Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Umuyoboro ukwirakwiza amashanyarazi mu Karere ka Rusizi uzaha umuriro ingo 7697, ugeze kure wubakwa ku buryo mu gihe kitarenze amezi abiri izi ngo zose zizaba zicana. Ubu izisaga 4383 zatangiye gucana.
Umuyobozi w’ishami rya Sosiyete y’u Rwanda Ishinzwe Ingufu (REG) mu Karere ka Rusizi, avuga ko gatuwe n’ingo ibihumbi 95 muri zo izigera kuri 60% zifite amashanyarazi zirimo izisaga 54% zifite ayo zafatiye ku muyoboro mugari, izindi zikaba zifite aturuka ku mirasire y’izuba.
Akomeza avuga (…)
Ku bufatanye bw’abaturage n’inzego z’umutekano zari mu kazi, mu karere ka Rubavu hateshejwe abantu bataramenyekana bageragezaga kwinjiza mu gihugu ibiro 75 by’urumogi.
Ni igikorwa cyabereye mu karere ka Rubavu mu murenge wa Bugeshi mu kagari ka Hehu mu mudugudu wa Humure.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba CIP Emmanuel Kayigi yavuze ko hari mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki ya 03 Ugushyingo rishyira tariki ya 04 ubwo Polisi n’izindi nzego z’umutekano bari mu kazi, (…)
Perezida Kagame kuri uyu wa Mbere yashyizeho abayobozi mu nzego zitandukanye z’igihugu, aho Gen Patrick Nyamvumba wari Umugaba Mukuru w’Ingabo kuva mu 2013 yagizwe Minisitiri w’Umutekano mu gihugu.
Gushyiraho aba bayobozi byashingiye ku biteganywa n’itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015 cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116.
Tariki 23 Kamena 2013 nibwo Gen Patrick Nyamvumba wavutse kuwa 11 Kamena 1967 yagizwe Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, asimbuye (…)
by Scovia Mutesi
Ibi byagarutsweho ubwo hatangizwaga inama ihuza imiryango itari iya leta muri Afurika yabereye Addis Ababa Ethiopia ku cyicaro gikuru cy’umuryango wunze ubumwe bw’Afurika (AU) barebera hamwe nyuma y’imyaka makumyabiri n’itanu habayeho amasezerano ya Bejing yemezaga ko habaho ihame ry’uburinganire kw ‘isi.
Beijing ni amasezerano mpuzamahanga yashyizweho mu mwaka 1995 mu rwego rwo kwimakaza ihame ry’uburinganire n’uburenganzira bw’umugore n’umwana w’umukobwa ubu hari (…)
by scovia Ibi byagarutsweho mu mahugurwa y’umunsi umwe yateguwe n’umuryango actionaid Rwanda mu mushinga wiswe Speak out aho bahuguraga abakorana nabo muruyumushinga nindi miryango itari iya Leta aho bigiraga hamwe uburyo bwo gufasha abantu bafite ubumuga by’umwihariko abana bakobwa .
Bamwe mu bitabiriye aya mahugurwa ntibari bazi imvugo zi koreshwa kubantu bamugaye mu rwego rwo kutabapfobya. Ntibari bazi uburyo baganiriza abana bafite ubuga aho bavuze ko babimenye nkuko bisobanurwa numwe (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Umuyobozi w’Intara ya Mbeya muri Tanzania, Albert Chalamila, yatangaje ko agiye gushyiraho gahunda yo gukubita ingaragu kugira ngo zive mu buselibateri.
Asobanura ko ingaragu kuzikubita bigamije kuzumvisha ko zigomba kubaka ingo, aho ukubiswe azajya asabwa gushakisha uwo barwubakana.
Chalamila yagize ati, “Ubu twatangiye gukoresha inkoni mu bintu byose, uwo tuzajya dusanga mu rugo atararongorwa ni ukumukubita kugira ngo ajye gushaka umugabo.”
Yunzemo ati, (…)
Mu mujyi wa Rubavu, hagaragara amacumbi aciriritse menshi, azwi ku izina rya “lodge”, ariko amwe muri yo atuyemo abana bakora uburaya. Abacuruzi bo bareba inyungu gusa, bityo bakirengagiza ingaruka kuri aba bana bangirikira muri aya macumbi yabo. Abo banyiri amacumbi birengagiza amabwiriza avuga ko bagomba gufata umwirondo w’umuntu wese uje ubagana.
Mu macumbi (lodge) amwe nk’iyitwa “La Familia Guest House” aho umunyamakuru yaraye kugira ngo yirebere uko abo bana babayeho, nawe (…)
Abana b’abakobwa biga Ubumenyi (Science) mu karere ka Gisagara bavuga ko ubumenyi bari kurahura mu ishuri buzabafasha kwihangira imirimo igihe bazaba barangije ku buryo bizeye ko ntawe bazategera amaboko cyangwa ngo birirwe bajya gusaba akazi.
Aba banyehsuri biga mu Ishuri St Bernard Kansi biganjemo abiga imibare, ubutabire, ubugenge no guhanga imirimo bavuga ko gahunda yo gushyira mu ngiro ibyo biga bakiri ku ishuri bibafasha kubimenya neza ku buryo bazarangiza bagira icyo bikorera. (…)
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangije icyumweru k’ibikorwa bikomatanyije byo kwita ku buzima bw’umwana n’umubyeyi, hitabwa ku ruhare rw’umuryango mu kubaka iterambere ry’abawugize binyuze mu kwita kuri gahunda zo kuboneza urubyaro no kwirinda indwara abantu bakaraba intoki.
Ku rwego rw’Igihugu, icyo cyumweru cyatangijwe ejo kuri uyu wa 14 Ukwakira 2019, mu karere ka Karongi, mu murenge wa Mubuga ahahuriye inzego zitandukanye za Leta, imiryango nterankunga mu bijyanye n’ubuzima (…)
“Umukuru w’Igihugu na Guverinoma y’u Rwanda batanze umukoro utoroshye ariko ushoboka wo kugeza amashanyarazi ku Banyarwanda bose mu 2024.”
Byatangajwe na Ron Weiss, Umuyobozi Mukuru wa REG 2019 mu muhango wo kwinjiza intore mu zindi wabereye mu kigo gitorezwamo umuco w’ubutore cya Nkumba mu karere ka Burera, aharimo gutorezwa intore z’Ikigo k’Igihugu gishinzwe Ingufu, ikiciro cya kabiri.
Weiss yunzemo ati, “Si akazi kakorwa n’umuntu umwe, ndishimira ko ubwitange bwanyu bujyana n’urugamba (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















