Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Leta y’ u Rwanda ifatanyije na Kampani y’ itumanaho yitwa OneWeb bohereje mu isanzure icyogajuru kizatuma amashuri yo mu Rwanda aherereye mu bice by’ icyaro abona interinete.
Iki cyogajuru cyohererejwe mu Bufaransa tariki 27 Gashyantare 2019 saa tanu n’ iminota 37 z’ ijoro ku isaha yo mu Rwanda.
Iki cyogajuru kiswe ICYEREKEZO kibanjirije ibindi u Rwanda ruzohereza mu kirere. Muri gahunda cyo guteza imbere igihugu, kimwe mu byo u Rwanda rwiyemeje gushyira imbere harimo ikoranabuhanga. (…)
Ubuyobozi bw’akarere ka Rusizi buvuga ko buhangayikishijwe bikomeye n’abana b’abakobwa bakomeje gutwara inda zitateganijwe n’ingaruka kuri bo ubwabo n’abo babyaye,aho buvuga ko buri mwaka abari hagati ya 450 na 500 bazitwara kandi abenshi batazi n’uburenganzira bwabo bikabakururira imibereho mibi.
Bwiza.com dukesha iyi nkuru, ivuga ko ibi byatangajwe n’umuyobozi wa Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage,Nsigaye Emmanuel ubwo kuri uyu wa kabiri tariki ya 27 Gashyantare (…)
Inkuru yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Mu gihugu cy’u Burundi abagore bifuza gukora umwuga w’uburobyi bw’amafi ariko hakaba hari umugenzo abagabo bo muri iki gihugu bafite uvuga ko iyo umugore agiye mu kiyaga cyangwa mu bwato ifi zihunga.
BBC dukesha iyi nkuru yagerageje kumenya impamvu benshi mu bagore bo muri iki gihugu badakunze kugaragara muri uyu mwuga w’uburobyi, yegera bamwe mu barobyi bakorera ku kiyaga cya Tanganyika na bamwe mu bagore bacuruza indagara mu nkengero zicyo (…)
Icyogajuru kiswe ‘Icyerekezo’ cy’umushinga OneWeb kigiye koherezwa mu kirere, aho kizakwirakwiza umuyoboro wa internet yihuta mu mashuri ari ahantu kure harimo Urwunge rw’Amashuri rwitiriwe Yozefu ku Nkombo, mu Karere ka Rusizi. Ku bufatanye bw’u Rwanda na OneWeb, iki cyogajuru kizoherezwa mu kirere kiri muri bitandatu biteganyijwe ko bizoherezwa bigakwirakwiza internet mu mashuri yo mu Rwanda.
Izina Icyerekezo ryatanzwe n’abana bo kuri GS St Joseph Nkombo. Kizohererezwa ahitwa French (…)
U Rwanda rurashaka kuba izingiro ry’ubwikorezi bw’abantu n’ibintu mu ndege mu karere nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Mbere n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Jean de Dieu Uwihanganye.
“Turareba u Rwanda nk’izingiro ry’akarere, bitari ukwibanda cyane gusa ku rujya n’uruza rw’abagenzi ahubwo n’imizigo. turi gutekereza gushyiraho umujyi w’ikibuga cy’indege uzahuzwa bya hafi n’icyanya cyahariwe inganda, na pariki y’imyidagaduro“, ibi ni ibyatangajwe na ean de Dieu (…)
Bamwe mu bahinzi b’inanasi bo mu murenge wa Kabagari, mu Karere ka Ruhango bavuga ko bahangayikishijwe n’ikibazo cyo kutabona imbuto nziza zo gutera z’inanasi kubera uburwayi bwibasiye iki gihingwa muri aka gace, mu gihe ari igihingwa ubusanzwe cyaheraga cyane.
Ndahimana François utuye mu kagari ka Karambi avuga ko ubusanzwe bezaga inanasi cyane ariko ubu ngo zafashwe n’uburwayi bwo gutukura, izamaze gufatwa avuga ko bazirandura ariko bakabura izindi nziza zo kuzisimbuza kuko naho (…)
Abanyururu basaga 100 muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Mbere batorotse Gereza ya Bandundu iherereye mu Ntara ya Kwilu.
Ubutumwa bw’Igipolisi cya Congo, bwanyuijwe kuri twitter buravuga ko abanyururu 105 muri 302 bari bafungiye muri Gereza ya Bandundu batorotse.
Ubu butumwa bukomeza buvuga ko abo banyururu batorotse bigizwemo uruhare na bamwe mu bashinzwe kurinda gereza kuko batorotse batanishe urugi bakabasha gutoroka ku bwinshi gutyo banyuze ku irembo rinini. (…)
Abahoze ari abarwanyi b’umutwe wa M23 basaga 60 bari bari mu gihugu cya Uganda burijwe indege basubizwa iwabo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo nyuma y’imyaka itanu bahungiye muri iki gihugu nyuma yo gutsindwa ku rugamba n’ingabo za leta ifatanyie n’umutwe udasanzwe wa Monusco. Biravugwa ko byibuze abahoze ari abarwanyi 57 n’abandi bantu 10 bo mu miryango yabo buririye indege ku Kibu8ga cy’Indege Mpuzamahanga cya Entebbe kuri uyu wa Kabiri, itariki 26 Gashyantare ku isaha ya saa (…)
Ubwo indege yavaga mu gihugu cya Bangladesh, umugenzi yashatse gushimuta abantu 156 barimo ariko inzego z’umutekano zimugwa gitumo, ziramurasa.
CNN iratangaza ko ubwo iyi ndege yerekezaga i Dubai ivuye Dhaka muri Bangladesh, uyu mugenzi yafashe imbunda yo mu bwoko bwa pisitoli(Pistol) ayitunga bamwe mu bakozi bo mu ndege. Yategetse umutwazi ko kugusha indege ku kibuga cya Shah Amanat muri Chittakong ndetse bagahamagara Minisiteri w’Intebe, bakamubwira ko bashimiswe.
Ikihagera, bitarenze (…)
Umunya-Érythrée, Merhawi Kudus ni we wegukanye agace ka kabiri (Kigali-Huye) k’irushanwa ry’amagare ririmo kubere mu Rwanda muri uyu mwaka wa 2019.
Abakinnyi bitabiriye iri rushanwa bahagurutse mu Mujyi wa Kigali saa Yine z’igitondo (10:00) cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 25 Gashyantare 2019, berekeza i Huye aho basoreje aka gace. Ni urugendo rw’ibilometero 120.5.
Umunyarwanda Areruya Joseph yasoje aka gace ari ku mwanya wa Kane, akoresheje amasaha atatu, iminota ibiri n’amasegonda cumi (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















