ari gutegura igitero cy’iterabwoba cyagombaga kwibasira abanyamerika baba muri Iraq.
Umuhango wo gusezera kuri Soleimani wayobowe n’umuyobozi (…)
Yanditswe na Scovia Mutesi
Mu karere ka Rusizi ku kigonderabuzima cya Gihundwe hatangijwe na Minisiteri y’ubuzima gutanga urucyingo rwa Ebola gahunda yiswe UMURINZI ku baturage bakora ubucuruzi bwambukiranya umupaka bajya muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nundi wese ubishaka mu gihe y’abazi ko haraho yahurira niyo rwara.
Ikigikorwa cyageze mu Rwanda mu gihe uru rukingo rwageragejwe mu bihugu bitandukanye ku isi hagendewe kubyemezo by’impugucye za OMS zabonye ko rwa (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Umushoramari mushya muri uyu mushinga w’ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Bugesera ni leta ya Qatar, yaraye igiranye amasezerano n’iy’u Rwanda yo gushora imari muri uyu mushinga wongerewe agaciro ukava kuri miliyoni $800 ukagera kuri miliyari $1,3.
Uyu ni umushinga wavuzwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda kuva mu myaka irenga 30 ishize, mu kwa munani 2017 Perezida Paul Kagame yatangije imirimo yo kuwubaka ariko uza guhagarara.
Mu 2011, byatangajwe ko kubaka iki (…)
Yanditswe na Umugiraneza Alice .
Ku nshuro ya mbere Korali Integuza yo mu itorero ADEPR , Paruwase Musanze , Ururembo rw’Amajyaruguru, yasohoye umuzingo uriho indirimbo 10, zigizwe n’amashusho n’amajwi ,wiswe “Uzaturindire Ubuhamya”.
Iyi korali yahaye iri zina uyu muzingo, ngo kubera ko Imana yakomeje kubarinda, kandi bakaba basaba ko yakomeza no kurinda ibyo bagezeho., nk’uko Umuyobozi wayo Twagirimana Alphonse Rafiki yabitangaje.
Twagirimana Alphonse Rafiki Umuyobozi wa Korari (…)
Abayobozi binzego z’ibanze mu karere ka Musanze batereniye hamwe biga ibijyanye nitangwa ry’nguzanyo za VUP aho abaturage bavugako inguzanyo ya VUP mu gutangwa kwayo habagamo gutonesha n’icyenewabo ndetse na Ruswa kandi ko mugihe cyashize inguzanyo za VUP zatangwaga mu buryo butanyuze mu mucyo .
NDAYISABYE ni umuturage wo mu murenge wa Muhozayagize ati: “Hari umuntu wazaga gusaba inguzanyo akabicisha ku w’undi muntu nyuma bakazayagabana nyuma ugasanga bari guteza iby’uwo wafashe inguzanyo (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















