Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Rwanda: Polisi yerekanye uburyo bushya bwo gukorera uruhushya rw’agateganyo rwo gutwara ikinyabiziga
Ubu buryo bwaje gufasha abantu kubona izi mpushya mu buryo bworoshye, kuko ubusanzwe byasabaga amezi atatu kugira ngo ibi bizamini bikorwe mu gihugu. Kuri uyu wa Gatanu, Polisi y’u Rwanda yagaragarije abanyamakuru uko serivisi zitangwa mu buryo bw’ikoranabuhanga kubaje gukora ibizami.
Polisi y’u Rwanda ivuga ko mbere y’uko umuntu aza gukora ikizamini, abanza kwiyandikisha akoresheje uburyo bw’ikoranabuhanga kwi Irembo cyangwa aciye kuri telefoni ye, agahabwa umunsi n’isaha azajya (…)
Abaturage bo mu murenge wa Ntongwe mu karere ka Ruhango batangaza ko umuyoboro w’amazi bahawe na gahunda ya USAID/Gikuriro waje ari igisubizo mu kwimakaza umuco wo gukaraba intoki mu rugamba rwo kwirinda indwara zikomoka ku mazi mabi zirimo indwara zumwanda nk’inzoka .
Abaganiriye n’umunyamakuru bo mu mudugudu wa Cyeru mu kagari ka Kebero bavuga ko mbere batarahabwa amazi bahoranaga imvune zo kuvomesha amazi mu birometero birenga bitanu aho bahana imbibi n’undi murenge cyangwa bakanywa (…)
Abanyeshuri b’abakobwa by’umwihariko abangavu bageze mu gihe cyo kujya mu mihango, bo ku rwunge rw’amashuri rwa Nyarugenge ruherereye mu murenge wa Kinazi ho mu karere ka Ruhango batangaje ko bishimira icyumba cy’umukobwa cyaje gikuraho imbogamizi bahuraga nazo zirimo gusiba ishuri mu gihe hagiraga ujya mu mihango ari ku ishuri, ubu bakaba batagisiba amasomo.
Bamwe mu bangavu bageze mu gihe cyo gukoresha icyo cyumba cy’umukobwa ku rwunge rw’amashuri rwa G.S Nyarugenge, bavuga ukuntu (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza
NYIRAMINANE Natharia wo mu murenge wa Cyuve,mu Karere ka Musanze ,avuga ko nyuma yo kuba umupfakazi yahisemo kwihangira umurimo akora ubudozi bw’imyenda,akaba ashimangira ko kwihangira umurimo bitagombera igishoro kinini. Uyu mugore ngo yaryaga ari uko avuye guca inshuro, ubundi ngo akarindira ko umugabo ataha ngo babashe guhaha ibyo bararira,umugabo amaze gupfa biba ibibazo bikomeye kuko atarakibona n’uwo asaba aribwo ya tekereje icyo yakora n’ubwo bitari (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza.
Mukamwiza Mediatrice ni umugore wo mu karere ka Gakenke, Umurenge wa Mugunga akagali ka Rutenderi mu mudugudu wa Kiraro akaba ari mu kigero cy’imyaka 42, ubwo yasurwaga n’ikinyamakuru mamaurwagasabo yavuze ko yiteje imbere abikesha ku kugura ibitoki akabyengamo urwagwa, ni igikorwa cya mugejeje ku gishoro cy’ibihumbi Magana arindwi mu gihe cy’imyaka 10,ni umutungo usaga miliyoni 5, ahereye ku mafaranga ibihumbi umunani.
Mukamwiza yagize ati “nabanje (…)
Yanditse na Alice Umugiraneza
Musanze bamwe murubyiruko bihangiye imirimo bakura amaboko mu mifuka aho bakora imirimo itandukanye harimo ubukorikori,ubugeni,ubukanishi bw’ibyuma byakoze,telephone,n’ubucuruzi bwibikoresho byakoze ndetse nibindi ururubyiruko ruvugako nyumo yokurangiza amashuri bakabura akazi bibumbiye hamwe baterana inkunga mu bushobozi bucyeya baribafite bakora itsinda rikora ubukorikori ubukanishi,ubucuruzi bw’ibikoresho byokoze aho kugeza ubu bamaze kuba koperative yitwa (…)
By Scovia Mutesi
Mu karere ka Rusizi ku kigonderabuzima cya Nkombo, Minisitiri w’Ubuzima Dr Diane Gashumba yatangije igikorwa cyo gutanga urukingo rwa Ebola muri gahunda yiswe UMURINZI ku baturage batuye mu kirwa cya nkombo kuko nabo ni bamwe mubambukiranya umupaka bajya muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagaragayemo icyorezo cya Ebola.
Itangwa ry’urukingo rwa Ebola mu Rwanda rije nyuma y’inyigo n’isesengura ryakozwe hirya no hino kw’isi, ndetse itsinda ry’impuguke za OMS (…)
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangije ibikorwa by’amezi atandatu bitegura inama y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma izabera mu Rwanda ku ndwara zititaweho ‘Kigali Summit on Malaria and Neglected Tropical Diseases’ (NTDs), iyi nsanganyamatsiko ikaba ari imwe mu bizaganirwaho mu nama y’Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Icyongereza (CHOGM) izabera i Kigali muri Kamena 2020.
Ni ibikorwa byo kurwanya indwara zititaweho mu bihugu biri mu nzira y’Amajyambere ziganjemo indwara z’inzoka zo mu nda (…)
Minisitiri w’Umutekano, Gen Patrick Nyamvumba, yasabye urubyiruko rw’abakorerabushake kuburira bagenzi babo bashukwa bakajyanwa mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda, avuga ko nta munsi n’umwe bazabigeraho kuko igihugu gifite ubushobozi bwo kurinda abaturage. Ibi yabigarutseho kuri uyu wa Kane tariki ya 23 Mutarama kuri Intare Arena, ubwo yafunguraga ku mugaragaro ihuriro rya Kane ry’urubyiruko 1500 rw’abakorerabushake bakorana na Polisi y’Igihugu mu kurwanya ibyaha. (…)
Urukiko rwisumbuye rwa Musanze rutegetse ko Ndabereye Augustin akomeza kuburana afunzwe nyuma y’uko zimwe mu mpamvu yatanze mu kirego cye urukiko rusanze zidafite ishingiro.
Ndabereye Augustin yafunzwe ku itariki 30 Kanama 2019 aho akekwaho icyaha cyo gukubita, gukomeretsa no guhoza ku nkeke umugore we, nkuko tubicyesha ikinyamakuru Kigali Today Ni urubanza rwasomwe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki 21 Mutarama 2020, nyuma y’uko rusubitswe ku itariki 11 Mutarama 2020 ku mpamvu (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















