Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Yanditswe na Mutesi Scovia
Iyo havuzwe imirimo abagore bakora idahabwa agaciro benshi batangira kwibaza abati ese aba bashaka guhembwa na nde, izi ni imvugo zikoreshwa iyo havuzwe iki kibazo, abandi bati iyo mirimo ubundi ni iyihe .
Iyo mirimo irimo; kuvoma amazi, kumesa, gushaka inkwi, guteka, kurera abana n’abantu bakuze, guhinga, kwita ku barwayi, gusura uwabyaye, gukubura n’indi mirimo itandukanye yo mu rugo ivunanye ariko idahabwa agaciro.
Akenshi usanga uyikora byitwa ko nta (…)
Madamu Jeannette Kagame yatangaje ko kugira ngo ‘U Rwanda rugere aho rwifuza’ bisaba gukoresha imbaraga zidasanzwe ziherekejwe no kwihangana kw’Abanyarwandakazi mu rugendo ruganisha igihugu aheza. Ni ubutumwa yatanze mu Nama Mpuzamahanga yiga ku Buringanire y’iminsi itatu iteraniye mu Mujyi wa Kigali kuva kuri uyu wa 25 Ugushyingo 2019.
Iyi nama yahurije hamwe abasaga 1000 barimo abayobozi bakuru mu nzego za Leta, abashoramari, abashakashatsi n’abikorera baturutse mu bihugu bitandukanye. (…)
By Raoul
Ku nshuro ya mbere Ibiro by’umuvunyi byahembye abanyamakuru bakorera ibitangazamakuru bitandukanyebababaye indashyikirwa mu gutara no gutangaza inkuru zerekeye kurwanya no gukumira ruswa.
Ni umuhango wabereye Kigali kuri uyu wa gatatu tariki ya 20 Ugushyingo 2019,ku umunsi wari ufite insanganyamatsiko igira iti”Duhuze imbaraga turwanya ruswa” aho abanyamakuru 15 bakorera ibitangazamakuru birimo Televiziyo,amaRadio,ibinyura kuri murandasi ndetse n’ibisohoka ku mpapuro.
Muri (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Umuryango utari uwa Leta Save Generations Organization kubufatanye n’akarere ka Gasabo n’ibigo by’amashuli G.S Kabuga na Ndera habayeho ibiganiro bigamije kurebera hamwe ibibazo bishingiye ku buzima bw’imyororokere abangavu n’ingimbi bahura nabyo.
Ibi biganiro byitabiriwe, n’abayobozi bahagarariye inzego zibanze, abahagarariye police n’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, uhagarariye ikigo cy’urubyiruko cya Kabuga ari naho ibiganiro byabereye, abanyeshuri, (…)
Written by: Isimbi Marie Flora
Ihuriro ryateguwe na Actionaid ryahujije abafatanya bikorwa bakora mu bijyanye n’uburenganzira baturutse mu turere dutatu aritwo,Gisagara,Karongi na Musanze bahurize hamwe mu kurwanya ihohoterwa bakorera n’ubuvugizi kuba hohotewe.Bamwe mu bitabiriye iri huriro barasaba ababyeyi kwirinda guhishira ihohoterwa kuko bitera ingaruka kuwarikorewe.
Umuhire Judithe ni umwe mu bari bitabiriye iri huriro akaba avuga ko ari mu bahohotewe afite imyaka 16 yiga mu mwaka (…)
Abagore n’abakobwa bafite ubumuga barasaba ko hirya no hino mu mavuriro bashyirirwa ho ibikorwa remezo bibafasha kubona serivisi z’ubuzima mu buryo buboroheye kandi ubuzima bwabo bwite butabangamiwe.
Ibi byagarutswe ho kuri uyu wa gatanu tariki ya 08 Ugushyingo 2019 mu nama yateguwe na UNABU umuryango uvugira abagore bafite ubumuga,yari igamije kurebera hamwe aho Serivisi z’ubuzima bw’imyororokere zigeze zihabwa abagore n’abakobwa bafite ubumuga.
Sauda Mukamazimpaka ufite ubumuga bwo (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
ActionAid Rwanda mu gufungura amahugurwa y’iminsi 3 yo kongerera ubushobozi abagore bihangiye imirimo, hagaragajwe ko akenshi impamvu umugore atabona umwanya wo gukora imirimo ibyara inyungu, biterwa no guhera mu rugo akora imirimo usanga idakunze no guhabwa agaciro.
Aya mahagurwa akaba yarateguwe na ACTIONAID RWANDA, kubufatanye n’umuryango nyafurika ugamije kongerera ubushobozi abari n’abategarugori (ACBF) Atangiza aya mahugurwa ku mugaragaro, Josephine (…)
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha, RIB, na Polisi y’Igihugu ku bufatanye n’izindi nzego, bafatiye mu mukwabu udasanzwe abantu 46 bari mu bikorwa birimo kwinjiza mu gihugu magendu no gucuruza ibiyobyabwenge.
Uyu mukwabu umaze kumenyerwa nka USALAMA ya gatandatu wabaye kuva tariki 30 Ukwakira kugeza 04 Ugushyingo 2019, uhurirwamo n’inzego za leta zirimo RIB, Polisi y’Igihugu n’abaturage.
Ubaye ku nshuro ya gatandatu aho utegurwa hashingiwe ku myanzuro yafashwe n’imiryango ya (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza.
Abanyeshuri bo ku ishuri ribanza rya Gashangiro ya II, mu murenge wa Cyuve , akarere ka Musanze; bavuga ko kwibumbira mu itsinda Ejo Heza Hari mu biganza byanjye, byatumye biga kwizigamira bakiri bato.Ubuyobozi bw’iri shuri bwo buratangaza ko Umwana akwiye gukurana umuco rwo kwizigamira mu rwego rwo gutegura ejo heza.
Itsinda ry’abanyeshuri bizigamiye nk’umuco bashaka gukurana
Bamwe mu banyeshuri bavuga ko iyi gahunda bihaye, yatumye bunganira ababyeyi (…)
Bamporiki Edouard wagizwe Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco yagaragaje ishema atewe n’icyizere yagiriwe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, amwizeza ko azubahiriza inshingano ze nk’uko abisabwa.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa mbere Tariki 04 Ugushyingo 2019 ni bwo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakoze impinduka zitandukanye muri Guverinoma no mu ngabo z’igihugu.
Dr Vincent Biruta Vincent Biruta yagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga asimbuye Dr (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















