Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

Rusizi: Mu mezi abiri ingo 7697 zizaba zifite umuriro w'amashanyarazi
Rusizi: Mu mezi abiri ingo 7697 zizaba zifite umuriro w’amashanyarazi

Umuyoboro ukwirakwiza amashanyarazi mu Karere ka Rusizi uzaha umuriro ingo 7697, ugeze kure wubakwa ku buryo mu gihe kitarenze amezi abiri izi ngo zose zizaba zicana. Ubu izisaga 4383 zatangiye gucana.
Umuyobozi w’ishami rya Sosiyete y’u Rwanda Ishinzwe Ingufu (REG) mu Karere ka Rusizi, avuga ko gatuwe n’ingo ibihumbi 95 muri zo izigera kuri 60% zifite amashanyarazi zirimo izisaga 54% zifite ayo zafatiye ku muyoboro mugari, izindi zikaba zifite aturuka ku mirasire y’izuba.
Akomeza avuga (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Haburijwemo umugambi w'abari bagiye kwinjiza ibiyobyabwenge mu gihugu
Rubavu: Haburijwemo umugambi w’abari bagiye kwinjiza ibiyobyabwenge mu gihugu

Ku bufatanye bw’abaturage n’inzego z’umutekano zari mu kazi, mu karere ka Rubavu hateshejwe abantu bataramenyekana bageragezaga kwinjiza mu gihugu ibiro 75 by’urumogi.
Ni igikorwa cyabereye mu karere ka Rubavu mu murenge wa Bugeshi mu kagari ka Hehu mu mudugudu wa Humure.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba CIP Emmanuel Kayigi yavuze ko hari mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki ya 03 Ugushyingo rishyira tariki ya 04 ubwo Polisi n’izindi nzego z’umutekano bari mu kazi, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Gen Nyamvumba wagizwe Minisitiri w'Umutekano mu gihugu ni muntu ki?
Gen Nyamvumba wagizwe Minisitiri w’Umutekano mu gihugu ni muntu ki?

Perezida Kagame kuri uyu wa Mbere yashyizeho abayobozi mu nzego zitandukanye z’igihugu, aho Gen Patrick Nyamvumba wari Umugaba Mukuru w’Ingabo kuva mu 2013 yagizwe Minisitiri w’Umutekano mu gihugu.
Gushyiraho aba bayobozi byashingiye ku biteganywa n’itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015 cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116.
Tariki 23 Kamena 2013 nibwo Gen Patrick Nyamvumba wavutse kuwa 11 Kamena 1967 yagizwe Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, asimbuye (…)

424 Shares 4 Comments
 Guharanira uburenganzira bw'abagore ni nko kurwana intambara y'isi
Guharanira uburenganzira bw’abagore ni nko kurwana intambara y’isi

by Scovia Mutesi
Ibi byagarutsweho ubwo hatangizwaga inama ihuza imiryango itari iya leta muri Afurika yabereye Addis Ababa Ethiopia ku cyicaro gikuru cy’umuryango wunze ubumwe bw’Afurika (AU) barebera hamwe nyuma y’imyaka makumyabiri n’itanu habayeho amasezerano ya Bejing yemezaga ko habaho ihame ry’uburinganire kw ‘isi.
Beijing ni amasezerano mpuzamahanga yashyizweho mu mwaka 1995 mu rwego rwo kwimakaza ihame ry’uburinganire n’uburenganzira bw’umugore n’umwana w’umukobwa ubu hari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abana bafite ubumuga bakwiye kwitabwaho mu kurindwa ihohoterwa.
Abana bafite ubumuga bakwiye kwitabwaho mu kurindwa ihohoterwa.

by scovia Ibi byagarutsweho mu mahugurwa y’umunsi umwe yateguwe n’umuryango actionaid Rwanda mu mushinga wiswe Speak out aho bahuguraga abakorana nabo muruyumushinga nindi miryango itari iya Leta aho bigiraga hamwe uburyo bwo gufasha abantu bafite ubumuga by’umwihariko abana bakobwa .
Bamwe mu bitabiriye aya mahugurwa ntibari bazi imvugo zi koreshwa kubantu bamugaye mu rwego rwo kutabapfobya. Ntibari bazi uburyo baganiriza abana bafite ubuga aho bavuze ko babimenye nkuko bisobanurwa numwe (…)

424 Shares 4 Comments
Tanzania: Ingaragu zigiye kujya zikubitwa kugira ngo zishake
Tanzania: Ingaragu zigiye kujya zikubitwa kugira ngo zishake

By Imfurayabo Pierre Romeo
Umuyobozi w’Intara ya Mbeya muri Tanzania, Albert Chalamila, yatangaje ko agiye gushyiraho gahunda yo gukubita ingaragu kugira ngo zive mu buselibateri.
Asobanura ko ingaragu kuzikubita bigamije kuzumvisha ko zigomba kubaka ingo, aho ukubiswe azajya asabwa gushakisha uwo barwubakana.
Chalamila yagize ati, “Ubu twatangiye gukoresha inkoni mu bintu byose, uwo tuzajya dusanga mu rugo atararongorwa ni ukumukubita kugira ngo ajye gushaka umugabo.”
Yunzemo ati, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
RUBAVU: kutubahiriza amategeko kw' amacumbi aciriritse biha abana uburyo bwo gukora uburaya
RUBAVU: kutubahiriza amategeko kw’ amacumbi aciriritse biha abana uburyo bwo gukora uburaya

Mu mujyi wa Rubavu, hagaragara amacumbi aciriritse menshi, azwi ku izina rya “lodge”, ariko amwe muri yo atuyemo abana bakora uburaya. Abacuruzi bo bareba inyungu gusa, bityo bakirengagiza ingaruka kuri aba bana bangirikira muri aya macumbi yabo. Abo banyiri amacumbi birengagiza amabwiriza avuga ko bagomba gufata umwirondo w’umuntu wese uje ubagana.
Mu macumbi (lodge) amwe nk’iyitwa “La Familia Guest House” aho umunyamakuru yaraye kugira ngo yirebere uko abo bana babayeho, nawe (…)

424 Shares 4 Comments
Gisagara: Abiga ‘Science' berekanye ibyo bamaze kumenya ngo bizabarinda gutega amaboko
Gisagara: Abiga ‘Science’ berekanye ibyo bamaze kumenya ngo bizabarinda gutega amaboko

Abana b’abakobwa biga Ubumenyi (Science) mu karere ka Gisagara bavuga ko ubumenyi bari kurahura mu ishuri buzabafasha kwihangira imirimo igihe bazaba barangije ku buryo bizeye ko ntawe bazategera amaboko cyangwa ngo birirwe bajya gusaba akazi.
Aba banyehsuri biga mu Ishuri St Bernard Kansi biganjemo abiga imibare, ubutabire, ubugenge no guhanga imirimo bavuga ko gahunda yo gushyira mu ngiro ibyo biga bakiri ku ishuri bibafasha kubimenya neza ku buryo bazarangiza bagira icyo bikorera. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
MINISANTE yatangije icyumweru cy'ubuzima bw'umwana n'umubyeyi
MINISANTE yatangije icyumweru cy’ubuzima bw’umwana n’umubyeyi

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangije icyumweru k’ibikorwa bikomatanyije byo kwita ku buzima bw’umwana n’umubyeyi, hitabwa ku ruhare rw’umuryango mu kubaka iterambere ry’abawugize binyuze mu kwita kuri gahunda zo kuboneza urubyaro no kwirinda indwara abantu bakaraba intoki.
Ku rwego rw’Igihugu, icyo cyumweru cyatangijwe ejo kuri uyu wa 14 Ukwakira 2019, mu karere ka Karongi, mu murenge wa Mubuga ahahuriye inzego zitandukanye za Leta, imiryango nterankunga mu bijyanye n’ubuzima (…)

424 Shares 4 Comments
Guha amashanyarazi Abanyarwanda bose ni umukoro utoroshye ariko ushoboka – REG
Guha amashanyarazi Abanyarwanda bose ni umukoro utoroshye ariko ushoboka – REG

“Umukuru w’Igihugu na Guverinoma y’u Rwanda batanze umukoro utoroshye ariko ushoboka wo kugeza amashanyarazi ku Banyarwanda bose mu 2024.”
Byatangajwe na Ron Weiss, Umuyobozi Mukuru wa REG 2019 mu muhango wo kwinjiza intore mu zindi wabereye mu kigo gitorezwamo umuco w’ubutore cya Nkumba mu karere ka Burera, aharimo gutorezwa intore z’Ikigo k’Igihugu gishinzwe Ingufu, ikiciro cya kabiri.
Weiss yunzemo ati, “Si akazi kakorwa n’umuntu umwe, ndishimira ko ubwitange bwanyu bujyana n’urugamba (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru