Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Si rimwe si kabiri humvikana ko umuntu yafashwe akajyanwa mu kigo kinyurwamo by’igihe gito bikarangira arekuwe vuba cyangwa bitinze ariko nta myitwarire ibangamiye abandi yamugaragayeho.
Impamvu ni nyinshi zirimo kuba hatangwa ruswa, kugirana ikibazo n’ufite ubushobozi bwatuma akugezayo ariko hari n’icyuho kigaragara mu Iteka rya Minisitiri Nº 001/07.01 ryo ku wa 19/04/2018 rigena inshingano, imiterere n’imikorere by’ibigo binyurwamo by’igihe gito (transit centre).
Ikigo kinyurwamo (…)
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ruherereye i Nyamirambo, ruzasoma umwanzuro w’urubanza Umunyamakuru Mugabe Robert ukurikiranweho ibyaha birimo gusambanya umwana no gutera inda umukobwa bakagerageza kuyikuramo.
Tariki 28 Gashantare nibwo Urukiko rw’Ibanze rwa Kagarama rwategetse ko Umunyamakuru Robert Mugabe, afungwa indi minsi 30 y’agateganyo.
Kuri uyu Kane Mugabe nibwo yitabye Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge aburana ku byaha akurikiranweho.
Ubushinjacyaha bwavuze ko Mugabe (…)
BY HABIMANA Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu Mirenge ya Gishari na Muhazi mu karere ka Rwamagana bavuga ko kuba badafite ubwiherero bwujuje ibisabwa biterwa n’ibura ry’isakaro aho bavuga ko rihenze, imvura yagwa ikabwangiriza.
Ubuyobozi w’umurenge bugaragaza ko kubonera isakaro abaturage basaga 400 birenze ubushobozi bwabo.
Alivera Nyiramagare w’imyaka 70 y’amavuko utuye mu mudugudu wa Nyagakombe, akagari ka Ruhunda, Umurenge wa Gishari akarere ka Rwamagana, avuga ko yicukiriye (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo Amakuru aturuka mu buyobozi bw’ akarere ka Kicukiro aravuga ko Angélique Mukunde wari Umuyobozi w’Akarere ka Kicukiro wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu na Higiro Emmanuel wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Kanombe beguye kuri iyi mirimo.
Ubutumwa bwashyizwe ku rukuta rwa Twitter rw’Akarere ka Kicukiro, bugaragaza ko inama njyanama yashyikirijwe ubusabe bwa Mukunde, ku wa mbere tariki ya 25 Werurwe 2019.
Ubu butumwa bugira buti (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo Ishami rya ONU rishinzwe kwita ku biribwa kwisi, PAM, rivuga ko incubi y’umuyaga Idai yateye akarere ka Afrika y’amajyepfo haciye iminsi cumi n’ibiri, iyi nkubi y’umuyaga yishe ibihingwa byatunga abenegihugu umwaka wose mu bice by’ibihugu bya Mozambike, Malawi na Zimbabwe.
David Beasley uyoboye iryo shyirahamwe yatangarije BBC dukesha iyi nkuru ko abahinzi batakaje byose, kandi ko hakenewe imfashanyo yihuta y’amafaranga kugira ngo bashobore (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo Ubwitabire bw’abagore mu gushinga ibitangazamakuru no kubiyobora buracyari hasi ahanini kubera imyumvire imwe nimwe ikomoka ku mateka yaranze u Rwanda nkuko bigaragazwa n’ubushakashatsi.
ibi bikaba bikubiye mu bushakashatsi bwakozwe n’inama nkuru y’igihugu y’itangazamakuru MHC bwagaragaje ko amaradiyo 34 akorera mu Rwanda yose yashinzwe n’abagabo. Kandi amateleviziyo 14 nayo akorera mu Rwanda nayo amenshi muriyo yashinzwe ndetse anayoborwa n’abagabo, (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame asoza inama nyafurika yahuje abayobozi b’ ibigo by’ ubucuruzi yari iteraniye i Kigali kuva ejo yavuze ko ibihugu bya Afurika bikwiye gutahiriza umugozi umwe kuko ikibazo kiri mu gihugu muturanye hari ubwo birangira kibaye ikibazo no mu gihugu cyawe. Yanakomoje ku mubano w’ u Rwanda na Uganda.
Mu bakuru b’ ibihugu bitabiriye iyi nama harimo Perezida mushya wa Repubulika ya Demukarasi ya Kongo. Perezida Kagame yavuze ko (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo Dr Mukhisa Kituyi, Umunyamabanga Mukuru w’Inama y’Umuryango w’Abibumbye ku Bucuruzi n’Iterambere (UNCTAD) yahishuye ukuntu igihugu cya Kenya cyahombye amasezerano abyara inyungu cyagombaga kugirana n’umuherwe w’Umushinwa, Jack Ma, Chairman wa Ali Baba Group, wahisemo gukorana n’u Rwanda.
Ibi Dr Mukhisa Kituyi yabihushuye mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Jeff Koinange wa JKL, aho ashimangira ko Guverinoma ya Kenya yananiwe kumvisha Jack Ma ko (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo Umushumba w’ Itorero Amazing Grace Patrick Rwayitare yatawe muri yombi na polisi y’ u Rwanda nyuma yo kuyirwanya ubwo yashakaga kongera gufunga uru rusengero rwari rwarafunzwe ba nyirarwo bakarufungura rutaruzuza ibisabwa.
Uru rusengero rwa Kibilizi rwari rwafungiwe kutuzuza ibiswa birimo uburyo butuma rudashora amajwi ngo rusakurize abaruturiye, kutagira parikingi z’ amamodoka, imirasane ihagije n’ ubusitani.
Amakuru dukesha ikinyamakuru ukwezi.rw (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo Abagore babyaye abana bafite ibibazo by’imyitwarire bizwi nka ‘Autisme’, bavuga ko bakorerwa ihohoterwa ritandukanye n’abagabo babo kugera n’aho babaharika.
Autisme ni uruhurirane rw’ibibazo by’imyitwarire bijyanye n’ibibazo byo kwisanga mu muryango ndetse no gutinda kuvuga bijyana n’ubufura ku mwana ukiri muto.
Niwemutoni Claudine, wo mu Karere ka Kamonyi, uvuga ko yabyaye umwana ufite ibibazo byo mu mutwe. Yaje kumenya ko umwana we afite ikibazo (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















