Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

Rwanda: Polisi yerekanye uburyo bushya bwo gukorera uruhushya rw'agateganyo rwo gutwara ikinyabiziga
Rwanda: Polisi yerekanye uburyo bushya bwo gukorera uruhushya rw’agateganyo rwo gutwara ikinyabiziga

Ubu buryo bwaje gufasha abantu kubona izi mpushya mu buryo bworoshye, kuko ubusanzwe byasabaga amezi atatu kugira ngo ibi bizamini bikorwe mu gihugu. Kuri uyu wa Gatanu, Polisi y’u Rwanda yagaragarije abanyamakuru uko serivisi zitangwa mu buryo bw’ikoranabuhanga kubaje gukora ibizami.
Polisi y’u Rwanda ivuga ko mbere y’uko umuntu aza gukora ikizamini, abanza kwiyandikisha akoresheje uburyo bw’ikoranabuhanga kwi Irembo cyangwa aciye kuri telefoni ye, agahabwa umunsi n’isaha azajya (…)

424 Shares 4 Comments
Ntongwe: Amazi begerejwe na USAID/Gikuriro yatumye bagira umuco wo guhangana ni indwara ziterwa n'umwanda
Ntongwe: Amazi begerejwe na USAID/Gikuriro yatumye bagira umuco wo guhangana ni indwara ziterwa n’umwanda

Abaturage bo mu murenge wa Ntongwe mu karere ka Ruhango batangaza ko umuyoboro w’amazi bahawe na gahunda ya USAID/Gikuriro waje ari igisubizo mu kwimakaza umuco wo gukaraba intoki mu rugamba rwo kwirinda indwara zikomoka ku mazi mabi zirimo indwara zumwanda nk’inzoka .
Abaganiriye n’umunyamakuru bo mu mudugudu wa Cyeru mu kagari ka Kebero bavuga ko mbere batarahabwa amazi bahoranaga imvune zo kuvomesha amazi mu birometero birenga bitanu aho bahana imbibi n’undi murenge cyangwa bakanywa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ruhango: Abangavu bishimira icyumba cy'umukobwa bahawe na GIKURIRO cyabafasha mw' isuku igihe cy'imihango
Ruhango: Abangavu bishimira icyumba cy’umukobwa bahawe na GIKURIRO cyabafasha mw’ isuku igihe cy’imihango

Abanyeshuri b’abakobwa by’umwihariko abangavu bageze mu gihe cyo kujya mu mihango, bo ku rwunge rw’amashuri rwa Nyarugenge ruherereye mu murenge wa Kinazi ho mu karere ka Ruhango batangaje ko bishimira icyumba cy’umukobwa cyaje gikuraho imbogamizi bahuraga nazo zirimo gusiba ishuri mu gihe hagiraga ujya mu mihango ari ku ishuri, ubu bakaba batagisiba amasomo.
Bamwe mu bangavu bageze mu gihe cyo gukoresha icyo cyumba cy’umukobwa ku rwunge rw’amashuri rwa G.S Nyarugenge, bavuga ukuntu (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Kwihangira umurimo byamufashije kurera ipfubyi
Musanze: Kwihangira umurimo byamufashije kurera ipfubyi

Yanditswe na Alice Umugiraneza
NYIRAMINANE Natharia wo mu murenge wa Cyuve,mu Karere ka Musanze ,avuga ko nyuma yo kuba umupfakazi yahisemo kwihangira umurimo akora ubudozi bw’imyenda,akaba ashimangira ko kwihangira umurimo bitagombera igishoro kinini. Uyu mugore ngo yaryaga ari uko avuye guca inshuro, ubundi ngo akarindira ko umugabo ataha ngo babashe guhaha ibyo bararira,umugabo amaze gupfa biba ibibazo bikomeye kuko atarakibona n’uwo asaba aribwo ya tekereje icyo yakora n’ubwo bitari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Gakenke:Mukamwiza yatejwe imbere no kwenga urwangwa
Gakenke:Mukamwiza yatejwe imbere no kwenga urwangwa

Yanditswe na Alice Umugiraneza.
Mukamwiza Mediatrice ni umugore wo mu karere ka Gakenke, Umurenge wa Mugunga akagali ka Rutenderi mu mudugudu wa Kiraro akaba ari mu kigero cy’imyaka 42, ubwo yasurwaga n’ikinyamakuru mamaurwagasabo yavuze ko yiteje imbere abikesha ku kugura ibitoki akabyengamo urwagwa, ni igikorwa cya mugejeje ku gishoro cy’ibihumbi Magana arindwi mu gihe cy’imyaka 10,ni umutungo usaga miliyoni 5, ahereye ku mafaranga ibihumbi umunani.
Mukamwiza yagize ati “nabanje (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze:bamwe murubyiruko biteje imbere bihangira imirimo.
Musanze:bamwe murubyiruko biteje imbere bihangira imirimo.

Yanditse na Alice Umugiraneza
Musanze bamwe murubyiruko bihangiye imirimo bakura amaboko mu mifuka aho bakora imirimo itandukanye harimo ubukorikori,ubugeni,ubukanishi bw’ibyuma byakoze,telephone,n’ubucuruzi bwibikoresho byakoze ndetse nibindi ururubyiruko ruvugako nyumo yokurangiza amashuri bakabura akazi bibumbiye hamwe baterana inkunga mu bushobozi bucyeya baribafite bakora itsinda rikora ubukorikori ubukanishi,ubucuruzi bw’ibikoresho byokoze aho kugeza ubu bamaze kuba koperative yitwa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kumvira inama za muganga ni bimwe mubyafashije abaturage kwirinda Ebola : Minisitiri Dr Gashumba
Kumvira inama za muganga ni bimwe mubyafashije abaturage kwirinda Ebola : Minisitiri Dr Gashumba

By Scovia Mutesi
Mu karere ka Rusizi ku kigonderabuzima cya Nkombo, Minisitiri w’Ubuzima Dr Diane Gashumba yatangije igikorwa cyo gutanga urukingo rwa Ebola muri gahunda yiswe UMURINZI ku baturage batuye mu kirwa cya nkombo kuko nabo ni bamwe mubambukiranya umupaka bajya muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagaragayemo icyorezo cya Ebola.
Itangwa ry’urukingo rwa Ebola mu Rwanda rije nyuma y’inyigo n’isesengura ryakozwe hirya no hino kw’isi, ndetse itsinda ry’impuguke za OMS (…)

424 Shares 4 Comments
Mu Rwanda habereye inama yiga ku ndwara zititabwaho
Mu Rwanda habereye inama yiga ku ndwara zititabwaho

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangije ibikorwa by’amezi atandatu bitegura inama y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma izabera mu Rwanda ku ndwara zititaweho ‘Kigali Summit on Malaria and Neglected Tropical Diseases’ (NTDs), iyi nsanganyamatsiko ikaba ari imwe mu bizaganirwaho mu nama y’Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Icyongereza (CHOGM) izabera i Kigali muri Kamena 2020.
Ni ibikorwa byo kurwanya indwara zititaweho mu bihugu biri mu nzira y’Amajyambere ziganjemo indwara z’inzoka zo mu nda (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Gen Nyamvumba yasabye urubyiruko kuburira bagenzi babo bajya mu byaha
Gen Nyamvumba yasabye urubyiruko kuburira bagenzi babo bajya mu byaha

Minisitiri w’Umutekano, Gen Patrick Nyamvumba, yasabye urubyiruko rw’abakorerabushake kuburira bagenzi babo bashukwa bakajyanwa mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda, avuga ko nta munsi n’umwe bazabigeraho kuko igihugu gifite ubushobozi bwo kurinda abaturage. Ibi yabigarutseho kuri uyu wa Kane tariki ya 23 Mutarama kuri Intare Arena, ubwo yafunguraga ku mugaragaro ihuriro rya Kane ry’urubyiruko 1500 rw’abakorerabushake bakorana na Polisi y’Igihugu mu kurwanya ibyaha. (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Urukiko rwanze ko Ndabereye wahoze ari Visi Meya afungurwa by'agateganyo
Musanze: Urukiko rwanze ko Ndabereye wahoze ari Visi Meya afungurwa by’agateganyo

Urukiko rwisumbuye rwa Musanze rutegetse ko Ndabereye Augustin akomeza kuburana afunzwe nyuma y’uko zimwe mu mpamvu yatanze mu kirego cye urukiko rusanze zidafite ishingiro.
Ndabereye Augustin yafunzwe ku itariki 30 Kanama 2019 aho akekwaho icyaha cyo gukubita, gukomeretsa no guhoza ku nkeke umugore we, nkuko tubicyesha ikinyamakuru Kigali Today Ni urubanza rwasomwe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki 21 Mutarama 2020, nyuma y’uko rusubitswe ku itariki 11 Mutarama 2020 ku mpamvu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru