Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

ICYOGAJURU CYAHAWE IZINA “ICYEREKEZO” CYOHEREJWE MU KIRERE NA LETA Y'URWANDA
ICYOGAJURU CYAHAWE IZINA “ICYEREKEZO” CYOHEREJWE MU KIRERE NA LETA Y’URWANDA

Leta y’ u Rwanda ifatanyije na Kampani y’ itumanaho yitwa OneWeb bohereje mu isanzure icyogajuru kizatuma amashuri yo mu Rwanda aherereye mu bice by’ icyaro abona interinete.
Iki cyogajuru cyohererejwe mu Bufaransa tariki 27 Gashyantare 2019 saa tanu n’ iminota 37 z’ ijoro ku isaha yo mu Rwanda.
Iki cyogajuru kiswe ICYEREKEZO kibanjirije ibindi u Rwanda ruzohereza mu kirere. Muri gahunda cyo guteza imbere igihugu, kimwe mu byo u Rwanda rwiyemeje gushyira imbere harimo ikoranabuhanga. (…)

424 Shares 4 Comments
RUSIZI: BURI MWAKA ABAKOBWA BARI HAGATI YA 450 NA 500 BATWARA INDA ZITATEGANIJWE
RUSIZI: BURI MWAKA ABAKOBWA BARI HAGATI YA 450 NA 500 BATWARA INDA ZITATEGANIJWE

Ubuyobozi bw’akarere ka Rusizi buvuga ko buhangayikishijwe bikomeye n’abana b’abakobwa bakomeje gutwara inda zitateganijwe n’ingaruka kuri bo ubwabo n’abo babyaye,aho buvuga ko buri mwaka abari hagati ya 450 na 500 bazitwara kandi abenshi batazi n’uburenganzira bwabo bikabakururira imibereho mibi.
Bwiza.com dukesha iyi nkuru, ivuga ko ibi byatangajwe n’umuyobozi wa Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage,Nsigaye Emmanuel ubwo kuri uyu wa kabiri tariki ya 27 Gashyantare (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
BURUNDI: ABAGORE BIFUZA GUKORA UMWUGA WO KUROBA BAKABIBUZWA N'UKO NGO BAYATERA UMWAKU
BURUNDI: ABAGORE BIFUZA GUKORA UMWUGA WO KUROBA BAKABIBUZWA N’UKO NGO BAYATERA UMWAKU

Inkuru yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Mu gihugu cy’u Burundi abagore bifuza gukora umwuga w’uburobyi bw’amafi ariko hakaba hari umugenzo abagabo bo muri iki gihugu bafite uvuga ko iyo umugore agiye mu kiyaga cyangwa mu bwato ifi zihunga.
BBC dukesha iyi nkuru yagerageje kumenya impamvu benshi mu bagore bo muri iki gihugu badakunze kugaragara muri uyu mwuga w’uburobyi, yegera bamwe mu barobyi bakorera ku kiyaga cya Tanganyika na bamwe mu bagore bacuruza indagara mu nkengero zicyo (…)

424 Shares 4 Comments
HAGIYE KOHEREZWA MU KIRERE ICYOGAJURU KIZAKWIRAKWIZA INTERNET MU MASHURI YO MU RWANDA
HAGIYE KOHEREZWA MU KIRERE ICYOGAJURU KIZAKWIRAKWIZA INTERNET MU MASHURI YO MU RWANDA

Icyogajuru kiswe ‘Icyerekezo’ cy’umushinga OneWeb kigiye koherezwa mu kirere, aho kizakwirakwiza umuyoboro wa internet yihuta mu mashuri ari ahantu kure harimo Urwunge rw’Amashuri rwitiriwe Yozefu ku Nkombo, mu Karere ka Rusizi. Ku bufatanye bw’u Rwanda na OneWeb, iki cyogajuru kizoherezwa mu kirere kiri muri bitandatu biteganyijwe ko bizoherezwa bigakwirakwiza internet mu mashuri yo mu Rwanda.
Izina Icyerekezo ryatanzwe n’abana bo kuri GS St Joseph Nkombo. Kizohererezwa ahitwa French (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
U RWANDA RURASHAKA KUBA IZINGIRO RY'IBIJYANYE N'UBWIKOREZI BWO MU KIRERE MU KARERE
U RWANDA RURASHAKA KUBA IZINGIRO RY’IBIJYANYE N’UBWIKOREZI BWO MU KIRERE MU KARERE

U Rwanda rurashaka kuba izingiro ry’ubwikorezi bw’abantu n’ibintu mu ndege mu karere nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Mbere n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Jean de Dieu Uwihanganye.
“Turareba u Rwanda nk’izingiro ry’akarere, bitari ukwibanda cyane gusa ku rujya n’uruza rw’abagenzi ahubwo n’imizigo. turi gutekereza gushyiraho umujyi w’ikibuga cy’indege uzahuzwa bya hafi n’icyanya cyahariwe inganda, na pariki y’imyidagaduro“, ibi ni ibyatangajwe na ean de Dieu (…)

424 Shares 4 Comments
RUHANGO: ABAHINZI B'INANASI BAHANGAYIKISHIJWE NO KUTABONA IMBUTO NZIZA ZO GUTERA
RUHANGO: ABAHINZI B’INANASI BAHANGAYIKISHIJWE NO KUTABONA IMBUTO NZIZA ZO GUTERA

Bamwe mu bahinzi b’inanasi bo mu murenge wa Kabagari, mu Karere ka Ruhango bavuga ko bahangayikishijwe n’ikibazo cyo kutabona imbuto nziza zo gutera z’inanasi kubera uburwayi bwibasiye iki gihingwa muri aka gace, mu gihe ari igihingwa ubusanzwe cyaheraga cyane.
Ndahimana François utuye mu kagari ka Karambi avuga ko ubusanzwe bezaga inanasi cyane ariko ubu ngo zafashwe n’uburwayi bwo gutukura, izamaze gufatwa avuga ko bazirandura ariko bakabura izindi nziza zo kuzisimbuza kuko naho (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
RDC: ABANYURURU BASAGA 100 BATOROTSE GEREZA YA BANDUNDU
RDC: ABANYURURU BASAGA 100 BATOROTSE GEREZA YA BANDUNDU

Abanyururu basaga 100 muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Mbere batorotse Gereza ya Bandundu iherereye mu Ntara ya Kwilu.
Ubutumwa bw’Igipolisi cya Congo, bwanyuijwe kuri twitter buravuga ko abanyururu 105 muri 302 bari bafungiye muri Gereza ya Bandundu batorotse.
Ubu butumwa bukomeza buvuga ko abo banyururu batorotse bigizwemo uruhare na bamwe mu bashinzwe kurinda gereza kuko batorotse batanishe urugi bakabasha gutoroka ku bwinshi gutyo banyuze ku irembo rinini. (…)

424 Shares 4 Comments
UGANDA YASHYIKIRIJE CONGO BAMWE MU BAHOZE MURI M23 BARI BAHAHUNGIYE
UGANDA YASHYIKIRIJE CONGO BAMWE MU BAHOZE MURI M23 BARI BAHAHUNGIYE

Abahoze ari abarwanyi b’umutwe wa M23 basaga 60 bari bari mu gihugu cya Uganda burijwe indege basubizwa iwabo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo nyuma y’imyaka itanu bahungiye muri iki gihugu nyuma yo gutsindwa ku rugamba n’ingabo za leta ifatanyie n’umutwe udasanzwe wa Monusco. Biravugwa ko byibuze abahoze ari abarwanyi 57 n’abandi bantu 10 bo mu miryango yabo buririye indege ku Kibu8ga cy’Indege Mpuzamahanga cya Entebbe kuri uyu wa Kabiri, itariki 26 Gashyantare ku isaha ya saa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
BANGLADESH: YARASHWE MU GIHE YASHAKAGA GUSHIMUTA INDEGE IRIMO ABANTU 156
BANGLADESH: YARASHWE MU GIHE YASHAKAGA GUSHIMUTA INDEGE IRIMO ABANTU 156

Ubwo indege yavaga mu gihugu cya Bangladesh, umugenzi yashatse gushimuta abantu 156 barimo ariko inzego z’umutekano zimugwa gitumo, ziramurasa.
CNN iratangaza ko ubwo iyi ndege yerekezaga i Dubai ivuye Dhaka muri Bangladesh, uyu mugenzi yafashe imbunda yo mu bwoko bwa pisitoli(Pistol) ayitunga bamwe mu bakozi bo mu ndege. Yategetse umutwazi ko kugusha indege ku kibuga cya Shah Amanat muri Chittakong ndetse bagahamagara Minisiteri w’Intebe, bakamubwira ko bashimiswe.
Ikihagera, bitarenze (…)

424 Shares 4 Comments
TOUR DU RWANDA: UMUNYA-ÉRYTHRÉE, MERHAWI KUDUS NIWE WEGUKANYE AGACE KA KABIRI
TOUR DU RWANDA: UMUNYA-ÉRYTHRÉE, MERHAWI KUDUS NIWE WEGUKANYE AGACE KA KABIRI

Umunya-Érythrée, Merhawi Kudus ni we wegukanye agace ka kabiri (Kigali-Huye) k’irushanwa ry’amagare ririmo kubere mu Rwanda muri uyu mwaka wa 2019.
Abakinnyi bitabiriye iri rushanwa bahagurutse mu Mujyi wa Kigali saa Yine z’igitondo (10:00) cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 25 Gashyantare 2019, berekeza i Huye aho basoreje aka gace. Ni urugendo rw’ibilometero 120.5.
Umunyarwanda Areruya Joseph yasoje aka gace ari ku mwanya wa Kane, akoresheje amasaha atatu, iminota ibiri n’amasegonda cumi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru